{"id":48348,"date":"2024-03-16T07:18:53","date_gmt":"2024-03-16T05:18:53","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=48348"},"modified":"2024-03-16T07:18:53","modified_gmt":"2024-03-16T05:18:53","slug":"impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/","title":{"rendered":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Itangazo rigenewe abanyamakuru<\/strong><\/p>\n<p>Ku wa gatatu tariki 13 Werurwe 2024 nibwo Urukiko rukuru rwa Kigali rwafashe umwanzuro wo kutakira ubusabe bwa Madame Victoire Ingabire wasabaga guhanagurwaho ubusembwa, ibyari kumuha uburenganzira bwo kwiyamamaza ku myanya itandukanye ihatanirwa mu matora harimwo n\u2019umwanya wa Perezida wa Repubulika, ayo matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.<\/p>\n<p>Ibi bibaye kandi nyuma y\u2019ikinamico rya FPR, ryabaye ku wa gatandatu tariki ya 9 werurwe 2024, aho iryo shyaka ryashyize ku mugaragaro umugambi wa Perezida Paul Kagame wo kwiyamamariza mandat ya kane muri ayo matora.<\/p>\n<p>Ikigo kitiriwe Nyakwigendera Seth Sendashonga (Institut Seth Sendashonga pour la Citoyennet\u00e9 D\u00e9mocratique, ISCID asbl) kirageza ku Banyarwanda bose no ku nshuti z\u2019u Rwanda ubutumwa bukurikira :<\/p>\n<p>1) Birababaje kuba u Rwanda rumaze imyaka 30 mu butegetsi bw\u2019igitugu burangwa n\u2019ubwicanyi, iterabwoba no guhungeta abanyarwanda, tutaretse no kuyogoza akarere mu ntambara zitarangira, ubwo butegetsi bukaba buri mu maboko y\u2019umuntu umwe, Jenerali majoro Paul Kagame, utagira isoni zo kuvuga ko muri iyo myaka yose yitegereje akabona mu Rwanda nta wundi muntu abona wagira ubushobozi bwo kumusimbura.<\/p>\n<p>2) Institut Seth Sendashonga, nk\u2019uko yabitangaje kenshi mu nyandiko yagiye ishyira ahagaragara no mu biganiro yagiye ikora ku maradiyo anyuranye, isanga igihugu cyacu gikeneye byihutirwa impinduka nyayo mu miyoborere yacyo, hagamijwe kugarura ubwisanzure mu mibereho ya buri muturage, kurwanya ubukene, inzara n\u2019akarengane bikabije, kubanisha neza abanyarwanda ubwabo ndetse no kugarura umubano mwiza n\u2019ibihugu bidukikije ari nayo nzira yo kurangiza ziriya ntambara Perezida Kagame yashoje mu burasirazuba bw\u2019igihugu cya Repubulika Iharandira Demokarasi ya Kongo, ubu iteye impungenge cyane ikaba ari iyo mu ntara ya Kivu y\u2019Amajyaruguru, aho buri munsi ihitana abana b\u2019u Rwanda benshi ndetse n\u2019abavandimwe bacu bo muri Kongo.<\/p>\n<p>3) Institut Seth Sendashonga irashimangira ko uruhare rw\u2019abanyaporitiki badakorera mu kwaha kwa FPR ari ngombwa kugirango ibibazo bitakemuwe mu myaka 30 ishize bishobore kwitabwaho.<\/p>\n<p>Hari abanyarwanda benshi baba mu buhungiro hirya no hino ku isi bashinze amashyaka ya politiki ariko ntibashoboye kuyandikisha mu Rwanda kugirango babashe kuhakorera imirimo ya politiki nk\u2019uko itegekonshinga ribiteganya.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego, mu mwaka wa 2010, Madame Victoire Ingabire Umuhoza wabaga mu gihugu cy\u2019Ubuholandi yemeye gusiga umuryango ndetse n\u2019akazi keza yakoraga ataha mu Rwanda yizera ko ashobora kwandikisha ishyaka rye bityo akabasha guharanira impinduka mu nzira y\u2019amahoro. Kuva icyo gihe ubutegetsi bw\u2019i Kigali, bukoresheje ibyo Perezida Kagame yise urukuta rw\u2019amategeko, bwamuhimbiye ibyaha bidafite ishingiro, ndetse ubucamanza bukorera mu kwaha kw\u2019 ubwo butegetsi bumukatira igifungo cy\u2019imyaka 15.<\/p>\n<p>Nyuma yo gufungwa imyaka 8, Madame Victoire Ingabire Umuhoza yaje guhabwa icyiswe \u00ab imbabazi z\u2019umukuru w\u2019igihugu \u00bb avanwa muri gereza ariko mu by\u2019ukuri akomeza kuba imbohe kuko adashobora gusohoka mu gihugu ndetse n\u2019ishyaka yashinze, Dalfa Umulinzi, rikaba ritemerewe gukora.<\/p>\n<p>Icyemezo urukiko rukuru rwa Kigali rwafashe tariki ya 13 Werurwe 2024 ruvuga ko agifite ubusembwa butuma adashobora kwiyamamriza imirimo ya politiki ntabwo kibangamiye Victoire Ingabire Umuhoza wenyine, icyo cyemezo ni ikimenyetso gikomeye ubutegetsi bwa Kagame bwerekanye cy\u2019uko nta gahunda bufite yo kwemerera abanyarwanda ubushobozi bwo kwihitiramo abayobozi.<\/p>\n<p>4) Kuba Perezida Kagame yarabwiye abagize kongre ya FPR ko bagomba kwishakamo umuntu uzamusimbura muri mandat itaha akongeraho ko uwo muntu agomba kuba ari hagati y\u2019imyaka 30 na 40, Institut Seth Sendashonga isanga iryo ari irindi kinamico ririmo gutegurwa kuko aho Kagame ashaka kuganisha harumvikana. Iriya myaka avuga niyo abana be babarirwamo. Ku ruhande rumwe bikaba bibabaje kubona Kagame atinyuka kubwira abanyarwanda ko nta wundi wabasha kuyobora kiriya gihugu uretse we cyangwa abamukomokaho, ku rundi ruhande bikaba bikwiye gutuma abo banyarwanda bisuzuma bakareba kuba basuzugurwa kariya kageni niba bo ubwabo nta ruhare babifitemo.<\/p>\n<p>Perezida Kagame akoze muki ? Afite uwuhe mwihariko utuma yumva nta wundi munyarwanda wamusimbura mu buyobozi bw\u2019igihugu ? Ese abamwumva abasuzugura kuriya bagakoma amashyi y\u2019urufaya bo nta soni bibatera ?<\/p>\n<p>5) Abanyarwanda bakwiye kwamaganira kure kandi bakaburizamo umugambi wo guhindura ubutegetsi bw\u2019igihugu cyabo umwihariko w\u2019umuryango runaka nk\u2019uko byahoze ku ngoma ya cyami. Igihugu cyacu kigomba kuyoborwa n\u2019abantu berekanye ko babifitiye ubushobozi kandi bihitiwemo n\u2019abaturage ubwabo biciye mu matora adafifitse.<\/p>\n<p>Ibi bisaba ko abanyarwanda bumva ko umukuru w\u2019igihugu agomba kuyobora mandats zitarenze ebyiri nk\u2019uko itegekonshinga ribiteganya. Amahoro arambye y\u2019u Rwanda azubakirwa mbere na mbere kuri iyo ngingo yo kubaha ibiteganywa n\u2019amategeko ( Etat de droit). Ni muri urwo rwego Institut Seth Sendashonga ishishikariza abanyarwanda kudacika intege, bakazirikana ko guharanira demokarasi nyayo no kubaka igihugu buri munyarwanda yakwisanzuramo ariwo murage mwiza dushobora kuzaraga abazadukomokaho.<\/p>\n<p>6) Institut Seth Sendashonga irashimira ibihugu by\u2019inshuti n\u2019abagiraneza bateye inkunga u Rwanda kugirango rubashe kwiyubaka nyuma y\u2019amahano yarubayemo mu w\u20191994. Birakwiye ariko kuzirikana ko gukomeza gushyigikira ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame bumaze imyaka 30 bukora amarorerwa anyuranye, harimo kwica abaturage, kubanyereza, kubica urubozo, kubakenesha, kubashora mu ntambara z\u2019urudaca barwana n\u2019ibihugu by\u2019abaturanyi, ibyo byose bigakorwa urubuga rwa politiki rufunze, nta bundi buryo bwo guhindura ubwo butegetsi mu mahoro, gukomeza kubutera inkunga ni uguhemukira abanyarwanda kuko iyo nkunga nayo ihinduka intwaro yo kubahonyora.<\/p>\n<p>Bikorewe i Buruseli, tariki ya 15\/03\/2024<\/p>\n<p><strong>Jean-Claude Kabagema<\/strong>,<br \/>\nPerezida wa ISCID asbl<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itangazo rigenewe abanyamakuru Ku wa gatatu tariki 13 Werurwe 2024 nibwo Urukiko rukuru rwa Kigali rwafashe umwanzuro wo kutakira ubusabe bwa Madame Victoire Ingabire wasabaga guhanagurwaho ubusembwa, ibyari kumuha uburenganzira bwo kwiyamamaza ku myanya itandukanye ihatanirwa mu matora harimwo n\u2019umwanya wa Perezida wa Repubulika, ayo matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Ibi bibaye kandi nyuma y\u2019ikinamico [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":26526,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-48348","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Itangazo rigenewe abanyamakuru Ku wa gatatu tariki 13 Werurwe 2024 nibwo Urukiko rukuru rwa Kigali rwafashe umwanzuro wo kutakira ubusabe bwa Madame Victoire Ingabire wasabaga guhanagurwaho ubusembwa, ibyari kumuha uburenganzira bwo kwiyamamaza ku myanya itandukanye ihatanirwa mu matora harimwo n\u2019umwanya wa Perezida wa Repubulika, ayo matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Ibi bibaye kandi nyuma y\u2019ikinamico [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-03-16T05:18:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"797\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"583\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa\",\"datePublished\":\"2024-03-16T05:18:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/\"},\"wordCount\":813,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/Seth-Sendashonga.jpg\",\"articleSection\":[\"Amatangazo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/\",\"name\":\"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/Seth-Sendashonga.jpg\",\"datePublished\":\"2024-03-16T05:18:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/Seth-Sendashonga.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/05\\\/Seth-Sendashonga.jpg\",\"width\":797,\"height\":583,\"caption\":\"Seth Sendashonga\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda","og_description":"Itangazo rigenewe abanyamakuru Ku wa gatatu tariki 13 Werurwe 2024 nibwo Urukiko rukuru rwa Kigali rwafashe umwanzuro wo kutakira ubusabe bwa Madame Victoire Ingabire wasabaga guhanagurwaho ubusembwa, ibyari kumuha uburenganzira bwo kwiyamamaza ku myanya itandukanye ihatanirwa mu matora harimwo n\u2019umwanya wa Perezida wa Repubulika, ayo matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Ibi bibaye kandi nyuma y\u2019ikinamico [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-03-16T05:18:53+00:00","og_image":[{"width":797,"height":583,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa","datePublished":"2024-03-16T05:18:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/"},"wordCount":813,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg","articleSection":["Amatangazo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/","name":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg","datePublished":"2024-03-16T05:18:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/05\/Seth-Sendashonga.jpg","width":797,"height":583,"caption":"Seth Sendashonga"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impinduka-abanyarwanda-banyotewe-ikomeje-kubangamirwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impinduka abanyarwanda banyotewe ikomeje kubangamirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48348","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=48348"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48348\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":48349,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48348\/revisions\/48349"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26526"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=48348"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=48348"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=48348"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}