{"id":47610,"date":"2023-07-03T02:54:33","date_gmt":"2023-07-03T00:54:33","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=47610"},"modified":"2023-07-03T02:54:33","modified_gmt":"2023-07-03T00:54:33","slug":"paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/","title":{"rendered":"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w&#8217;Ubwigenge"},"content":{"rendered":"<p>Ku nshuro ya mbere, umunyapolitiki Paul Rusesabagina yatangaje ko yafunguwe na leta y\u2019u Rwanda kubera igitutu cy\u2019Amahanga.<\/p>\n<p>Ni mu gihe hari ibaruwa igaragaza ko yaba yarasabye imbabazi umukuru w\u2019u Rwanda Paul Kagame. Mu butumwa bwe, Rusesabagina yatunze agatoki ubutegetsi ko bwamukoreye ibikorwa by\u2019iyicarubozo n\u2019ibindi nyuma yo kumushimuta.<\/p>\n<p>Mu butumwa bwe bwa mbere yashyize hanze muri videwo yacishije ku muyoboro wa Youtube, Rusesabagina yatangiye ashimira buri wese avuga ko yagize uruhare mu gukurikirana ikibazo cye kuva afunzwe kugeza afunguwe.<\/p>\n<p>Atangira Ashima Imana, umuryango we, ibihugu bya rutura birimo leta Zunze Ubumwe za Amerika n\u2019Umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019Uburayi, abaharanira iyubahirizwa ry\u2019Uburenganzira bwa muntu, Itangazamakuru n\u2019abandi.<\/p>\n<p>Mu butumwa bwe, Rusesabagina wumvikana mu ijwi rifite intege nke, yabushize hanze ku itariki ya mbere y\u2019ukwezi kwa Karindwi, umunsi u Rwanda rwaboneyeho ubwigenge. Aributsa ko kuri we icyakabaye ubwigenge ari ikinyuranyo.<\/p>\n<p><strong>Impfundo ry&#8217;Ibibazo n&#8217;Ubutegetsi mu Rwanda <\/strong><\/p>\n<p>Rusesabagina yamamaye cyane kuri Filimi yiswe \u201cHoteli Rwanda\u201d kubera igikorwa cy\u2019indashyikirwa azwi ho cyo kurokora abatutsi barenga 1000 bari bahungiye muri hotel des Mille Collines. Ibi Rusesabagina avuga ko ari wo muzi w\u2019ikibazo cye n\u2019ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame nyuma yo kwambikwa umudari n\u2019uwari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Z\u2019Amerika George W Bush mu mwaka wa 2005.<\/p>\n<div class=\"wsw__embed\">\n<figure class=\"media-image js-media-expand js-media-expand--ready\">\n<div class=\"img-wrap\">\n<div class=\"thumb\"><img decoding=\"async\" class=\" enhanced\" src=\"https:\/\/gdb.voanews.com\/01000000-0a00-0242-1cc1-08db2c8da92f_w650_r1_s.jpg\" alt=\"\" \/><\/div>\n<\/div>\n<\/figure>\n<\/div>\n<p>Nyuma yo gukatirwa imyaka 25 agafungwa, Rusesabagina avuga ko yakorewe ibikorwa by\u2019iyicarubozo muri gereza yemeza ko ari imwe ma magereza mabi ku isi we yita \u201cI Kuzimu\u201d.<\/p>\n<p>Yifatiye ku gahanga Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame n\u2019ishyaka FPR Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda. Ni mu magambo yagize ati \u201cBarashimuta, bakora iyicarubozo, bafungira ibinyoma, barica kandi bahimba imanza ziteye isoni ; ku bantu bose batavuga rumwe na bo\u201d.<\/p>\n<p>Rusesabagina icyo afata nk\u2019inzira y\u2019umusaraba yaciyemo mu gihe yari afungiwe mu Rwanda akomeza gushima Rurema ko yasohotsemo ahumeka umwuka w\u2019abazima bitandukanye n\u2019ibyo avuga bijya biba ku bandi. Avuga ko ibyo yahuriye na byo muri gereza mu Rwanda byongeye kumubera ishuli kuko yemeza ko uyigezemo asohokanamo impamyabumenyi.<\/p>\n<p>Ati \u201cNamenye ko ibyatubaho byose ntidushobora gupfa umunsi wacu utaragera. Nizera ko u buzima bwanjye bwarokotse kugira ngo nzababwire amateka yanjye.\u201d<\/p>\n<p>Mu butumwa bwe kandi umunyapolitiki Paul Rusesabagina, yagereranyije Politiki yo mu rwamubyaye na politiki ya ba gashakabuke izwi nka \u201cApariteyidi\u201d yaranze igihugu cya Afurika Y\u2019epfo mu myaka yo hambere. Avuga ko igihe kigeze ngo bihinduke.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/7163054.html?type=audio\" width=\"100%\" height=\"144\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\"><\/iframe><\/p>\n<p>Rusesabagina atangaje ibi mu gihe akimara kugera hanze y\u2019umunyururu hahise hakwirakwira amabaruwa arimo n\u2019iyo bigaragara ko yaba yarashyizeho umukono, Ijwi ry\u2019Amerika itabashije kugenzura umwimerere wayo. Igaragaza ko yasohotse nyuma yo gusaba imbabazi akazihabwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.<\/p>\n<p>Muri iyo baruwa hari ahanditse ko yasabye imbabazi ashingiye ku zabukuru n\u2019uburwayi bwa karande, yifuza gusanga umuryango we muri Leta Zunze ubumwe z\u2019Amerika. Hagaragaramo ukwizeza ko nyuma yo gufungurwa atazasubira ukundi mu bikorwa bya politiki ndetse no kwicuza ku bikorwa by\u2019umutwe wa MRDC\/FLN yari akuriye byahitanye ubuzima bw\u2019abasivili.<\/p>\n<div class=\"wsw__embed\">\n<figure class=\"media-image js-media-expand js-media-expand--ready\">\n<div class=\"img-wrap\">\n<div class=\"thumb\"><img decoding=\"async\" class=\" enhanced\" src=\"https:\/\/gdb.voanews.com\/87c20cd2-3f61-48a9-9996-5e28cfe50326_w650_r1_s.jpg\" alt=\"\" \/><\/div>\n<\/div>\n<\/figure>\n<\/div>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Ijwi ry\u2019Amerika imaze kumva ibikubiye mu butumwa bwa Rusesabagina yashatse abavugira leta y\u2019u Rwanda igamije kumva icyo bavuga ku birego ashinja ubutegetsi.<\/p>\n<p>Bwana Alain Mukurarinda umuvugizi wungirije wa Leta y\u2019u Rwanda ntiyitabye. Mu butumwa bugufu twamwandikiye ku rubuga rwa Whatsapp yadusubije ko ntacyo yabivugaho.<\/p>\n<p>Ijwi ry\u2019Amerika yanashatse bamwe mu bari bahagarariye abaregeraga indishyi mu rubanza rwa Rusesabagina igamije kumva icyo bavuga kuri ubu butumwa bwe. Umwe mu banyamategeko utashatse kumvikana mu itangazamakuru yatubwiye ko ubu butumwa kugeza ubu butabareba kuko yaduhamirije ko nyuma yo gufungura Rusesabagina ibyo baregeraga babihawe nk\u2019uko urukiko rwari rwabitegetse.<\/p>\n<p>Uyu yaduhamirije ko indishyi zatanzwe na Rusesabagina n\u2019abamufasha atasobanuye abo ari bo.<\/p>\n<p>Bwana Paul Rusesabagina yafunguwe mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka. Amakuru akavuga ko igihugu cya Katari cyaba cyarabaye umuhuza hagati y\u2019u Rwanda na Amerika.<\/p>\n<p>Yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25, nyuma y&#8217;uko inkiko z&#8217;u Rwanda zimuhamije ibyaha bifitanye isano n&#8217;iterabwoba bikomoka ku bitero by\u2019umutwe MRCD\/FN yari ayoboye.<\/p>\n<p>Yageze mu Rwanda bamukuye muri Emirat zunze ubumwe z\u2019Abarabu ku kibuga cya Dubai, mu buryo imwe mu miryango iharanira iyubahirizwa ry&#8217;uburenganzira bwa muntu yagereranije no &#8220;gushimuta&#8221; aho yisanze mu maboko ya Kigali atari abyiteze mu kwezi kwa munani mu 2020.<\/p>\n<p>VOA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku nshuro ya mbere, umunyapolitiki Paul Rusesabagina yatangaje ko yafunguwe na leta y\u2019u Rwanda kubera igitutu cy\u2019Amahanga. Ni mu gihe hari ibaruwa igaragaza ko yaba yarasabye imbabazi umukuru w\u2019u Rwanda Paul Kagame. Mu butumwa bwe, Rusesabagina yatunze agatoki ubutegetsi ko bwamukoreye ibikorwa by\u2019iyicarubozo n\u2019ibindi nyuma yo kumushimuta. Mu butumwa bwe bwa mbere yashyize hanze muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":47357,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-47610","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w&#039;Ubwigenge - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w&#039;Ubwigenge - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku nshuro ya mbere, umunyapolitiki Paul Rusesabagina yatangaje ko yafunguwe na leta y\u2019u Rwanda kubera igitutu cy\u2019Amahanga. Ni mu gihe hari ibaruwa igaragaza ko yaba yarasabye imbabazi umukuru w\u2019u Rwanda Paul Kagame. Mu butumwa bwe, Rusesabagina yatunze agatoki ubutegetsi ko bwamukoreye ibikorwa by\u2019iyicarubozo n\u2019ibindi nyuma yo kumushimuta. Mu butumwa bwe bwa mbere yashyize hanze muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-03T00:54:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"675\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/\",\"name\":\"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w'Ubwigenge - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg\",\"datePublished\":\"2023-07-03T00:54:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg\",\"width\":675,\"height\":900},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w&#8217;Ubwigenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w'Ubwigenge - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w'Ubwigenge - Umunyarwanda","og_description":"Ku nshuro ya mbere, umunyapolitiki Paul Rusesabagina yatangaje ko yafunguwe na leta y\u2019u Rwanda kubera igitutu cy\u2019Amahanga. Ni mu gihe hari ibaruwa igaragaza ko yaba yarasabye imbabazi umukuru w\u2019u Rwanda Paul Kagame. Mu butumwa bwe, Rusesabagina yatunze agatoki ubutegetsi ko bwamukoreye ibikorwa by\u2019iyicarubozo n\u2019ibindi nyuma yo kumushimuta. Mu butumwa bwe bwa mbere yashyize hanze muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2023-07-03T00:54:33+00:00","og_image":[{"width":675,"height":900,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/","name":"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w'Ubwigenge - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg","datePublished":"2023-07-03T00:54:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/03\/Rusesabagina-Paul.jpeg","width":675,"height":900},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/paul-rusesabagina-yashinje-u-rwanda-kumukorera-iyicarubozo-mu-butumwa-bwe-ku-munsi-wubwigenge\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Paul Rusesabagina Yashinje U Rwanda Kumukorera Iyicarubozo, Mu Butumwa Bwe Ku Munsi w&#8217;Ubwigenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47610","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=47610"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47610\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":47611,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47610\/revisions\/47611"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/47357"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=47610"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=47610"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=47610"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}