{"id":47476,"date":"2023-05-16T21:07:46","date_gmt":"2023-05-16T19:07:46","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=47476"},"modified":"2023-05-16T21:07:46","modified_gmt":"2023-05-16T19:07:46","slug":"ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/","title":{"rendered":"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d"},"content":{"rendered":"<p><strong>Itangazo rigenewe itangazamakuru<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 16 Gicurasi 1998 \u2013 tariki ya 16 Gicurasi 2023 : imyaka 25 irashize umunsi ku wundi Seth Sendashonga, umwe mu bantu baharaniye ubwiyunge bw\u2019abanyarwanda n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu yiciwe i Nairobi muri Kenya. Nk\u2019uko Perezida Paul Kagame umaze hafi imyaka 29 ku butegetsi yabyivugiye muri Gashyantare 2019 imbere y\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihiugu bari mu nama yaberaga i Gabiro mu ntara y\u2019iburasirazuba, icyo gikorwa cy\u2019ubwicanyi niwe wagitanzeho amabwiriza.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kwibuka uwo muvandimwe, uwo mubyeyi, iyo ntwari y\u2019igihugu cyacu, ikigo cyamwitiriwe (Institut Seth Sendashonga pour la Citoyennete\u0301 De\u0301mocratique, ISCID asbl) kizashyira ahagaragara igitabo cyitwa \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d. Ni igitabo gikubiyemo umusanzu w\u2019abanyarwanda b\u2019intiti batuye mu bihugu binyuranye by\u2019isi kandi bakomoka mu turere tunyuranye tw\u2019u Rwanda. Icyo gitabo kigamije gufasha abanyarwanda gusubiza amaso inyuma bakareba inzira u Rwanda rwanyuzemo uhereye igihe Nyakwigendera Seth Sendashonga yavukiye, mu w\u20191951. Ni urugendo rwabayemo impanuka nyinshi zasigiye umuryango nyarwanda ibikomere byinshi.<\/p>\n<p>Imyaka 70 irimo ingoma ya cyami mu marembera yayo, irimo ubukoroni nabwo bugiye kurangira, irimo Repuburika ya mbere yamaze imya 12, irimo Repuburika ya kabiri yamaze imyaka 21, irimo na Repuburika ya gatatu imaze imyaka 29. Uburyo izo ngoma zagiye zisimburana ni amakorosi akomeye yashyize igihugu cyacu mu gihirahiro.<\/p>\n<p>Icyo gitabo kizamurikwa mu biganiro mbwirwaruhame biteganijwe tariki ya 20 Gicurasi 2023 nk\u2019uko byatangajwe mbere. Twibutse ko adresse y\u2019aho ibiganiro bizabera ari <strong>40, Rue Washington, 1050 Ixelles (Bruxelles), hafi y\u2019umuhanda wa Avenue Louise<\/strong>. Ababishoboye muzaze kumva ibyo biganiro.<\/p>\n<p>Bikorewe i Buruseli, tariki ya 15\/05\/2023<\/p>\n<p><strong>Jean-Claude Kabagema,<\/strong><br \/>\nPerezida wa ISCID asbl<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itangazo rigenewe itangazamakuru Tariki ya 16 Gicurasi 1998 \u2013 tariki ya 16 Gicurasi 2023 : imyaka 25 irashize umunsi ku wundi Seth Sendashonga, umwe mu bantu baharaniye ubwiyunge bw\u2019abanyarwanda n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu yiciwe i Nairobi muri Kenya. Nk\u2019uko Perezida Paul Kagame umaze hafi imyaka 29 ku butegetsi yabyivugiye muri Gashyantare 2019 imbere y\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihiugu bari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":47477,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-47476","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Itangazo rigenewe itangazamakuru Tariki ya 16 Gicurasi 1998 \u2013 tariki ya 16 Gicurasi 2023 : imyaka 25 irashize umunsi ku wundi Seth Sendashonga, umwe mu bantu baharaniye ubwiyunge bw\u2019abanyarwanda n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu yiciwe i Nairobi muri Kenya. Nk\u2019uko Perezida Paul Kagame umaze hafi imyaka 29 ku butegetsi yabyivugiye muri Gashyantare 2019 imbere y\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihiugu bari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-05-16T19:07:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"519\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"738\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/\",\"name\":\"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png\",\"datePublished\":\"2023-05-16T19:07:46+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png\",\"width\":519,\"height\":738},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Itangazo rigenewe itangazamakuru Tariki ya 16 Gicurasi 1998 \u2013 tariki ya 16 Gicurasi 2023 : imyaka 25 irashize umunsi ku wundi Seth Sendashonga, umwe mu bantu baharaniye ubwiyunge bw\u2019abanyarwanda n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu yiciwe i Nairobi muri Kenya. Nk\u2019uko Perezida Paul Kagame umaze hafi imyaka 29 ku butegetsi yabyivugiye muri Gashyantare 2019 imbere y\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihiugu bari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2023-05-16T19:07:46+00:00","og_image":[{"width":519,"height":738,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/","name":"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png","datePublished":"2023-05-16T19:07:46+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/05\/cover22.png","width":519,"height":738},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikigo-kitiriwe-seth-sendashonga-kigiye-gusohora-igitabo-kiswe-u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-yamateka\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikigo kitiriwe Seth Sendashonga kigiye gusohora igitabo kiswe: \u201c U Rwanda mu gihirahiro, twubakire amahoro arambye ku masomo y\u2019amateka\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47476","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=47476"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47476\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":47478,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47476\/revisions\/47478"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/47477"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=47476"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=47476"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=47476"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}