{"id":4789,"date":"2014-02-05T18:29:45","date_gmt":"2014-02-05T16:29:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4789"},"modified":"2014-02-05T18:29:45","modified_gmt":"2014-02-05T16:29:45","slug":"omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/","title":{"rendered":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019amezi 13 Omar Leo wirukanywe mu Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikje (DGPR) aburiwe irengero mu buryo bw\u2019amayobera, yongeye kugaragara ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda, avuga ko aje kwigaragaza ngo akure icyaha kuri Jenerali James Kabarebe, Minisitiri w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda.<!--more--><\/p>\n<p>Avugana n\u2019Itangazamakuru, Omar Leo Oustazi yavuze ko yahisemo kwigaragaza kugira ngo akureho amakuru yahwihwiswaga ko ashobora kugirirwa nabi na Gen James Kabarebe, Minisitiri w\u2019Ingabo. Ubwo yabazwaga aho ayo makuru yavuye, byose yabishyize kuri Dr Frank Habineza uyobora Green Party, Omar avuga ko ariwe wamugambaniye, bigatuma ahunga yihishahisha mu Burundi, Tanzania na Kenya.<\/p>\n<p>Asobanura icyo yise ubugambanyi bwa Perezida wa Green Party, Omar Leo Oustazi yavuze ko ngo yahamagawe na Frank Habineza ari muri Madagascar, akamubaza aho aherereye, akanamubwira ko n\u2019abo mu muryango we batazi aho aherereye. Omar akavuga ko icyo gihe yamusobanuriye ko nta kibazo afite, ko ahari. Omar Oustazi yongeyeho ko akimara kubwira Frank Habineza ko ameze neza, ngo Umuyobozi wa Green Party ntiyabyakiriye ahubwo yamubwiye ko akeka ko hari ikibazo, bityo Omar akomeza kumwumvisha ko ntacyo abaye. Omar Leo Oustazi yavuze kandi ko Habineza yamugambaniye avuga ko yamututse akanasebya ishyaka n\u2019inzego zaryo. Yongeyeho ko adateganya gusubira muri Green Party igihe cyose ikiyoborwa na Habineza, ko ahubwo yifuza gusubira muri FPR kuko ngo yanayivuyemo adasezeye.<\/p>\n<p style=\"text-align: center\"><a href=\"http:\/\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/IMG_0320.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter\" alt=\"Omar Leo w\u2019imyaka 32 wari waraburiwe irengero yigaragarije itangazamakuru nyuma y'iminsi micye avuye mu buhungiro.\" src=\"http:\/\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/IMG_0320.jpg\" width=\"578\" height=\"424\" \/><\/a><em>Omar Leo\u00a0 yongeye kugaragara uyu munsi, nyuma y\u2019amezi 13 bivuzwe ko yabuze<\/em><\/p>\n<p><b>Polisi y\u2019igihugu irabivugaho iki?<\/b><\/p>\n<p>Chief Inspector Emmanuel Kabanda ushinzwe itangazamakuru mu biro by\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019igihugu yavuze ko bateraba ibyamujyanye n\u2019ibimugaruye, ko ariko byari ngombwa kumenyekana ko yabonetse, kuko Leta y\u2019u Rwanda yari yarashyizwe mu majwi ku izimira rye. Yongeyeho ko nta burinzi bwihariye azahabwa, ahubwo umutekano we uzarindwa nk\u2019uko bisanzwe bigenda no ku bandi Banyarwanda bose<\/p>\n<p style=\"text-align: center\">\u00a0<a href=\"http:\/\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/IMG_03381.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter\" title=\"Chief inspector Emmanuel Kabanda ushinzwe itangazamakuru mu biro by'umuvugizi wa Polisi y'igihugu avugana n'itangazamakuru.\" alt=\"Chief inspector Emmanuel Kabanda ushinzwe itangazamakuru mu biro by'umuvugizi wa Polisi y'igihugu avugana n'itangazamakuru.\" src=\"http:\/\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/IMG_03381.jpg\" width=\"587\" height=\"424\" \/><\/a><em>CIP Emmanuel Kabanda ushinze itangazamakuru mu biro by\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019igihugu, avugana n\u2019abanyamakuru<\/em><\/p>\n<p><b>Isesengura<\/b><\/p>\n<p>Kugira ngo Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Green Party ryandikwe byarisabye inzira ndende y\u2019imyaka ine, yajemo inzitizi nyinshi n\u2019amananiza adasanzwe. Tudasubiye mu byabaye mu myaka ine yose, inzitizi ya mbere DGPR yahuye nayo mu mwaka ushize ni aho uyu Omar Leo yabuze mu buryo budasobanutse, agakomeza kwitaba telephone no gukoresha Facebook, icyo gihe Ishyaka Green Party rikaba ryaramutabarije ribaza amarengero ye.<\/p>\n<p>Polisi yarashakishije, kera kabaye itangaza ko telephone ye igaragaza ko ari gukoresha iminara y\u2019i Burundi. N\u2019ubwo ishyaka rye ryari ryabanje kumutabariza, byaje kugaragara ko arisebya akoresheje imbuga nkoranyambaga, nibwo rifashe gahunda yo kumuhagarika mu buyobozi bwaryo (<a href=\"http:\/\/fredmuvunyi.wordpress.com\/2013\/02\/05\/green-party-yirukanye-omar-leo-mu-buyobozi\/\">http:\/\/fredmuvunyi.wordpress.com\/2013\/02\/05\/green-party-yirukanye-omar-leo-mu-buyobozi\/<\/a>), rikanitandukanya n\u2019ibyo yabashaga gutangaza byose.<\/p>\n<p>Mbere y\u2019uko ishyakwa ryandikwa habonetse izindi nzitizi zirimo kuba hari undi wavugaga ko ashaka kwandikisha iri shyaka, amategeko akaba atarabashaga kwemera iyandikwa ry\u2019ishyaka rimwe ku bantu cyangwa inzego bihabanye. Iki kibazo cyaje kurangizwa mu mahoro n\u2019umutuzo, gikemukira mu ishyaka imbere.<\/p>\n<p>Nyuma yo kwandikwa havutse ikibazo gikomeye cyo kuba Akarere ka Gasabo katarakiraga imikono y\u2019abagombaga gusinya kuri statut, ariko nabyo byaje gukemuka. Rimaze kwandikwa. Ishyaka Green Party ryasabye iminsi irindwi ngo ritegure dosiye z\u2019abakandida baryo mu matora, ntiryabyemerewe, ariko aho guteza ubwega babyakiriye uko biri, bavug ako batakitabiriye amatora, ahubwo bagiye kwitegura aya 2016, 2017 na 2018.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019igihe gito ishyaka Green Party ritangiye kubaka inzego, abantu batigeze bamenyekana bakwirakwije impuha ko abayobozi baryo batavuga rumwe, kandi ko bagiye guhirikana ku buyobozi. Izi mpuha zari zigamije kwangisha abantu ishyaka ryari rimaze iminsi ryunguka abanyamuryango, ikindi cyari kigamijwe n\u2019abakwirakwije izi mpuha kwari ukugaragaza ko DGPR ntacyo izageza ku Banyarwanda mu gihe idashyize hamwe. Ubuyobozi bw\u2019ishyaka bwagaragaje ko izo mpuha ntaho zifatiye, ibikorwa byaryo bikomeza mu mahoro, ubwumvikane n\u2019umutuzo.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ishyaka DGPR, Dr Frank Habineza yari amaze amezi abiri hanze y\u2019igihugu mu kiruhuko no mu bikorwa by\u2019akazi k\u2019ishyaka ku mugabane wa Amerika n\u2019u Burayi. Aho agarukiye mu Rwanda, hatarashira n\u2019amasaha 16, haba habonetse umurega kugambanira Minisitiri w\u2019Ingabo. Ibi bigaragara nk\u2019imibare iba yateguwe n\u2019abantu batazwi, igamije gukomeza kuburabuza ishyaka DGPR, ngo abayobozi n\u2019abarwanashyaka baryo bacike intege.<\/p>\n<p><b>Twibaze<\/b><\/p>\n<ul>\n<li>Ese ubikora wese abifitemo nyungu ki?<\/li>\n<li>Urema amacakubiri mu mashyaka ni cyiza ki yifuriza Abanyarwanda mu gihe yaba abatandukanya?<\/li>\n<li>Ni ryari bamwe bazumva ko umuntuashobora kuzamura ibikorwa bye atagombye gusenya iby\u2019abandi?<\/li>\n<li>Ni ryari kutavuga rumwe n\u2019ubutegetsai bizagaragara nk\u2019ubwunganizi butari uguhangana?<\/li>\n<li>Ni ryari Abanyarwanda bazizezwa ko amahitamo yabo ari gatozi kandi ko ntawe ugomba kubizira?<\/li>\n<li>Ese koko Omar Leo Oustazi yaba ari igikoresho gishya muri gahunda yo gusenya amashyaka n\u2019imitwe ya politiki?<\/li>\n<li>Nyuma y\u2019imyaka 65 (1959-2014) Ni ryari tuzumva ko gusenya amashyaka no gusenyana ubwacu bitubaka igihugu?<\/li>\n<\/ul>\n<p><b>NTWALI John Williams<\/b><\/p>\n<p><b>Source:<a href=\"mailto:ireme.net@gmail.com\">ireme.net@gmail.com<\/a><\/b><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019amezi 13 Omar Leo wirukanywe mu Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikje (DGPR) aburiwe irengero mu buryo bw\u2019amayobera, yongeye kugaragara ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda, avuga ko aje kwigaragaza ngo akure icyaha kuri Jenerali James Kabarebe, Minisitiri w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":3114,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-4789","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019amezi 13 Omar Leo wirukanywe mu Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikje (DGPR) aburiwe irengero mu buryo bw\u2019amayobera, yongeye kugaragara ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda, avuga ko aje kwigaragaza ngo akure icyaha kuri Jenerali James Kabarebe, Minisitiri w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-02-05T16:29:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party\",\"datePublished\":\"2014-02-05T16:29:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/\"},\"wordCount\":769,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/\",\"name\":\"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2014-02-05T16:29:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":370,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019amezi 13 Omar Leo wirukanywe mu Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikje (DGPR) aburiwe irengero mu buryo bw\u2019amayobera, yongeye kugaragara ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda, avuga ko aje kwigaragaza ngo akure icyaha kuri Jenerali James Kabarebe, Minisitiri w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-02-05T16:29:45+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party","datePublished":"2014-02-05T16:29:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/"},"wordCount":769,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/","name":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2014-02-05T16:29:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":370,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/omar-igikoresho-gishya-cyo-gusenya-ishyaka-yirukanywemo-green-party\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"OMAR, igikoresho gishya cyo gusenya ishyaka yirukanywemo Green Party"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4789","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4789"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4789\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4789"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4789"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4789"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}