{"id":49067,"date":"2024-12-08T18:37:49","date_gmt":"2024-12-08T16:37:49","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=49067"},"modified":"2024-12-08T18:37:49","modified_gmt":"2024-12-08T16:37:49","slug":"ubutegetsi-mu-maraso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/","title":{"rendered":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso."},"content":{"rendered":"<p>Isi yose iramwubaha, imyaka ibaye 30! Bamwe kubera ko bamufashije gusenya, abandi kubera urwiganwa, abasigaye kubera kutagira umurongo ugaragara bagenderaho, cyangwa ari ba mutima muke wo mu rutiba. Mbere yo gusenya, umwicanyi wese cyangwa umujura bagira uwo babwira. Cyane cyane niba uyu muntu asanzwe afite umwanya uhagije wo kubatega amatwi no kubumva. Uyu aba afite agahenge ko kubakebura bakagaruka mu nzira nziza, akaburizamo akaga n\u2019ibara byashoboraga kugwa. Ibi bishoboka iyo abaturanyi babemera nk\u2019abantu bafite ingorane kandi na banyirubwite babyemera kandi babisabira inkunga. Bigasaba umwunzi uhagaze bwuma, urarama akirinda kubogama.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Uwaje guherekeza amahoro mu Rwanda, guhera kanama 1993 kugeza muri nyakanga 1994, yakunze Paul Kagame yibagirwa ubutumwa yahawe. Paul Kagame abwira uhagarariye ingabo za onu, G\u00e9n\u00e9ral Rom\u00e9o Dallaire warusanzwe afitanye akagambane n\u2019Inkotanyi n\u2019uburiganya burenze ukwemera. Rom\u00e9o Dallaire avuga ko mu biganiro bagiranye mu mwiherero, Paul Kagame yamusobanuriye ko uburyo bwonyine bwo gukemura ikibazo cy\u2019impunzi ari ukubyura amasezerano ya politiki yahagaze. Ati : <i>yandebye nk\u2019inka yica ambwira ko bitabaye ibyo ibintu bizasubira irudubi. Abantu bihebye bafite umugambi wo kwegura imbunda baharanira uburenganzira bwabo. Inama igiye kurangira, yaranyegereye, arunama yongeraho mu ijwi ry\u2019uwemera ibyo avuga ati : Ibintu nibikomeza bitya turaza kwisanga mu mutwe usaba ko umwe yegukana instinzi. Mu yandi magambo, ko niba igihugu kitavuye muri iki gihirahiro vuba na bwangu ya masazezerano y\u2019Amahoro ya Arusha arahinduka umuyonga, Inkotanyi zeguye imirwano bagera ku ntsinzi.Inshundura ebyiri, mu myaka ishize, bari babufashe, buri gihe bagakomwa mu nkokora n\u2019ingabo z\u2019Ubufaransa.<\/i> Ngayo, nguko.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Mbere yo guhindura igihugu cyose umuyonga, Kagame Paul yabwiye inshuti ye Rom\u00e9o Dallaire waje kumusubiza ko mu byo ashinzwe kumufata no kumubuza ibyo akeneye gukora bitarimo. Mu gihe uyu jeneral Dallaire yafatiraga imbunda za leta y\u2019u Rwanda. Rom\u00e9o Dallaire agambanira ubutumwa yahawe atyo. Cyane cyane ko muri iyo onu Charles De Gaule yise \u201c<i>Icyo ntazi kinini<\/i>\u201d, bose ni ba \u00ab\u00a0<i>Ntibindeba<\/i>\u00a0\u00bb. Kuva aho uwari ashinzwe guherekeza u Rwanda akarugeza ku mahoro, aho kubwiza Paul Kagame ukuri ko ingaruka z\u2019ibyo yiyemeje gukora azirengera wenyine, yahisemo kumukuburira inzira. Paul Kagame ahabwa uburenganzira burenze urugero n\u2019uruhusa rwo kwica. Inkotanyi ni ingufu zashyiriweho kugarura ubutegetsi mu maboko y\u2019abatutsi. Mu mivu y\u2019amaraso !<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ahirika ubutegetsi, Paul Kagame yishe uwari Perezida n\u2019uwari Umugaba w\u2019ingabo z\u2019u Rwa-nda kuko ni we wari ufashe igihugu mu maboko ye muri icyo gihe, yica n\u2019abandi bose. Ubutegetsi, abukesha abatumwe muri Minuar muri rusange na Romeo Dallaire by\u2019umwihariko; uruhare yagize ntirugereranywa. Byongeye, amakosa y\u2019intumwa za onu ntiyigera akosorwa<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>nk\u2019ibyo barenzeho nkana n\u2019ubugambanyi bakora kandi byose byari bikeneye gutindwaho. Muri 1960, Ububiligi nk\u2019igihugu cyari gishinzwe guherekeza u Rwanda kugera ku bwigenge na ya ONU, habuze gato ngo batukane kubera imbabazi rusange ONU yasabiye imfungwa n\u2019impunzi kubera imvururu za 1959-60 n\u2019imanza zakurikiyeho. Nyamara abo batutsi ntibigeze bemera ko izo mbabazi zabayeho. Nk\u2019uko bagegageje guhunga nyuma y\u2019itora Kamparampaka ryo kuwa 25 nzeli 1961, batsinzwe. Muri 1994, Ububiligi na ONU bafatanye mu nda, bashyira Paul Kagame ku butegetsi. Uyu mwibone w\u2019umwicanyi akivuga agira ati : <i>Ibyo nashatse kugeraho byose nabigezeho, hatanzwe ibitambo byinshi yego ariko abanyarwanda bagomba kumva ko kugira ngo twiyubakire igihugu byabaye ngombwa ko tugira ibyo dusenya. Ushaka kubaka inzu, acukura umusingi kugeza ku butaka bukomeye. Akubaka inzu ikomeye<\/i>. Amaze kuvuga iri jambo, Paul Kagame yanze gusaba imbabazi abatutsi, kuri we, ni bo Banyarwanda bonyine. Nyuma ni bwo yabwiye Abahutu aya magambo : <i>Ikibazo kitwa rubanda nyamwinshi, Inkotanyi zigifitiye igisubizo. Amahanga nazabimbaza nzisobanura<\/i>. Guhera muri nyakanga 1994 na magingo aya, Leta ya Kigali ivuga ko yafunze abahutu 100\u00a0000. Muri make buri munsi hapfuye imfungwa magana ane mu gihugu cyose. Imfungwa zikomeza kuba ibihumbi ijana ? Ni byo? Cyangwa ni twe tutazi kubara. Aha, ncecetse umubare w\u2019ibibondo wabujijwe kuvuka na gahunda ngome yo gukona abagabo igasiga ikoze ibara. Agambanira akicisha Fred Rwigema wamugejeje aho ageze, Paul Kagame yari agambiriye gufata ubutegetsi. Amuziza ko amubuza kugaragara. Isi yose yashoboraga kurimbuka ariko agafata ubutegetsi. Yaje no kwemerera iyo nshuti ye ko amateka azafata ibyo bitambo byose ko byari biteganijwe muri iyo nzira.<\/p>\n<p>Kuva Paul Kagame afite ubutegetsi, yica agakiza, nta bindi azi uretse kwica. Kwica ni yo nshinga yonyine atondagura. Mu ndagihe. Y\u2019ibikorwa nyabyo ! \u201c Njye, namwishe se !\u201d nk\u2019uko akunze kuvuga. Ikiriba ntikimena ibanga. Yadufatiye muri uwo mwijima n\u2019icyo gihu cy\u2019intambara y\u2019urudaca. Muri icyo gihu gihoraho, umuhotozi ruharwa Paul Kagame akomeje ibikorwa bye ahitana uko bwije uko bukeye n\u2019abigomwe utwabo kugira ngo bamugeze aho ahagaze ubu. Magingo aya, yikoreye Victoire Umuhoza Ingabire. Ntagira ibyo yubaha n\u2019abo yubaha. Uburere we yahawe ni ubwo mu muhanda, bufite icyuho gikabije; Dore ko hari n\u2019imvugo y\u2019ubwibone ya ni \u201cwe wenyine\u201d . Uyu mudamu utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa Paul Kagame, afungishijwe ijisho, nyuma y\u2019imyaka 8 mu gihome. Nta burenganzira yahabwa bwo gusohaka mu gihugu. Kugira ngo arusheho kumubabaza akomeze amwicire ku rwara nk\u2019inda, Kagame yahisemo kumutoteza no gukina uw\u2019 injangwe n\u2019imbeba kugira ngo amucecekeshe cyangwa se atotezwe narambirwa aziyahure. Kumwica, nta nyungu babifitemo. Kuniganwa ijambo ni urupfu rw\u2019umunyapolitiki. Niccol\u00f2 Machiavelli<\/p>\n<p>yagize ati : <i>Gufata ubutegetsi ni ukubugumana<\/i>. Igihe cyose abonye akanya Paul Kagame ntabyo atakoze nk\u2019uko ntabyo atazakora ngo aheza abahutu ku ubutegetsi. Uwabufashe mu maraso, arushaho kuyamena ngo uburambeho\u00a0!<\/p>\n<p><b><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft size-full wp-image-48887\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\" alt=\"\" width=\"179\" height=\"192\" \/><\/b><em>Umwanditsi w\u2019inkuru<\/em><\/p>\n<p><strong>UWASE Fid\u00e9line<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Isi yose iramwubaha, imyaka ibaye 30! Bamwe kubera ko bamufashije gusenya, abandi kubera urwiganwa, abasigaye kubera kutagira umurongo ugaragara bagenderaho, cyangwa ari ba mutima muke wo mu rutiba. Mbere yo gusenya, umwicanyi wese cyangwa umujura bagira uwo babwira. Cyane cyane niba uyu muntu asanzwe afite umwanya uhagije wo kubatega amatwi no kubumva. Uyu aba afite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":48887,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-49067","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Isi yose iramwubaha, imyaka ibaye 30! Bamwe kubera ko bamufashije gusenya, abandi kubera urwiganwa, abasigaye kubera kutagira umurongo ugaragara bagenderaho, cyangwa ari ba mutima muke wo mu rutiba. Mbere yo gusenya, umwicanyi wese cyangwa umujura bagira uwo babwira. Cyane cyane niba uyu muntu asanzwe afite umwanya uhagije wo kubatega amatwi no kubumva. Uyu aba afite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-12-08T16:37:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"179\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"192\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso.\",\"datePublished\":\"2024-12-08T16:37:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/\"},\"wordCount\":866,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/07\\\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/\",\"name\":\"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/07\\\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\",\"datePublished\":\"2024-12-08T16:37:49+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/07\\\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2024\\\/07\\\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png\",\"width\":179,\"height\":192,\"caption\":\"UWASE Fid\u00e9line\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutegetsi-mu-maraso\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda","og_description":"Isi yose iramwubaha, imyaka ibaye 30! Bamwe kubera ko bamufashije gusenya, abandi kubera urwiganwa, abasigaye kubera kutagira umurongo ugaragara bagenderaho, cyangwa ari ba mutima muke wo mu rutiba. Mbere yo gusenya, umwicanyi wese cyangwa umujura bagira uwo babwira. Cyane cyane niba uyu muntu asanzwe afite umwanya uhagije wo kubatega amatwi no kubumva. Uyu aba afite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2024-12-08T16:37:49+00:00","og_image":[{"width":179,"height":192,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso.","datePublished":"2024-12-08T16:37:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/"},"wordCount":866,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/","name":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png","datePublished":"2024-12-08T16:37:49+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/07\/Skjermbilde-2024-07-24-kl.-12.35.10.png","width":179,"height":192,"caption":"UWASE Fid\u00e9line"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutegetsi-mu-maraso\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubutegetsi\u00a0\u2026 mu maraso."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49067","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=49067"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49067\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":49068,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49067\/revisions\/49068"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/48887"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=49067"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=49067"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=49067"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}