{"id":48025,"date":"2024-01-25T15:32:30","date_gmt":"2024-01-25T13:32:30","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=48025"},"modified":"2024-01-25T15:32:30","modified_gmt":"2024-01-25T13:32:30","slug":"abategetsi-baroha-abandi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/","title":{"rendered":"Abategetsi baroha abandi"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Ariane Mukundente<\/strong><\/p>\n<p>Birakaze impaka ku magambo ya Minisitiri Utumatwishima mu mushyikirano, aho yavuze ngo mbere mu Rwanda buri \u201cwa gatatu nyuma ya sa sita abantu bajyaga gusingiza Habyalimana na MAMA WE\u201d. Bagenzi be bati aravuga ukuri kwambaye ubusa, abandi bati ibyo avuga ni ukuri 100%. Umva rero abanyarwanda igihugu ni icyacu, aba bategetsi ni twebwe abaturage bakorera. Baravuga ngo umwera uturutse ibukuru bucya wakwiriye hose. Iyo uwo \u201cmwera\u201d ari ukuri, ukuri niko gukwira hose, iyo ari ibibeshyo, nabyo nibyo bikwira abaturage tugafata ibyo. Rero twize amasomo(aka wa wundi), ntacyo umutegetsi azongera kuvuga ngo kitunyureho gutyo, kugeza no ku mpaka bizana.<\/p>\n<p>Ntabwo nza kwandika hano kuri FB nta umwanya wanjye. Ntabwo nza kwandika kubyo abategetsi bavuze mbasebya, ntabwo mbazi, ntaho duhurira, nta n\u2019aho tuzahurira. Dupfana ko ari abategetsi b\u2019igihugu cyanjye nkunda, ibyo bavuga byose bikagira ingaruka ku baturage bacyo: bikabakiza cyangwa bikabaroha. Ariyo mpamvu umuturage wese afite inshingano zo kunonosora ibyo bavuga kuko ari nabo bakorera, babahemba.<\/p>\n<p>Ngaruke rero kubyo Ministre Utumatwishima yavuze. Navuze ngo \u201cyarabeshye avuga ko buri wa Gatatu nyuma ya sa sita abantu bajya gusingiza Nyina wa Habyalimana\u201d. Umuhungu we navuze ko byabagaho kuko twakoraga animation. Ndabishimangira nta animation zabagaho zo gusingiza Nyina wa Habyalimana. Nibyo yavuze bamwe bikwitwaza indirimbo yariho irimo \u201cNyirazuba\u201d nyina wa Habyalimana. Niba aribyo, hari n\u2019iya Nyiramuhumuza, umugore w\u2019umwami Rwabugiri kandi nayo twarayiririmbaga.<br \/>\nNiba hari umuntu waba warakoze animation isingiza NYINA wa Habyalimana, akaba se azi abayikoze abitubwire. Nidusanga aribyo, ndasaba imbabazi Ministre imbere y\u2019abanyarwanda bose.<\/p>\n<p>Par ailleurs, abazungu baravuga ngo \u201cle diable est dans les d\u00e9tails\u201d. Si ubwa mbere Ministre Utumatwishima abeshya. Aherutse kubikora muri Canada avuga ko nta mpunzi zibaho ku ngoma ya Kagame. Kandi plus de 80% bamwicaye imbere muri iyo salle baraje ari impunzi z\u2019iyo ngoma ya Kagame. Guhunga si igisebo, igisebo ni ukubeshya ikinyoma nk\u2019icyo imbere y\u2019abo bantu n\u2019abanyarwanda bose.<\/p>\n<p>Ikindi yabeshye mbona cyo giteye ubwoba ni ibi aherutse kuvuga ku itariki ya 20 Mutarama 2024 biri Gihe ku mutwe ugira uti \u201cMu bihe byacu twatumizwaga uku tugiye kwigaragambya \u2013 Minisitiri Dr Utumatwishima ahanura urubyiruko\u201d<br \/>\nDore ibyo avugamo:<\/p>\n<p>{ \u201cMinisitiri Dr Utumatwishima yeretse aba banyeshuri amahirwe bafite yo kuba batekerezwaho n\u2019igihugu bagafatwa ukuboko bakerekwa uko bazana ibisubizo ku Banyarwanda bifashishijwe ubumenyi bakuye mu ishuri.<br \/>\nYababwiye ko mu gihe cye yiga ayo mahirwe bitakundaga ko aboneka, ahubwo inshuro nyinshi bahuraga bagiye kwigaragambiriza ibitagenda neza, abasaba gufatirana ayo mahirwe.<br \/>\nAti \u201cIyo twatumizwaga n\u2019ubuyobozi bw\u2019ishuri ngo tujye mu gikorwa cya leta akenshi twabaga tugiye kwigaragambya. Bakatubwira uwo dutuka, abo dutera amabuye. Ibyo ni byo abana bakiri bato bigaga mu mashuri abanza n\u2019ay\u2019isumbuye birirwagamo mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi.\u201d}<\/p>\n<p>Ngaho nimundebere! Ni ubuhe buyobozi bw\u2019ishuri bwabayeho mu Rwanda bwasabaga abanyeshuri bo mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye kujya mu myigaragambyo gutuka no gutera amabuye abayobozi ba Leta? Ishuri rimwe gusa byabayeho!!!<\/p>\n<p>Nk\u2019ubu Ministre UTUMATWISHIMA arabeshyera iki? Ni irihe shema ku gihugu kugira abategetsi babeshya gutya? Ingoma ya Kagame yumva igira akahe gaciro imbere y\u2019abaturage iyo iriho kwitaka ikoresheje ibibeshyo, ibeshyera abaturage ibyo batakoze? Aya mateka y\u2019ingoma zibeshya uko zikurikirana muyashakira iki, twebwe abanyarwanda twakoreye iki Imana ngo tugire bene aba bategetsi uko imyaka itashye? Tuzashinga urubanza nayo. Igitabo kiri imbere: \u201curubanza rw\u2019Imana n\u2019abanyarwanda-twacumuye iki Mwimanyi\u201d.<\/p>\n<p>Mbisubiremo, sinibasira Ministre, simuzi, ndibasira ibyo avuga. Nazanye ibi bindi kuko bagenzi be bavuga ko avuga ukuri kwambaye ubusa 100%. Ntabwo bamufasha, baramuroha! Kubera iki?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Ariane Mukundente Birakaze impaka ku magambo ya Minisitiri Utumatwishima mu mushyikirano, aho yavuze ngo mbere mu Rwanda buri \u201cwa gatatu nyuma ya sa sita abantu bajyaga gusingiza Habyalimana na MAMA WE\u201d. Bagenzi be bati aravuga ukuri kwambaye ubusa, abandi bati ibyo avuga ni ukuri 100%. Umva rero abanyarwanda igihugu ni icyacu, aba bategetsi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":48026,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-48025","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Ariane Mukundente Birakaze impaka ku magambo ya Minisitiri Utumatwishima mu mushyikirano, aho yavuze ngo mbere mu Rwanda buri \u201cwa gatatu nyuma ya sa sita abantu bajyaga gusingiza Habyalimana na MAMA WE\u201d. Bagenzi be bati aravuga ukuri kwambaye ubusa, abandi bati ibyo avuga ni ukuri 100%. Umva rero abanyarwanda igihugu ni icyacu, aba bategetsi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-25T13:32:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"540\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"499\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/\",\"name\":\"Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png\",\"datePublished\":\"2024-01-25T13:32:30+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png\",\"width\":540,\"height\":499},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abategetsi baroha abandi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Ariane Mukundente Birakaze impaka ku magambo ya Minisitiri Utumatwishima mu mushyikirano, aho yavuze ngo mbere mu Rwanda buri \u201cwa gatatu nyuma ya sa sita abantu bajyaga gusingiza Habyalimana na MAMA WE\u201d. Bagenzi be bati aravuga ukuri kwambaye ubusa, abandi bati ibyo avuga ni ukuri 100%. Umva rero abanyarwanda igihugu ni icyacu, aba bategetsi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-01-25T13:32:30+00:00","og_image":[{"width":540,"height":499,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/","name":"Abategetsi baroha abandi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png","datePublished":"2024-01-25T13:32:30+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/01\/Skjermbilde-2024-01-25-kl.-14.27.33.png","width":540,"height":499},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abategetsi-baroha-abandi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abategetsi baroha abandi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48025","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=48025"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48025\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":48027,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48025\/revisions\/48027"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/48026"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=48025"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=48025"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=48025"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}