{"id":46557,"date":"2022-10-29T21:57:19","date_gmt":"2022-10-29T19:57:19","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=46557"},"modified":"2022-10-29T21:57:19","modified_gmt":"2022-10-29T19:57:19","slug":"uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/","title":{"rendered":"Uwari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#8216;ubugome&#8217;"},"content":{"rendered":"<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Uwahoze ari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari &#8220;ubugome&#8221; kandi ko &#8220;idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko &#8220;bidasanzwe&#8221; kuba Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu uriho muri iki gihe yaravuze ko &#8220;inzozi&#8221; ze ari ukubona indege ihagurutse ijyanye mu Rwanda abasaba ubuhungiro.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Yumvikanishije ko abaminisitiri ahubwo bakwiye kwibanda ku kuvugurura umubano n&#8217;Ubufaransa mu rwego rwo guhangana n&#8217;ikibazo cy&#8217;abambuka umuhora wa Channel (La Manche).<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Rudd yeguye ku mwanya wa Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu mu mwaka wa 2018, bijyanye n&#8217;amahano yiswe &#8216;Windrush scandal&#8217;, ubwo bamwe mu basaba ubuhungiro bafungwaga mu buryo bunyuranyije n&#8217;amategeko ndetse bamwe bakirukanwa mu Bwongereza.<\/p>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Mu kwezi kwa cyenda mu 2019 yavuye ku kuba mu bahagarariye mu nteko ishingamategeko ishyaka rya Conservative riri ku butegetsi, abikora mu kwamagana uburyo Boris Johnson yitwaye kuri Brexit (kuva mu muryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Uburayi kw&#8217;Ubwongereza).<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro yatangijwe mu kwezi kwa kane uyu mwaka, ikaba igamije kuhohereza bamwe mu basaba ubuhungiro bageze mu Bwongereza bambutse umuhora wa Channel.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Ubusabwe bwabo bw&#8217;ubuhungiro bukigirwa mu Rwanda ariko ntibasubizwe mu Bwongereza.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Bijyanye n&#8217;iyi gahunda, igamije guca intege abantu bambuka bakoresheje inzira zitarimo umutekano, abimukira &#8220;binjira ku bushake mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n&#8217;amategeko bavuye mu gihugu gitekanye bakwiye gusubizwa byihuse mu gihugu bavukamo cyangwa bakimurirwa mu Rwanda&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Urugendo rwa mbere rw&#8217;indege yari yitezwe kujyana mu Rwanda itsinda rya mbere ryabo rwaburijwemo mu kwezi kwa gatandatu habura iminota ngo indege ihaguruke, bitegetswe n&#8217;urukiko.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Rudd yabwiye GB News ko &#8220;atemera&#8221; iyi gahunda.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Yagize ati: &#8220;Mbere na mbere ntekereza ko ari gahunda y&#8217;ubugome, tutari dukwiye kuba twaranashyizeho.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">&#8220;Ariko ni na gahunda, ibyo tubishyize ku ruhande, idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa. Sinibwira ko izigera ibaho&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Yavuze ko &#8220;umubare ukomeje kwiyongera w&#8217;abantu bashyira ubuzima bwabo mu kaga&#8221; kugira ngo bagere mu Bwongereza ari &#8220;ikibazo duhuriyeho n&#8217;Abafaransa&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Ati: &#8220;Nizeye ko iyi guverinoma nshya igiye kugicyemura ibinyujije mu kugirana umubano mwiza kurushaho n&#8217;Abafaransa. Tubwizanye ukuri, igishoboka gusa ni uko [ikibazo] cyagabanuka&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Mu nama y&#8217;ishyaka rya Conservative yo muri uku kwezi kwa cumi, Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu Suella Braverman yavuze ko afite &#8220;inzozi&#8221; no &#8220;gutwarwa [mu bitekerezo]&#8221; ku kubona indege itwaye abimukira ihagurutse yerekeza mu Rwanda bitarenze kuri Noheli yo muri uyu mwaka.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Braverman yeguye kuri uwo mwanya mu minsi ya nyuma y&#8217;ubutegetsi bw&#8217;uwari Minisitiri w&#8217;intebe Liz Truss, kubera kurenga ku mategeko ajyanye n&#8217;imikoreshereze y&#8217;ikoranabuhanga nk&#8217;umutegetsi, ariko nyuma y&#8217;iminsi itandatu yasubijwe kuri uwo mwanya na Minisitiri w&#8217;intebe Rishi Sunak.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Amashyaka atavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi hamwe n&#8217;abadepite bamwe bo mu ishyaka rya Conservative bagaragaje impungenge batewe no kuba yarasubijwe kuri uwo mwanya.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Yemeye ko yohereje inyandiko akoresheje email ye y&#8217;akazi, akayoherereza umuntu utemerewe kuyakira.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr ebmt73l0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-1y32vyc e17g058b0\" dir=\"ltr\">Rudd yavuze ko &#8220;yatunguwe&#8221; no kubona Braverman asubijwe kuri uwo mwanya, ariko ko byari byo &#8220;kumuha amahirwe no kureba uko bigenda&#8221;.<\/p>\n<p dir=\"ltr\">BBC<\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwahoze ari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari &#8220;ubugome&#8221; kandi ko &#8220;idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa&#8221;. Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko &#8220;bidasanzwe&#8221; kuba Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu uriho muri iki gihe yaravuze ko &#8220;inzozi&#8221; ze ari ukubona indege ihagurutse ijyanye mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":46301,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-46557","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uwari Minisitiri w&#039;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#039;ubugome&#039; - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uwari Minisitiri w&#039;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#039;ubugome&#039; - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwahoze ari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari &#8220;ubugome&#8221; kandi ko &#8220;idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa&#8221;. Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko &#8220;bidasanzwe&#8221; kuba Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu uriho muri iki gihe yaravuze ko &#8220;inzozi&#8221; ze ari ukubona indege ihagurutse ijyanye mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-29T19:57:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"450\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Uwari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#8216;ubugome&#8217;\",\"datePublished\":\"2022-10-29T19:57:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/09\\\/uk-rwanda.jpg\",\"articleSection\":[\"Amahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/\",\"name\":\"Uwari Minisitiri w'ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari 'ubugome' - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/09\\\/uk-rwanda.jpg\",\"datePublished\":\"2022-10-29T19:57:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/09\\\/uk-rwanda.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/09\\\/uk-rwanda.jpg\",\"width\":800,\"height\":450,\"caption\":\"Abigaragambya bamagana gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, hanze y'urukiko rukuru i London\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uwari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#8216;ubugome&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uwari Minisitiri w'ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari 'ubugome' - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uwari Minisitiri w'ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari 'ubugome' - Umunyarwanda","og_description":"Uwahoze ari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari &#8220;ubugome&#8221; kandi ko &#8220;idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa&#8221;. Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko &#8220;bidasanzwe&#8221; kuba Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu uriho muri iki gihe yaravuze ko &#8220;inzozi&#8221; ze ari ukubona indege ihagurutse ijyanye mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-10-29T19:57:19+00:00","og_image":[{"width":800,"height":450,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Uwari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#8216;ubugome&#8217;","datePublished":"2022-10-29T19:57:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/"},"wordCount":472,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg","articleSection":["Amahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/","name":"Uwari Minisitiri w'ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari 'ubugome' - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg","datePublished":"2022-10-29T19:57:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/09\/uk-rwanda.jpg","width":800,"height":450,"caption":"Abigaragambya bamagana gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, hanze y'urukiko rukuru i London"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uwari-minisitiri-wubutegetsi-mu-bwongereza-avuga-ko-gahunda-yo-kohereza-mu-rwanda-abasaba-ubuhungiro-ari-ubugome\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uwari Minisitiri w&#8217;ubutegetsi mu Bwongereza avuga ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ari &#8216;ubugome&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46557","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=46557"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46557\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":46558,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46557\/revisions\/46558"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/46301"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=46557"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=46557"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=46557"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}