{"id":47773,"date":"2023-09-20T17:58:08","date_gmt":"2023-09-20T15:58:08","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=47773"},"modified":"2023-09-20T17:58:08","modified_gmt":"2023-09-20T15:58:08","slug":"umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/","title":{"rendered":"UMUYOBOZI W&#8217;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#8217;IMBWA IRWAYE IBISAZI!"},"content":{"rendered":"<div>Nyuma yo kugaragaza umujinya n&#8217;urwango bikabije afitiye abagororwa, kuri ubu noneho DCF SP RUGEYO Janvier yashinze umutwe nk&#8217;uw&#8217;interahamwe ugizwe na mineurs 18 ziherutse kuva muri Gereza y&#8217;abana ya Nyagatare aho umwana ufunzwe wujuje imyaka 18 ajyanwa muri gereza z&#8217;abantu bakuru.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Izo mineurs yazihaye mission yo guhiga abandi bagororwa bakekwaho gutunga ibitemewe nk&#8217;itabi, inzoga na telephone.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>SP RUGEYO Janvier akaba yategetse Logistics Officer gutanga indagara, sosoma na RUTF bizajya bitekerwa uwo mutwe w&#8217;aba mineurs mu rwego rw&#8217;agahimbazamusyi, nyamara yirengagije ko ibi ari ukuzana amacakubiri ashobora gukurura imvururu ziganisha ku isubiranamo n&#8217;ubwicanyi imbere muri gereza.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Aho ibintu bigeze mineurs ziri kubura icyo zivuga zikabeshyera abantu kugirango imbehe yazo itubikwa. Ibi birasa neza neza n&#8217;imiyoborere y&#8217;iterabwoba CSP Innocent Kayumba yari yarimitse muri Gereza ya Rubavu (2016-2019) none ubu akaba ari kubikurikiranwaho mu butabera bw&#8217;uRwanda.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<div>Ibibazo nyamukuru umuntu wese utekereza yakwibaza ni ibi bikurikira:<\/div>\n<div><\/div>\n<div>1. Ese ko mu Igororero rya Gicumbi harimo urwego rwa s\u00e9curit\u00e9 n&#8217;izindi nzego z&#8217;ubuyobozi zuzuye, ni ukubera iki SP RUGEYO Janvier arenga kuri izo nzego zemewe agahitamo gushinga umutwe w&#8217;iterabwoba?<\/div>\n<div>2. Niba se atizeye inzego ziriho, ntibyaruta akazikuraho ariko ntahembere amacakubiri n&#8217;inzangano mu mfungwa n&#8217;abagororwa?<\/div>\n<div>3. Ko abaturage bamaze kwanzura ko mineurs nizikomeza kubabuza amahwemo barazahukamo n&#8217;imihini bakazica, biragenda bite cyane ko DCF SP RUGEYO Janvier ari umugabo w&#8217;umufungamutwe? Ahari SP RUGEYO ntiyaba ari gukomanga ku muryango wa gereza abyita imikino?<\/div>\n<div><\/div>\n<div>We (SP RUGEYO Janvier) icyamutwaye ubwenge na roho ngo ni uguhorera mugenzi we wahoze ari DDCF SP NKUSI Emmanuel wakubiswe n&#8217;abagororwa kuwa 20\/08\/2023 nyuma yo kubishongoraho nyamara akirengaza ko abakubise uwo muyobozi babihaniwe none arashaka nkana kwihimura ku bantu b&#8217;inzirakarengane (to pursue the wrong kind of revenge).<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Icyo SP RUGEYO JANVIER ashaka ni ugushotora abagororwa ba Gicumbi maze bamusubiza bikaba imbarutso yo guhuruza inzego za police n&#8217;iza gisirikare zikaza zikaminsha urufaya rw&#8217;amasasu muri gereza hagapfa umubare munini w&#8217;abagororwa ngo nibwo azumva umutima we unezerewe.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>RCS yakagombye gutabara amazi atararenga inkombe kuko nta narimwe iriya gereza ya Gicumbi ishobora kugira amahoro igihe cyose iyoborwa n&#8217;umuhezanguni uhora yifuriza inabi abo ashinzwe kuyobora.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Twibutse ko SP RUGEYO Janvier yavuye i Rusizi amaze kwica urubozo imfungwa nyinshi none aje gukomereza ubugizi bwe bwa nabi i Gicumbi.<\/div>\n<div><\/div>\n<div><i>Byanditswe<\/i> <i>na<\/i> <i>Jean<\/i> <i>Pierre<\/i><\/div>\n<div><i>Kigali<\/i>, <i>kuwa<\/i> <i>13\/09\/2023<\/i><\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo kugaragaza umujinya n&#8217;urwango bikabije afitiye abagororwa, kuri ubu noneho DCF SP RUGEYO Janvier yashinze umutwe nk&#8217;uw&#8217;interahamwe ugizwe na mineurs 18 ziherutse kuva muri Gereza y&#8217;abana ya Nyagatare aho umwana ufunzwe wujuje imyaka 18 ajyanwa muri gereza z&#8217;abantu bakuru. Izo mineurs yazihaye mission yo guhiga abandi bagororwa bakekwaho gutunga ibitemewe nk&#8217;itabi, inzoga na telephone. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":47740,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-47773","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>UMUYOBOZI W&#039;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#039;IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UMUYOBOZI W&#039;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#039;IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yo kugaragaza umujinya n&#8217;urwango bikabije afitiye abagororwa, kuri ubu noneho DCF SP RUGEYO Janvier yashinze umutwe nk&#8217;uw&#8217;interahamwe ugizwe na mineurs 18 ziherutse kuva muri Gereza y&#8217;abana ya Nyagatare aho umwana ufunzwe wujuje imyaka 18 ajyanwa muri gereza z&#8217;abantu bakuru. Izo mineurs yazihaye mission yo guhiga abandi bagororwa bakekwaho gutunga ibitemewe nk&#8217;itabi, inzoga na telephone. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-09-20T15:58:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"619\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"385\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"UMUYOBOZI W&#8217;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#8217;IMBWA IRWAYE IBISAZI!\",\"datePublished\":\"2023-09-20T15:58:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/\"},\"wordCount\":368,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2023\\\/09\\\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/\",\"name\":\"UMUYOBOZI W'IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK'IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2023\\\/09\\\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png\",\"datePublished\":\"2023-09-20T15:58:08+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2023\\\/09\\\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2023\\\/09\\\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png\",\"width\":619,\"height\":385},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UMUYOBOZI W&#8217;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#8217;IMBWA IRWAYE IBISAZI!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UMUYOBOZI W'IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK'IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UMUYOBOZI W'IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK'IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma yo kugaragaza umujinya n&#8217;urwango bikabije afitiye abagororwa, kuri ubu noneho DCF SP RUGEYO Janvier yashinze umutwe nk&#8217;uw&#8217;interahamwe ugizwe na mineurs 18 ziherutse kuva muri Gereza y&#8217;abana ya Nyagatare aho umwana ufunzwe wujuje imyaka 18 ajyanwa muri gereza z&#8217;abantu bakuru. Izo mineurs yazihaye mission yo guhiga abandi bagororwa bakekwaho gutunga ibitemewe nk&#8217;itabi, inzoga na telephone. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2023-09-20T15:58:08+00:00","og_image":[{"width":619,"height":385,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"UMUYOBOZI W&#8217;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#8217;IMBWA IRWAYE IBISAZI!","datePublished":"2023-09-20T15:58:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/"},"wordCount":368,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/","name":"UMUYOBOZI W'IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK'IMBWA IRWAYE IBISAZI! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png","datePublished":"2023-09-20T15:58:08+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2023\/09\/Skjermbilde-2023-09-06-kl.-23.13.02.png","width":619,"height":385},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wigororero-rya-gicumbi-dcf-sp-rugeyo-janvier-kuri-ubu-ameze-nkimbwa-irwaye-ibisazi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UMUYOBOZI W&#8217;IGORORERO RYA GICUMBI DCF SP RUGEYO JANVIER KURI UBU AMEZE NK&#8217;IMBWA IRWAYE IBISAZI!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47773","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=47773"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47773\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":47774,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47773\/revisions\/47774"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/47740"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=47773"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=47773"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=47773"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}