{"id":47967,"date":"2024-01-12T20:46:53","date_gmt":"2024-01-12T18:46:53","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=47967"},"modified":"2024-01-14T20:49:19","modified_gmt":"2024-01-14T18:49:19","slug":"abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/","title":{"rendered":"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri"},"content":{"rendered":"<p>Imiryango y&#8217;abiciwe na Denis Kazungu barasaba inzego zibishinzwe kumutegeka kubereka aho yashyize imirambo y\u2019ababo kugira ngo babashe kubashyingura mu cyubahiro.<\/p>\n<p>Urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko rwatangiye gufasha ababuze ababo rubinyujije mu gupima uturemangingo twa ADN.<\/p>\n<p>Madamu Odeta Mukangarambe ni umwe mu baregera indishyi mu rubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Denis Kazungu ibyaha birimo iby\u2019ubwicanyi.<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi na we afite umusore Kazungu yemera ko yishe arangije atwara ibyangombwa bye akajya abikoresha yiyoberanya. Nyakwigendera yitwa Eric Turatsinze.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yahaye Ijwi ry&#8217;Amerika ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruburanisha Kazungu, byumvikana ko Mukangarambe kuva yabura umuhungu we, ibyamubayeho si inkovu biracyari ibikomere.<\/p>\n<p>Ari mu batakambira inzego zitandukanye ko uregwa yabafasha akagaragaza aho yashyize imirambo y\u2019ababo bakabashyingura.<\/p>\n<p>Mukangarambe uregera indishyi muri uru rubanza rwa Kazungu, ahamya ko ari mu ba mbere bakoresheje ibizamini by\u2019uturemangingo fatizo twa ADN.<\/p>\n<p>Bwana Thierry Murangira uvugira urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda RIB yatangarije Ijwi ry\u2019Amerika ko nyuma yo kubona imibiri bayohereje mu kigo gipima ibimenyetso bya gihanga bagamije kumenya amasano n\u2019ababuze ababo.<\/p>\n<p>Mu butumwa bugufi yatwandikiye yavuze ko babonye abantu barindwi bafitanye amasano na bene bo bahita babashyingura. Bwana Murangira yabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko bagitegereje abandi bazaza gukoresha ibizamini bya DNA bazasanga bafitanye isano bakazabahabwa bakabashyingura.<\/p>\n<p>Hari undi mugabo wirinze gutangaza imyirondoro ye. Na we avuga ko Kazungu yamwiciye umusore witwa Yves Kimenyi wari urangije amashuli ya kaminuza. Uyu mugabo yemeza ko yabuze umuhungu we mu mpera z\u2019umwaka wa 2021.<\/p>\n<p>Uyu avuga ko mu bihe bitandukanye yagiye ahura imbonankubone na Kazungu bakanasangira agamije ko yamuha amakuru ku muhungu we. Avuga ko umuhungu we yari afatiye runini umuryango.<\/p>\n<h2 class=\"wsw__h2\"><strong>Isubika ry&#8217;Urubanza <\/strong><\/h2>\n<p>Kuri uyu wa Gatanu ni bwo byari byitezwe ko Kazungu atangira kuburanishwa mu mizi mu rubanza aregwamo kwica abantu bagera kuri 14 yarangiza akabataba mu cyobo yari yaracukuye mu nzu mu karere ka Kicukiro.<\/p>\n<p>Kazungu yumvikanaga mu buryo bw\u2019ikoranabuhanga rya Skype ari muri gereza nkuru ya Nyarugenge I Mageragere mu nkengero z\u2019umujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Umunyamategeko umwunganira Faustin Murangwa yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko atabonye umwanya uhagije wo gutegurana urubanza na Kazungu. Asaba ko urubanza rwasubikwa.<\/p>\n<p>Ni umunyamategeko wagenywe n\u2019urugaga rw\u2019abunganira abandi mu nkiko zo mu Rwanda. Yabwiye umucamanza ko urugaga rwabo rwamugennye nyuma yo gusanga Denis Kazungu atabasha kwiyishyurira ikiguzi cy\u2019umunyamategeko.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasubije umucamanza ko ari uburenganzira bw\u2019uruhande baburana kubona umwanya uhagije wo gutegura urubanza kugira ngo hazatangwe ubutabera buboneye.<\/p>\n<p>Mu byaha birimo iby\u2019ubwicanyi byabyaye imfu z\u2019abantu 14 Kazungu aregwa harimo n\u2019icyaha cyo gusambanya abagore ku gahato yarangiza akabica akabataba mu nzu yabagamo.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa Cyenda k\u2019umwaka ushize wa 2023 ni bwo Ijwi ry\u2019Amerika yatangaje inkuru y\u2019ubwicani budasanzwe buregwa Denis Kazungu.<\/p>\n<p>Kazungu ku rwego rwa mbere yaburanye yemera ibyaha akavuga ko bamwe mu bo yishe biganjemo abakobwa yabanzaga kubasambanya yarangiza akabica akabataba mu cyobo cyari gicukuye mu nzu yabagamo.<\/p>\n<p>Avuga ko yabazizaga ko bamuteye SIDA. Ariko urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda rwateye utwatsi ayo makuru rwemeza ko Kazungu ari mutaraga. Urubanza ruzasubukurwa mu ntangiro z\u2019ukwezi gutaha.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/7437341.html?type=audio\" width=\"100%\" height=\"144\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imiryango y&#8217;abiciwe na Denis Kazungu barasaba inzego zibishinzwe kumutegeka kubereka aho yashyize imirambo y\u2019ababo kugira ngo babashe kubashyingura mu cyubahiro. Urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko rwatangiye gufasha ababuze ababo rubinyujije mu gupima uturemangingo twa ADN. Madamu Odeta Mukangarambe ni umwe mu baregera indishyi mu rubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Denis Kazungu ibyaha birimo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":47968,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-47967","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imiryango y&#8217;abiciwe na Denis Kazungu barasaba inzego zibishinzwe kumutegeka kubereka aho yashyize imirambo y\u2019ababo kugira ngo babashe kubashyingura mu cyubahiro. Urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko rwatangiye gufasha ababuze ababo rubinyujije mu gupima uturemangingo twa ADN. Madamu Odeta Mukangarambe ni umwe mu baregera indishyi mu rubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Denis Kazungu ibyaha birimo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-12T18:46:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2024-01-14T18:49:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"961\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"558\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/\",\"name\":\"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png\",\"datePublished\":\"2024-01-12T18:46:53+00:00\",\"dateModified\":\"2024-01-14T18:49:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png\",\"width\":961,\"height\":558,\"caption\":\"Denis Kazungu ushinjwa kwica abantu akabataba mu byobo mu nzu ye\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda","og_description":"Imiryango y&#8217;abiciwe na Denis Kazungu barasaba inzego zibishinzwe kumutegeka kubereka aho yashyize imirambo y\u2019ababo kugira ngo babashe kubashyingura mu cyubahiro. Urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko rwatangiye gufasha ababuze ababo rubinyujije mu gupima uturemangingo twa ADN. Madamu Odeta Mukangarambe ni umwe mu baregera indishyi mu rubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Denis Kazungu ibyaha birimo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-01-12T18:46:53+00:00","article_modified_time":"2024-01-14T18:49:19+00:00","og_image":[{"width":961,"height":558,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/","name":"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png","datePublished":"2024-01-12T18:46:53+00:00","dateModified":"2024-01-14T18:49:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-14-kl.-19.48.20.png","width":961,"height":558,"caption":"Denis Kazungu ushinjwa kwica abantu akabataba mu byobo mu nzu ye"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abiciwe-ababo-na-kazungu-barasaba-inkiko-gutegeka-kazungu-kwerekana-aho-imibiri-yabo-iri\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho Imibiri yabo Iri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47967","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=47967"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47967\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":47969,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/47967\/revisions\/47969"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/47968"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=47967"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=47967"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=47967"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}