{"id":4837,"date":"2014-02-18T21:42:53","date_gmt":"2014-02-18T19:42:53","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4837"},"modified":"2014-02-18T21:42:53","modified_gmt":"2014-02-18T19:42:53","slug":"rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/","title":{"rendered":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100"},"content":{"rendered":"<div>Umuturage uwo ari wese [yaba azi gusoma cyangwa atabizi], yaba ikigo cy\u2019ubucuruzi cyangwa igikora ibindi; bemerewe kuguriza Leta amafaranga ava ku bihumbi 100 (Rwf 100,000) ukazayasubizwa nyuma y\u2019imyaka 3 ariko buri nyuma y\u2019amezi 6 Leta ikajya iguha inyungu kw\u2019ijana z\u2019ayo wayigurije.<!--more--><\/div>\n<div><\/div>\n<div>Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi Ambasaderi Gatete yabitangaje mu kiganiro n\u2019abanyamakuru aho yababwiye ko ibyo bidasobanura ko Leta ifite ikibazo cy\u2019ubukene bw\u2019amafaranga nkuko babibazaga ahubwo ko ari bumwe mu buryo iba yarateganyije kuzakuramo amafaranga agize ingengo y\u2019imari. Ati &#8220;oya, nta kibazo cy\u2019amafaranga cyangwa amadeni Leta ifite ahubwo ni uguha Abanyarwanda amahirwe yo gushora imari muri Leta ku nyungu ishimishije.\u201d<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Minisitiri \u00a0 Gatete yatangaje ko Leta yatangiye urugendo rwo gushakisha abantu bayiguriza amafaranga angana na miliyari 12 na miliyoni 500 izishyura mu gihe cy\u2019imyaka 3 iri imbere. Yavuze ko ibi bikozwe mu rwego rwo gukomeza isoko ry\u2019imari n\u2019imigabane hamwe no kurangiza imishinga y\u2019ibikorwa remezo no gufasha Abanyarwanda kwizigamira ari nako bungukirwa na Leta.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Leta nimara kubona aya mafaranga angana na miliyari 12 na miliyoni 500 izayakoresha mu bikorwa remezo birimo imihanda, amashanyarazi n\u2019ibindi. Ingengo y\u2019imari ya 2013\/14 iteganya ko amafaranga angana na miliyari 802.7 \u00a0bingana na 48.5% by\u2019ingengo y\u2019imari yose zizakoreshwa mu mishinga y\u2019iterambere mu gihe angana na miliyari 735.9 bingana na 44.5% azakoreshwa mu ngengo y\u2019imari isanzwe.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Muri rusange iki gikorwa kizwi ku izina ryo gucuruza no kugura impapuro z\u2019agaciro (treasury bonds) hagati ya Leta n\u2019abashoramari ariko ubu akaba ari hagati ya Leta n\u2019umuturage cyangwa ikigo runaka. Minisitiri Gatete ashishikariza Abanyarwanda n\u2019ibigo by\u2019Abanyarwanda kwitabira gushora imari yabo muri iki gikorwa kuko imiryango ifunguye ku baturage n\u2019ibigo byose bibarizwa mu karere k\u2019uburasirazuba bw\u2019Afurika (EAC).<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Abazaguriza Leta bazungukirwa ku nyungu izamenyekana nyuma yo kubona ubusabe bw\u2019abashaka kugura izo mpapuro ariko Minisitiri Gatete yavuze ko umusoro ku nyungu wakuwe kuri 15% ukagezwa kuri 5% ku bantu n\u2019ibigo bazayiguriza mu gihe kigera ku myaka 3.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Minisitiri Gatete avuga ko ubu buryo itangije uyu munsi atari bushya kuko isanzwe ibukoresha ariko igishya kirimo ari uko Leta yahaye amahirwe umuntu wese yo kwizigamira kuko nubwo hari amabanki akora ako kazi; mu Rwanda hakiri abantu babika amafaranga yabo ahantu hatari muri banki cyangwa se bakaba bayagura nk\u2019umurima, inzu n\u2019ibindi kuko baba babona inyungu ya vuba nyamara ibyo bishobora guhomba nk\u2019uko bishobora no kunguka.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Indi nyungu iri muri iki gikorwa ni uko uwagurije Leta aramutse ashatse gusubizwa amafaranga ye mbere y\u2019uko imyaka 3 ishize, azacuruza impapuro ze z\u2019agaciro ku isoko ry\u2019imari n\u2019imigabane. Minisitiri Gatete ati &#8220;aha nabwo uzunguka kuko uzaba umeze nk\u2019uri kudandaza ibyo waranguye kuko udandaza agurisha ku giciro kiri hejuru y\u2019icyo yaranguyeho.\u201d<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Hagati ya 2008 na 2011 ubwo Leta yashyiraga hanze izi mpapuro z\u2019agaciro ikeneye miliyari 31 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda, abifuje kuzigura bageze ku kigero cya 197% bituma inyungu zabo zibarirwa ku kigero kiri hagati ya 8% kugeza kuri 11.5%. kuri izi miliyari 31, Leta \u00a0 ikaba isigaje kwishyura angana na miliyari 8 na miliyoni 500.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Nanone muri 2013, u Rwanda rwashyize ku isoko mpuzamahanga rya London izi mpapuro z\u2019agaciro aho zahakuye akayabo ka miliyoni 400 z\u2019amadolari, ruzishyura ku nyungu ya 6.875% mu gihe cy\u2019imyaka 10.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Uko iki gikorwa kizakorwa<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Gucuruza no kugura izi mpapuro bizakorerwa ku isoko ry\u2019imari (RSE) n\u2019imigabane rikorera mu Mujyi wa Kigali ariko amasezerano abe hagati y\u2019ugurisha [Leta izaba ihagarariwe na Banki Nkuru y\u2019Igihugu (BNR)] hamwe n\u2019ugura [umuturage cyangwa ikigo].<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Kuko isoko ry\u2019imari n\u2019imigabane ritarakwirakwira mu gihugu cyose, abarebwa n\u2019iki gikorwa bazamara icyumweru [cyose uhereye uyu munsi] bazenguruka mu gihugu cyose no hanze y\u2019u Rwanda mu karere [ari nako bakoresha ibitangazamakuru bitandukanye] kugira ngo basobanurire buri wese iby\u2019iryo soko.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ugura azafungurirwa konti muri BNR izaba igenewe gusa kubikaho izo mpapuro z\u2019agaciro zihwanye n\u2019umubare w\u2019amafaranga uhaye Leta kugira ngo uhabwe izo mpapuro. Iyo konti izaba iri muri BNR na niyo izifashishwa mu gihe uramutse ushatse kugurisha impapuro zawe mbere y\u2019amasezerano y\u2019imyaka 3 uzaba wagiranye na Leta.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ku isoko ry\u2019imari n\u2019imigane ry\u2019u Rwanda (RSE) hasanzweho imigabane y\u2019ibigo by\u2019uburuzi bya BRALIRWA, BK, NMG n\u2019ibindi bigurisha imigabane yabyo n\u2019ubishaka wese kandi nyuma ya buri mwaka abaguzemo imigabane bose bagabana inyungu ikigo cyinjije hashingiwe ku mubare wa buri munyamigabane.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Minisitiri Gatete avuga ko ubu buryo buzanywe na Leta bwo butazamo kugabana inyungu kuko Leta itazaba yacuruje ahubwo amafaranga izahabwa izayashora mu bikorwa by\u2019iterambere ndetse nyuma y\u2019imyaka 3 igusubize ayo wayihaye yose kandi buri mezi 6 yari isanzwe inaguha inyungu kw\u2019ijana ry\u2019ayo wayihaye.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Guverineri wungirije wa BNR, Monique Nzanzabaganwa avuga ko nibamara kubona umubare w\u2019abifuje kugura, hamwe n\u2019inyungu bifuza kungukirwaho; aribwo BNR iziga uburyo izo mpapuro z\u2019agaciro zigomba gusaranganywa mu babyifuje bose ikanashyiraho ingano y\u2019inyungu ya buri mwaka.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Kuko imiryango ifunguye ku batuye Akarere kose ka EAC, Minisitiri Gatete arashishikariza abanyagihugu kuba aba mbere mu kugura izi mpapuro. Aha akaba yavugaga Umunyarwanda ku giti cye, amabanki y\u2019imbere mu gihugu, Imirenge Sacco hamwe n\u2019ibigo by\u2019imari, amakoperative, ibigo by\u2019ubwishingizi, iby\u2019itangazamakuru n\u2019ibindi.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ingengo y\u2019imari y\u2019uyu mwaka wa 2013\/14 ihwanye na miliyari 1,653.3 z\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda azaturuka mu misoro n\u2019amahoro, inguzanyo Leta isaba ahantu hatandukanye hamwe n\u2019inkunga n\u2019impano zishobora gutangwa n\u2019abagiraneza; amafaranga azinjira ava imbere mu gihugu angana na miliyari 994.9 bihwanye na 60.2% naho azinjira aturuka mu mahanga angana na miliyari 658.6 bihwanye na 39.8%.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Source: Izuba rirashe<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage uwo ari wese [yaba azi gusoma cyangwa atabizi], yaba ikigo cy\u2019ubucuruzi cyangwa igikora ibindi; bemerewe kuguriza Leta amafaranga ava ku bihumbi 100 (Rwf 100,000) ukazayasubizwa nyuma y\u2019imyaka 3 ariko buri nyuma y\u2019amezi 6 Leta ikajya iguha inyungu kw\u2019ijana z\u2019ayo wayigurije.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":1885,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-4837","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage uwo ari wese [yaba azi gusoma cyangwa atabizi], yaba ikigo cy\u2019ubucuruzi cyangwa igikora ibindi; bemerewe kuguriza Leta amafaranga ava ku bihumbi 100 (Rwf 100,000) ukazayasubizwa nyuma y\u2019imyaka 3 ariko buri nyuma y\u2019amezi 6 Leta ikajya iguha inyungu kw\u2019ijana z\u2019ayo wayigurije.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-02-18T19:42:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100\",\"datePublished\":\"2014-02-18T19:42:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/\"},\"wordCount\":892,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/\",\"name\":\"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2014-02-18T19:42:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"250\",\"height\":\"252\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda","og_description":"Umuturage uwo ari wese [yaba azi gusoma cyangwa atabizi], yaba ikigo cy\u2019ubucuruzi cyangwa igikora ibindi; bemerewe kuguriza Leta amafaranga ava ku bihumbi 100 (Rwf 100,000) ukazayasubizwa nyuma y\u2019imyaka 3 ariko buri nyuma y\u2019amezi 6 Leta ikajya iguha inyungu kw\u2019ijana z\u2019ayo wayigurije.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-02-18T19:42:53+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100","datePublished":"2014-02-18T19:42:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/"},"wordCount":892,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/","name":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2014-02-18T19:42:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"250","height":"252"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaleta-irashakisha-uwayiguriza-nibura-amafaranga-ibihumbi-100\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Leta irashakisha uwayiguriza nibura amafaranga ibihumbi 100"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4837","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4837"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4837\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4837"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4837"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4837"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}