{"id":4897,"date":"2014-02-27T16:44:18","date_gmt":"2014-02-27T14:44:18","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4897"},"modified":"2014-02-27T16:44:18","modified_gmt":"2014-02-27T14:44:18","slug":"rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/","title":{"rendered":"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi"},"content":{"rendered":"<ul>\n<li>Abayobozi bakuru baravugwa muri ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari<\/li>\n<li>Ni umushinga utegerejwe na Perezida Kagame, Kenyatta na Museveni<\/li>\n<li>Ikigo cya EWSA kiravuga ko ibibazo byabaye bidakomeye kandi byakemutse<\/li>\n<li>Byarangiye Isosiyete yo mu Bufaransa ariyo ihawe isoko rya miliyoni 22 z\u2019amadolari<\/li>\n<\/ul>\n<p><!--more--><\/p>\n<div>Uwari ukuriye umushinga wo guhuza amashanyarazi mu bihugu by\u2019u Rwanda, Uganda na Kenya yirukanwe ku kazi nyuma yo kwanga gutanga isoko mu buryo bunyuranye n\u2019amategeko.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>BOUYGUES E&amp;S (France), ISOLUX (Spain), KEC na Kalpatro (India) ni yo masosiyete ane, yose yo mu mahanga, yapiganiye isoko ryo kubaka umuyoboro w\u2019amashanyarazi uzajya uvana amashanyarazi muri Kenya na Uganda ukayageza mu Rwanda.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Bivugwa ko bamwe mu bayobozi bakuru mu gihugu bashakaga guha isoko isosiyete ya ISOLUX ari nayo yari yabaye iya kabiri mu ipiganwa hanyuma rikamburwa iyitwa BOUYGUES E&amp;S.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Uyu mushinga uterwa inkunga na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) byatumye uzakererwa amezi 6 dore ko imirimo yo kubaka umuyoboro yagombaga gusozwa mu Kuboza 2014 none imirimo ikaba iteganyijwe kurangira muri Kamena 2015.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Uwari ukuriye uyu mushinga muri EWSA, Kanyamihigo Charles, ngo yahise yirukanwa na Ntare Karitanyi uyoboye EWSA muri iki gihe amushinja gukerereza itangira ry\u2019iyubakwa ry\u2019uyu muyoboro. Gusa Kanyamihigo \u00a0avuga ko yazize kuba abayobozi bakuru barashatse kurya amafaranga akababera inzitizi.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Hari amakuru avuga ko uwitwa Karera Georges (Umunyarwanda ukora muri AfDB) yahamagaye Kanyamihigo amusaba guha isoko ISOLUX (isosiyete yari yabaye iya kabiri) maze bakagabana miliyoni y\u2019amadolari.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Uyu George Karera ntiyahakanye cyangwa ngo yemere ko yavuganye na Kanyamihigo Charles ku bijyanye no kugabana miliyoni imwe y\u2019amadolari. Yabwiye ikinyamakuru Izuba Rirashe ati, &#8220;Iyo dukora aka akazi duhura na byinshi, havugwa byinshi ariko ndumva ntacyo nagusubiza kuko hari abandi bankuriye.\u201d<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ubuyobozi bwa EWSA nabwo bwemera ko habaye amakosa mu itangwa ry\u2019isoko ariko bukavuga ko ikosa ryakosowe nta muntu uhutajwe.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Claver Gakwavu wasimbuye Kanyamihigo ku buyobozi bw\u2019uyu mushinga yabwiye iki kinyamakuru ati, &#8220;Ibibazo byabaye ni ibibazo bisanzwe mu masoko kandi byakosowe nta wuhungabanijwe, nk\u2019uko mubizi EWSA ikorera mu mucyo mu bijyanye n&#8217;amasoko. Kandi gutanga iri soko twakoranye na African Development Bank ari nayo yemezaga (approved) intambwe yose yakorwaga mu gutanga amasoko.\u201d<\/div>\n<div><\/div>\n<div><strong>Isoko ryatanzwe inshuro ebyiri\u2026<\/strong><\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ku nshuro ya mbere; abahatanira isoko berekanye ibiciro maze ISOLUX (Spain) yerekana ko imirimo izakorwa izatwara miliyoni 17,8 z\u2019amadolari, KEC(India) ivuga ko izakoresha miliyoni 24,4 z\u2019amadolari, Kaipataru (India) ivuga ko izishyurwa miliyoni 25,6 z\u2019amadolari naho Bouygues E&amp;S(France) ivuga ko izishyurwa miliyoni 32,9 z\u2019amadolari. Bigaragara ko isosiyete ya ISOLUX ariyo yari yatsindiye isoko kuko yatanze igiciro gito.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>EWSA yaje gusaba ko bakongera gutanga ibiciro kuko ngo ibiciro byari byatanzwe byari hasi bituma abapiganwa bashyiraho ibiciro bishya.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Mu ipiganwa rya kabiri ISOLUX (Spain) yasabye noneho \u00a0miliyoni 25,9 z\u2019amadolari, KEC (India) isaba miliyoni 26,4 z\u2019amadolari, Kaipataru (India) isaba miliyoni 26,7 z\u2019amadolari naho Bouygues E&amp;S(France) yo imanura ibiciro ishyira kuri miliyoni 22 z\u2019amadolari.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Isoko ryahise ryegukanwa na Bouygues E&amp;S yo mu Bufaransa ariko hari amakuru yerekana ko abayobozi mu nzego zo hejuru bifuzaga guha isoko ISOLUX ariyo yari yatsindiye isoko bwa mbere ariko ikaba yari yakoze ikosa ryo gusaba amafaranga make.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Igihe bari bafashe icyemezo cyo guha isoko isosiyete ya ISOLUX, BOUYGUES yahise itangira inzira zo kurega EWSA kuko ari yo yari yatsinze mu ipiganwa rya kabiri. Umwe mu bafite ijambo muri EWSA utarashatse ko amazina ye atangazwa yabwiye Izuba Rirashe ati, &#8220;mu kwezi kwa kabiri 2013 twari tumaze gusinya amasezerano n\u2019uwabaye uwa kabiri (ISOLUX), bamuhaye isoko nk\u2019uko bari babyifuje ariko wawundi wabaye uwa mbere ajya kubarega.\u201d<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Nyuma y\u2019amezi 10 isoko ryaje gusubizwa isosiyete ya Bouygues E&amp;S ndetse ubu ikaba yaratangiye imirimo yo kubaka umuyoboro uzashobora kwakira ingufu z\u2019amashanyarazi avuye muri Uganda na Kenya.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Kanyamihigo Charles wirukanywe igitaraganya ashinjwa kuba yaradidinje uyu mushinga, yasabwe ubusobanuro buhagije ku mpamvu z\u2019iryo dindira ariko amabaruwa dufitiye kopi yagiye ahererekanywa yerekana ko nta ruhare yabigizemo ahubwo zari imbaraga zituruka hanze ya EWSA.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Twavuganye na Ntare Karitanyi uyobora EWSA dushaka ko adusobanurira byinshi kuri iki kibazo ndetse n\u2019iyirukanwa rya Kanyamihigo, ariko ntibyashoboka ko tumukuraho amakuru.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu, Madamu Isumbingabo Emma Francoise, we ntiyemeye kubonana n\u2019umunyamakuru, ariko abamufasha mu kazi bahaye Izuba Rirashe andi makuru ajyanye n\u2019iyubakwa ry\u2019uriya muyoboro.<\/div>\n<div><\/div>\n<div><strong>Umushinga utegerejwe na Perezida Kagame, Kenyatta na Museveni<\/strong><\/div>\n<div><\/div>\n<div>Umushinga wo kubaka umuyoboro w\u2019amashanyarazi uzahuza ibihugu by\u2019u Rwanda, Uganda na Kenya ni umwe mu mishinga ihuriweho n\u2019abakuru b\u2019ibyo bihugu. By\u2019umwihariko uyu mushinga ukurikiranwa na Kenya; Kenya kandi igakurikirana iby\u2019iyubakwa ry\u2019umuyoboro wa peteroli. Igihugu cya Uganda gikurikirana ibyo kubaka umuhanda wa Gari ya moshi ndetse n\u2019ihuzwa ry\u2019imirongo ya politike; u Rwanda rwashinzwe ibya VISA imwe y\u2019ubukerarugendo ndetse n\u2019ikoreshwa ry\u2019indangamuntu imwe.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Uyu muyoboro w\u2019amashanyarazi uzubakwa ahitwa Milama-Shyango kugeza ahitwa Birembo (Akarere ka Gasabo).<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Kimwe nk\u2019indi mishinga ikomeye yemejwe na Perezida Paul Kagame, Yoweri Museveni, na Uhuru Kenyatta, uyu mushinga wo kubaka umuyoboro w\u2019amashanyarazi uhanzwe amaso kuko uzatuma ishoramari mu by\u2019inganda ryiyongera muri ibi bihugu, by\u2019umwihariko u Rwanda rufite ikibazo cy\u2019amashanyarazi.<\/div>\n<p><em>\u00a0Source: Izuba rirashe<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi bakuru baravugwa muri ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari Ni umushinga utegerejwe na Perezida Kagame, Kenyatta na Museveni Ikigo cya EWSA kiravuga ko ibibazo byabaye bidakomeye kandi byakemutse Byarangiye Isosiyete yo mu Bufaransa ariyo ihawe isoko rya miliyoni 22 z\u2019amadolari<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":4898,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-4897","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abayobozi bakuru baravugwa muri ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari Ni umushinga utegerejwe na Perezida Kagame, Kenyatta na Museveni Ikigo cya EWSA kiravuga ko ibibazo byabaye bidakomeye kandi byakemutse Byarangiye Isosiyete yo mu Bufaransa ariyo ihawe isoko rya miliyoni 22 z\u2019amadolari\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-02-27T14:44:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/\",\"name\":\"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2014-02-27T14:44:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":667,\"height\":500},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda","og_description":"Abayobozi bakuru baravugwa muri ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari Ni umushinga utegerejwe na Perezida Kagame, Kenyatta na Museveni Ikigo cya EWSA kiravuga ko ibibazo byabaye bidakomeye kandi byakemutse Byarangiye Isosiyete yo mu Bufaransa ariyo ihawe isoko rya miliyoni 22 z\u2019amadolari","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-02-27T14:44:18+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/","name":"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2014-02-27T14:44:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":667,"height":500},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandayanze-ruswa-ya-miliyoni-yamadolari-yirukanwa-mu-kazi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Yanze ruswa ya miliyoni y\u2019amadolari yirukanwa mu kazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4897","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4897"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4897\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4897"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4897"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4897"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}