{"id":48077,"date":"2024-02-04T18:22:21","date_gmt":"2024-02-04T16:22:21","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=48077"},"modified":"2024-02-08T18:25:53","modified_gmt":"2024-02-08T16:25:53","slug":"guha-igihugu-amahirwe-mashya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/","title":{"rendered":"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Jean Baptiste Nkuliyingoma<\/strong><\/p>\n<p>Mperutse kwandika kuri <a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/jeanbaptiste.nkuliyingoma\">iyi paji yanjye ya Facebook<\/a> ngira nti: &#8220;Bari hehe abacurabwenge?&#8221;. Navugaga ko aho u Rwanda rugeze rukeneye abantu begereye umukuru w&#8217;igihugu batinyuka kumubwira bati: wakoze byinshi ariko igihugu gikeneye impinduka kandi ikaba mu mahoro. Ni nayo izatuma ibyo wakoze bitangirika. Ni muri urwo rwego nakiranye akanyamuneza ijambo Madame Victoire Ingabire Umuhoza yatugejejeho muri iki cyumweru dushoje aho avuga ko yasabye urukiko rw&#8217;ikirenga kumukuraho ubusembwa bumubuza kwiyamamariza imirimo ya politiki.<\/p>\n<p>Ni icyemezo gikomeye urwo rukiko rugomba kuzafata tariki ya 14 gashyantare 2024, ni ukuvuga mu minsi icumi iri imbere. Ni amahirwe kumva ko hari itegeko ririho riteganya ko inzitizi nk&#8217;iziri kuri Victoire Ingabire zishobora kuvanwaho. Ni icyemezo ubutabera budashobora gufata bidaturutse ku bushake bw&#8217;abayobora igihugu. Mu by&#8217;ukuri bivuga ko kuri iriya tariki icyo Perezida w&#8217;urukiko rw&#8217;ikirenga azavuga kizaba cyahawe umugisha na Perezida Paul Kagame, kizabarwa nko guha igihugu amahirwe mashya cyangwa kuyakima.<\/p>\n<p>Birumvikana ko icyemezo cyo gukuraho ubusembwa ku muntu uyu n&#8217;uyu kidahagije kugirango impinduka zose abantu bakeneye zigerweho. Hazakenerwa n&#8217;ibindi byemezo bijyana no gufungura urubuga rwa politiki no kwemera ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru.<\/p>\n<p>Iyo ni inzira yafasha igihugu cyacu gusohoka muri iri korosi rukomeye kirimo ndetse kikaba cyatera izindi ntambwe mu nzira y&#8217;amajyambere. Turi benshi rero dutegereje ko Madame Victoire Ingabire Umuhoza akurirwaho ubusembwa bumubuza kwiyamamariza imirimo ya politiki kandi biri mu nyungu z&#8217;igihugu. Ni ukugiha amahirwe mashya.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Baptiste Nkuliyingoma Mperutse kwandika kuri iyi paji yanjye ya Facebook ngira nti: &#8220;Bari hehe abacurabwenge?&#8221;. Navugaga ko aho u Rwanda rugeze rukeneye abantu begereye umukuru w&#8217;igihugu batinyuka kumubwira bati: wakoze byinshi ariko igihugu gikeneye impinduka kandi ikaba mu mahoro. Ni nayo izatuma ibyo wakoze bitangirika. Ni muri urwo rwego nakiranye akanyamuneza ijambo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":28607,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-48077","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Baptiste Nkuliyingoma Mperutse kwandika kuri iyi paji yanjye ya Facebook ngira nti: &#8220;Bari hehe abacurabwenge?&#8221;. Navugaga ko aho u Rwanda rugeze rukeneye abantu begereye umukuru w&#8217;igihugu batinyuka kumubwira bati: wakoze byinshi ariko igihugu gikeneye impinduka kandi ikaba mu mahoro. Ni nayo izatuma ibyo wakoze bitangirika. Ni muri urwo rwego nakiranye akanyamuneza ijambo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-04T16:22:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2024-02-08T16:25:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"495\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"499\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/\",\"name\":\"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png\",\"datePublished\":\"2024-02-04T16:22:21+00:00\",\"dateModified\":\"2024-02-08T16:25:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png\",\"width\":495,\"height\":499,\"caption\":\"Madame Victoire Ingabire Umuhoza, umukuru w'ishyaka Dalfa-Umurinzi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Baptiste Nkuliyingoma Mperutse kwandika kuri iyi paji yanjye ya Facebook ngira nti: &#8220;Bari hehe abacurabwenge?&#8221;. Navugaga ko aho u Rwanda rugeze rukeneye abantu begereye umukuru w&#8217;igihugu batinyuka kumubwira bati: wakoze byinshi ariko igihugu gikeneye impinduka kandi ikaba mu mahoro. Ni nayo izatuma ibyo wakoze bitangirika. Ni muri urwo rwego nakiranye akanyamuneza ijambo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-02-04T16:22:21+00:00","article_modified_time":"2024-02-08T16:25:53+00:00","og_image":[{"width":495,"height":499,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/","name":"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","datePublished":"2024-02-04T16:22:21+00:00","dateModified":"2024-02-08T16:25:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/ingabire.png","width":495,"height":499,"caption":"Madame Victoire Ingabire Umuhoza, umukuru w'ishyaka Dalfa-Umurinzi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guha-igihugu-amahirwe-mashya\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"GUHA IGIHUGU AMAHIRWE MASHYA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48077","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=48077"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48077\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":48078,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48077\/revisions\/48078"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/28607"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=48077"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=48077"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=48077"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}