{"id":49220,"date":"2025-06-23T11:18:00","date_gmt":"2025-06-23T09:18:00","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=49220"},"modified":"2025-06-23T11:20:29","modified_gmt":"2025-06-23T09:20:29","slug":"kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/","title":{"rendered":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU?"},"content":{"rendered":"<p>Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.<\/p>\n<p>Madame Victoire Ingabire Umuhoza yitwa ko yahawe mbabazi z&#8217;!umukuru w&#8217;igihugu muri 2018 akavanwa muri gereza ya Mageragere ariko nk&#8217;uko tubizi ntabwo yigeze abasha gusohoka mu gihugu kandi afite umuryango we mu Buholandi. Numvise umukobwa we Raissa abwira BBC Gahuzamiryango ko impamvu akeka bongeye kumufunga aruko yaragiye kurangiza imyaka 15 y&#8217;igifungo yari yarakatiwe, bityo akaba yarajyaga kubasha gusohoka mu gihugu. Ku bwanjye aha wenda byaba ari ukwibeshya kuko hari abandi tuzi badafite ibihano bakatiwe n&#8217;inkiko kandi badashobora gusohoka muri kiriya gihugu. Barimo nka Pasteur Bizimungu, Charles Ntakirutinka, Diane Rwigara, Docteur Th\u00e9oneste Niyitegeka, &#8230; ubwo ntihabuze n&#8217;abandi.<br \/>\nKuba Victoire Ingabire yaragiye kurangiza imyaka ye 15 yakatiwe n&#8217;urukiko ntabwo byari bihagije kugirango ahabwe passeport y&#8217;u Rwanda kandi abashe no kuyigenderaho.<\/p>\n<p>Impamvu nyamukuru zitumye Victoire Ingabire asubizwa muri gereza kuri njyewe ni eshatu:<\/p>\n<p><strong>1) U Rwanda rugiye kuvanwa muri Kongo.<\/strong><\/p>\n<p>Amasezerano yo guhagarika intambara agiye gushyirwaho umukono kandi nta buryo Kagame afite bwo kurwanya ibyemezo bya Donald Trump. Ibi rero biravuga ko atsinzwe intambara yashyizemo ingufu nyinshi cyane, intambara yaguyemo abasirikare be benshi, kongeraho n&#8217;abatutsi bo muri Kongo yijeje ibitangaza ngo agiye kubabonera igihugu cyabo bazategeka bonyine. M23 nicyo yashingiwe. Ibimenyetso birerekana ko iriya ntambara yabaje nk&#8217;urubuga rwo kwamamaza ubukungu kamere buri muri kariya karere, biza kugera kuri Trump n&#8217;abandi bakeneye kugenzura ubukungu bw&#8217;iyi si. Biragaragara ko kariya karere gashobora kuba kagiye gushyirwamo ingufu nyinshi kugirango haboneke uburyo bwo kuvoma buriya bukungu bwaho. Ibyo u Rwanda rwakoraga mu buryo bwo gusahura Amerika irashaka kubikora inyuze mu nzira zemewe. Byanze bikunze Kagame cyangwa undi uzamusimbura bazabihomberamo. Ibi rero biteye ubwoba ku bari ku butegetsi n&#8217;abambari babo. Gufunga Victoire Ingabire Umuhoza muri iki gihe ni uburyo bwo gutuma rubanda itaganira kuri uko gutsindwa kw&#8217;abaregetsi bamaze imyaka 31 barahisemo intambara muri Kongo nk&#8217;iturufu yabo ya mbere yo gukira no gukomeza ubutegetsi bwabo.<\/p>\n<p><strong>2) Kwereka abatutsi ko inyungu zabo Kagame azihagarariye neza.<\/strong><\/p>\n<p>Gufunga Victoire Ingabire Umuhoza biri mu mugambi wo kubeshya abatutsi ko ubutegetsi bwa Kagame na FPR buri maso kugirango abahutu batazongera kuyobora igihugu. Ibyo birakorwa mu gihe imyanya yose ikomeye (postes strat\u00e9giques) igenzurwa n&#8217;abatutsi ku buryo bumva ko iriya ngoma ihirimye baba bagendesheje. Hari hashize igihe Kagame ndetse n&#8217;abambari be bavuga ko abatutsi bo mu Rwanda, muti Kongo no mu Burundi bageraniwe. Ndetse bakabihuza n&#8217;intambara yo muri Kongo. Igihe Kagame atangaza ngo kariya kagore gakomoka ku bajenosideri ngo abazungu barimo kukogeza ngo kayobora igihugu kandi nako kakabyemera yarimo guca amarenga ko atazemera ko ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda bwazafatwa n&#8217;umuhutu.<br \/>\nNiyo mpamvu mu bintu byihutirwa mbere yo gusinya amasezerano y&#8217;amahoro hagati y&#8217;u Rwanda na Kongo Kagame yihutiye kubanza gusubiza Victoire Ingabire mu buroko, kugirango ubure ubwinyagamburiro mu gihe abavugira mu mahanga ijwi ryabo ritaragira ingufu zo kumukura ku butegetsi.<\/p>\n<p><strong>3) Impanvu ya gatatu yo gufunga Ingabire ni umujinya yateye Kagame mu byo yagiye atangaza ku maradiyo mpuzamahanga<\/strong> byose ndetse akaza no guhabwa imidari mpuzamahanga. Muribuka ko Victoire Ingabire ari umwe mu bantu bamaganye ya masezerano yo gutuza impunzi zo mu Bwongereza mu gihugu cy&#8217;u Rwanda. Ayo masezerano yagombaga kuzanira u Rwanda akayabo k&#8217;amafaranga menshi ariko yarateje ibindi bibazo bikomeye. Hari n&#8217;ibindi byinshi yarwanije kandi buri gihe agatsinda. Itangazamakuru mpuzamahanga niwe ryacagaho ryerekana ububi bw&#8217;iriya ngoma ya FPR.<\/p>\n<p>Mu by&#8217;ukuri Kagame yaramurwaye igihe kirekire kandi nk&#8217;uko tumumenyereye igihe cyose abishoboye agomba kwerekana ko afite ububasha. Muri 2018 yamufunguye kubera preshwa none abamushyizeho iyo preshwa baramurekuye, igihugu kiri mu bihano biremereye by&#8217;ubukungu. Agomba rero gukora ku buryo abo bamushyizeho preshwa bongera kumukenera. Kagame ibyo kumwita Kagome yarabyemeye.<\/p>\n<p><strong>Ntabwo tugomba gucika intege.<\/strong><\/p>\n<p>Mbere yo gusoza nagirango nongereho ko Kagame ibyo yibwira ko bigamije kubabaza Victoire Ingabire bishobora no kumubera uburyo bwo kurushaho kumenyekana ndetse amaherezo bikazamufasha kugera ku ntego ze. Ntabwo rero ari igihe cyo gucika intege kuko uburenganzira bwose buraharanirwa. Ibyo Victoire Ingabire aharanira ni uburenganzira bwacu nk&#8217;abanyarwanda bwo kugira ijambo mu gihugu cyacu, uburenganzira bwo gushyiraho umuyobozi twihitiyemo kandi bugakora ibiri mu nyungu zacu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri. Madame Victoire Ingabire Umuhoza yitwa ko yahawe mbabazi z&#8217;!umukuru w&#8217;igihugu muri 2018 akavanwa muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":38325,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-49220","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"description\" content=\"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.\" \/>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2025-06-23T09:18:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-06-23T09:20:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"557\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"578\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU?\",\"datePublished\":\"2025-06-23T09:18:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-06-23T09:20:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/\"},\"wordCount\":679,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/\",\"name\":\"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png\",\"datePublished\":\"2025-06-23T09:18:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-06-23T09:20:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"description\":\"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png\",\"width\":557,\"height\":578},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda","description":"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda","og_description":"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2025-06-23T09:18:00+00:00","article_modified_time":"2025-06-23T09:20:29+00:00","og_image":[{"width":557,"height":578,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU?","datePublished":"2025-06-23T09:18:00+00:00","dateModified":"2025-06-23T09:20:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/"},"wordCount":679,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/","name":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png","datePublished":"2025-06-23T09:18:00+00:00","dateModified":"2025-06-23T09:20:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"description":"Umukongomani witwa Ombe Nyamuhombeza akunze gutangira ibiganiro bye kuri Yu Tube aramutsa abantu hirya no hino ku isi, yagera ku bari mu Rwanda akavuga ati namwe abari muri gereza idasakaye ndabaramukije. Iyi ndamutso ye ndayikunda cyane kuko ibyo avuga ni ukuri.","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Skjermbilde-2020-10-30-kl.-17.14.56.png","width":557,"height":578},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuki-victoire-ingabire-asubijwe-muri-gereza-isakaye-ubu-ngubu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"KUKI VICTOIRE INGABIRE ASUBIJWE MURI GEREZA ISAKAYE UBU NGUBU?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49220","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=49220"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49220\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":49221,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49220\/revisions\/49221"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38325"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=49220"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=49220"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=49220"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}