{"id":48612,"date":"2024-04-30T16:42:29","date_gmt":"2024-04-30T14:42:29","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=48612"},"modified":"2024-04-30T16:42:47","modified_gmt":"2024-04-30T14:42:47","slug":"abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/","title":{"rendered":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Kigali<\/strong> &#8211; Urukiko rukuru mu Rwanda rwategetse ko bamwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali kubimura aho bari batuye binyuranyije n\u2019amategeko batsinze kandi rutegeka ko bahabwa indishyi yo kubimura yari yaragenwe, ariko aba batsinze baravuga ko uyu mwanzuro nubwo ubaruhura ariko ubabaje.<\/p>\n<p>Ibi byabaye kuri uyu mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 29 Mata 2024. Kwimura abaturage bahoze batuye ahari hazwi cyane nka Bannyahe mu midugugu ya Kibiraro na Kangondo mu kagari ka Nyarutarama ni inkuru yavuzwe cyane mu Rwanda kuva mu myaka ya 2017, kugeza bamwe mu bari bagihari bimuwe ku ngufu mu 2022.<\/p>\n<p>Abashoramari bashakaga ubutaka bw\u2019aba baturage bubatse umudugudu w\u2019amagorofa yo guturamo mu Busanza mu karere ka Kicukiro ahimuriwe \u2013 bamwe ku bushake bwabo abandi ku ngufu \u2013 abavanywe aho i Nyarutarama \u2013 kamwe mu duce tw\u2019abakire mu mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Abandi banze kwimuka gutyo, barega leta mu nkiko ko irimo kwirengagiza amategeko agena ingurane ikwiye mu kwimura umuturage ku butaka bwe, banenga agaciro kari kahawe ubutaka n\u2019inzu zabo, bagereranyije n\u2019inzu bavuga ko ari ntoya cyane kandi z\u2019agaciro gato bubakiwe mu Busanza.<\/p>\n<p>Imanza zabo zatangiye mu 2017 kuri bamwe abandi 2019, umwanzuro w\u2019Urukiko Rukuru wasomwe kuwa mbere nijoro uvuga ko batsinze ugendera no ku masezerano abo baturage bagiranye n\u2019Umujyi wa Kigali, Urukiko rwabageneye indishyi ishingiye ku igenagaciro ryakozwe ku butaka bwabo n\u2019ibiburiho mu 2017.<\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko ubutaka bavanywemo ubu bugeze ku gaciro ka 130,000Frw kuri metero kare imwe, mu gihe mu 2017 Umujyi wa Kigali wababariye kuri 12,000Frw kuri metero kare imwe, ako gaciro ko mu 2017 niko Urukiko ubu rwafatiyeho.<\/p>\n<p>Me Buhuru Pierre Celestin wunganira bamwe mu bantu barenga 120 basomewe umwanzuro yabwiye BBC ati: \u201cHari benshi batasinye icyiswe amasezerano. Nyamara Urukiko ruri kwemeza ko bayasinye\u2026Birababaje. Baguye mu gihombo gikabije kandi n\u2019amategeko akomeje kwirengagizwa.\u201d<\/p>\n<p>BBC yagerageje gushaka uruhande rw\u2019Umujyi wa Kigali rwatsinzwe muri uyu mwanzuro ntibyashoboka kugeza ubu.<\/p>\n<p>Mu gihe bimurwaga, uruhande rwa leta rwavuze ko aba baturage bimuwe &#8220;ku bw\u2019inyungu rusange no gutuzwa neza&#8221; kandi barimo kwimurirwa mu mudugudu wujuje ibisabwa \u201cmu nzu zingana cyangwa zirusha agaciro aho bari batuye.\u201d<\/p>\n<p>Bercar Kabera umwe mu baturage uri mu batsinze urubanza yabwiye BBC Gahuzamiryango ati: \u201cUyu mwanzuro w\u2019urukiko ntabwo weza imitima yacu, kuko imyaka tumaze mu nkiko tuburana n\u2019umuntu wadushyize mu manza, akaturaza ku gasozi, akadushyira mu buzima bukomeye, yarangiza agafata imyanzuro nk\u2019iyo yafashe, muri macye ntabwo twishimye.\u201d<\/p>\n<p>Kabera avuga ko basabaga guhabwa indishyi y\u2019ubutaka bwabo n\u2019imitungo yari iburiho ku giciro kigezweho uyu munsi aho kuba icyo mu myaka irindwi ishize, kuko \u201cugiye mu gaciro ayo baguha ubu nta n\u2019aho wayajyana\u201d.<\/p>\n<p>Ati: \u201cUrukiko rwategetse ko batwishyura amafaranga ku giciro cy\u2019icyo gihe, hari ayo twari twagiye dusaba yo gusiragizwa mu manza, igihembo cya avoka, ibyo byose nta na kimwe bemeye\u2026 Navuga ko ibi baduhaye ari nk\u2019ubuhendabana.. Ariko reka dushimire Imana ko idutabaye ikaba ituvanye mu manza.\u201d<\/p>\n<p>Mu miryango irenga igihumbi yimuwe aho yari ituye i Nyarutarama, bamwe bemeye kujya mu nzu zo mu Busanza no kudakurikirana leta basaba indishyi mu mafaranga, abandi baranga bagana inzira y\u2019amategeko nka Bercar Kabera.<\/p>\n<p>Kuri we, ubuzima bw\u2019abo bose \u201cbwabaye bubi\u201d, kandi \u201cbwasubiye inyuma cyane.\u201d<\/p>\n<p>Ati: \u201cUmutungo wacu bagiye bawubara bawutesheje agaciro, urebye amagenagaciro nari narakoresheje ku nzu yanjye, mfite amafoto, ukareba iyo nzu bo babariye miliyoni 11 na magana abiri wakumirwa. Ntabwo nakongera kuvuga ngo nzaba umuntu uretse Imana yo mwijuru yonyine yabikora.\u201d<\/p>\n<p>Kimwe n\u2019abandi bavuganye na BBC mu buryo bw\u2019inyandiko, nubwo batishimye bose icyo bavuga bishimira ni uko Urukiko \u201crwerekanye ko twarenganye\u201d.<\/p>\n<p>Kabera ati: \u201cNo gutegera intambwe bakabyemera ni ibyo gushimira Imana. Icyo kintu tukirwaniye iyo myaka yose, uyu munsi nakubwira ngo umutima wanjye uracyeye bitewe n\u2019uko hari icyo narwaniraga, kibe gito cyangwa kinini mbashije kuba nakibona.\u201d Yongeraho ati: \u201cImyanzuro cyangwa icyemezo bafashe ntibizabe mu magambo, bazabe abagabo bagishyire mu bikorwa.\u201d<\/p>\n<p>Gusa umwunganizi wabo, Me Buhuru avuga ko kubera amategeko yirengagijwe mu mwanzuro wafashwe n\u2019Urukiko \u201cndabijuririra ku baburanyi babinsaba.\u201d<\/p>\n<p>BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kigali &#8211; Urukiko rukuru mu Rwanda rwategetse ko bamwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali kubimura aho bari batuye binyuranyije n\u2019amategeko batsinze kandi rutegeka ko bahabwa indishyi yo kubimura yari yaragenwe, ariko aba batsinze baravuga ko uyu mwanzuro nubwo ubaruhura ariko ubabaje. Ibi byabaye kuri uyu mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 29 Mata [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":48613,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-48612","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kigali &#8211; Urukiko rukuru mu Rwanda rwategetse ko bamwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali kubimura aho bari batuye binyuranyije n\u2019amategeko batsinze kandi rutegeka ko bahabwa indishyi yo kubimura yari yaragenwe, ariko aba batsinze baravuga ko uyu mwanzuro nubwo ubaruhura ariko ubabaje. Ibi byabaye kuri uyu mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 29 Mata [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-04-30T14:42:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2024-04-30T14:42:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"645\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"338\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye\",\"datePublished\":\"2024-04-30T14:42:29+00:00\",\"dateModified\":\"2024-04-30T14:42:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/\"},\"wordCount\":655,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/04\\\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/\",\"name\":\"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/04\\\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png\",\"datePublished\":\"2024-04-30T14:42:29+00:00\",\"dateModified\":\"2024-04-30T14:42:47+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/04\\\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/04\\\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png\",\"width\":645,\"height\":338},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda","og_description":"Kigali &#8211; Urukiko rukuru mu Rwanda rwategetse ko bamwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali kubimura aho bari batuye binyuranyije n\u2019amategeko batsinze kandi rutegeka ko bahabwa indishyi yo kubimura yari yaragenwe, ariko aba batsinze baravuga ko uyu mwanzuro nubwo ubaruhura ariko ubabaje. Ibi byabaye kuri uyu mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 29 Mata [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-04-30T14:42:29+00:00","article_modified_time":"2024-04-30T14:42:47+00:00","og_image":[{"width":645,"height":338,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye","datePublished":"2024-04-30T14:42:29+00:00","dateModified":"2024-04-30T14:42:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/"},"wordCount":655,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/","name":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png","datePublished":"2024-04-30T14:42:29+00:00","dateModified":"2024-04-30T14:42:47+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/04\/Skjermbilde-2024-04-30-kl.-16.09.29.png","width":645,"height":338},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abimuwe-i-nyarutarama-ahitwaga-bannyahe-batsinze-leta-ariko-barababaye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abimuwe i Nyarutarama ahitwaga Bannyahe batsinze leta ariko barababaye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48612","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=48612"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48612\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":48615,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48612\/revisions\/48615"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/48613"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=48612"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=48612"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=48612"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}