{"id":48756,"date":"2024-05-14T04:59:41","date_gmt":"2024-05-14T02:59:41","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=48756"},"modified":"2024-05-19T05:02:36","modified_gmt":"2024-05-19T03:02:36","slug":"urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/","title":{"rendered":"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa"},"content":{"rendered":"<p>Urukiko rukuru mu Rwanda rwateye utwatsi ikirego cy\u2019umunyapolitiki Bernard Ntaganda cyasabaga kumuhanaguraho ubusembwa kugira ngo abashe guhatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe uyu mwaka.<\/p>\n<p>Umucamanza yavuze ko Ntaganda atujuje ibyo amategeko ateganya.<\/p>\n<p>Yaba Ntaganda, n\u2019uhagarariye urwego rw\u2019ubushinjacyaha mu Rwanda, Bwana Bonaventure Ruberwa, baburana nta ruhande na rumwe rwagaragaye mu isomwa ry\u2019icyemezo.<\/p>\n<p>Bwana Ntaganda yatanze icyo kirego mu mugambi wo gushaka guhatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora ateganyijwe uyu mwaka.<\/p>\n<p>Inteko iburanisha ikuriwe na Jean Pierre Habarurema yabanje kwibutsa imiterere y\u2019urubanza. Yibukije ko Ntaganda usaba guhanagurwaho ubusembwa, mu 2010 urukiko rukuru rwamuhamije ibyaha byo kuvutsa igihugu umudendezo, gukurura amacakubiri no gukora imyigaragambyo inyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Icyo gihe rwamuhanishije igifungo cy\u2019imyaka ine muri gereza ari na cyo gihano urukiko rw\u2019ikirenga rwashimangiye mu mwaka wa 2012.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha buvuga ko Ntaganda atahanagurwaho ubusembwa kuko atubahirije ibyo amategeko ateganya kuva yafungurwa mu 2014.<\/p>\n<p>Muri ibyo, buvugamo ko yakunze gukomeza yitwara nk\u2019umunyapolitiki w\u2019umuyobozi w\u2019ishyaka PS Imberakuri nyamara riyoborwa na Depite Christine Mukabunani.<\/p>\n<p>Ntaganda akavuga ko kwitwa Perezida w\u2019ishyaka ntaho bihuriye na Perezida Fondateri wa PS Imberakuri wanarishinze.<\/p>\n<p>Mu bindi ubushinjacyaha buvuga harimo ko atishyuriye ku gihe ihazabu yaciwe. Buvuga ko icyo gihano cyashaje mu 2020 bityo ko yategereza imyaka 10 imbere akazabona gusaba ihanagurwabusembwa.<\/p>\n<p>Ntaganda we akavuga ko yibwirije n\u2019ubwo icyo gihano cyashaje yishyuye ayo mafaranga muri uyu mwaka wa 2024 ndetse n\u2019ayigarama ry\u2019urubanza. Akavuga ko nta cyagombye kubuza urukiko kumuhanaguraho ubusembwa kuko yujuje ibisabwa.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/7610813.html?type=audio\" width=\"100%\" height=\"144\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\"><\/iframe><\/p>\n<p>Urukiko rukuru rwafashe umwanya rusesengura ibivugwa n\u2019impande zombi. Rushingiye ku mategeko, rwavuze ko Ntaganda atatanze ihazabu yaciwe mu gihe cy\u2019imyaka ibiri cyari giteganyijwe n\u2019amategeko igihano kirinda gisaza.<\/p>\n<p>Rwavuze ko ikirego cye gisaba kumuhanaguraho ubusembwa kitakiriwe kuko atubahirije ibiteganywa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Mu kiganiro n&#8217;Ijwi ry&#8217;Amerika Ntaganda akomeza gushimangira ko ibyemezo nk\u2019ibi bitazaba umwanya wo kumukura mu murongo yatangiye.<\/p>\n<p>Umunyapolitike Bernard Ntaganda ariyongera ku muyobozi w\u2019ishyaka DALFA Umulinzi Madamu Victoire Ingabire Umuhoza na we uherutse gutanga ikirego nk\u2019iki; inkiko z\u2019u Rwanda zikagitera utwatsi. Uyu we yayobotse inkiko z\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba ngo zimuhe ubutabera.<\/p>\n<p>Ntaganda na we avuga ako bishoboka ko azayoboka iyo nzira.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rukuru mu Rwanda rwateye utwatsi ikirego cy\u2019umunyapolitiki Bernard Ntaganda cyasabaga kumuhanaguraho ubusembwa kugira ngo abashe guhatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe uyu mwaka. Umucamanza yavuze ko Ntaganda atujuje ibyo amategeko ateganya. Yaba Ntaganda, n\u2019uhagarariye urwego rw\u2019ubushinjacyaha mu Rwanda, Bwana Bonaventure Ruberwa, baburana nta ruhande na rumwe rwagaragaye mu isomwa ry\u2019icyemezo. Bwana Ntaganda yatanze icyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":48757,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-48756","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rukuru mu Rwanda rwateye utwatsi ikirego cy\u2019umunyapolitiki Bernard Ntaganda cyasabaga kumuhanaguraho ubusembwa kugira ngo abashe guhatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe uyu mwaka. Umucamanza yavuze ko Ntaganda atujuje ibyo amategeko ateganya. Yaba Ntaganda, n\u2019uhagarariye urwego rw\u2019ubushinjacyaha mu Rwanda, Bwana Bonaventure Ruberwa, baburana nta ruhande na rumwe rwagaragaye mu isomwa ry\u2019icyemezo. Bwana Ntaganda yatanze icyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-05-14T02:59:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2024-05-19T03:02:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"924\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"537\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/\",\"name\":\"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png\",\"datePublished\":\"2024-05-14T02:59:41+00:00\",\"dateModified\":\"2024-05-19T03:02:36+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png\",\"width\":924,\"height\":537},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda","og_description":"Urukiko rukuru mu Rwanda rwateye utwatsi ikirego cy\u2019umunyapolitiki Bernard Ntaganda cyasabaga kumuhanaguraho ubusembwa kugira ngo abashe guhatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe uyu mwaka. Umucamanza yavuze ko Ntaganda atujuje ibyo amategeko ateganya. Yaba Ntaganda, n\u2019uhagarariye urwego rw\u2019ubushinjacyaha mu Rwanda, Bwana Bonaventure Ruberwa, baburana nta ruhande na rumwe rwagaragaye mu isomwa ry\u2019icyemezo. Bwana Ntaganda yatanze icyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-05-14T02:59:41+00:00","article_modified_time":"2024-05-19T03:02:36+00:00","og_image":[{"width":924,"height":537,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/","name":"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png","datePublished":"2024-05-14T02:59:41+00:00","dateModified":"2024-05-19T03:02:36+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/05\/Skjermbilde-2024-05-19-kl.-05.01.14.png","width":924,"height":537},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urukiko-rwanze-icyifuzo-cya-ntaganda-gisaba-kumuhanaguraho-ubusembwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urukiko Rwanze Icyifuzo Cya Ntaganda Gisaba Kumuhanaguraho Ubusembwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48756","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=48756"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48756\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":48758,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/48756\/revisions\/48758"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/48757"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=48756"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=48756"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=48756"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}