{"id":49285,"date":"2025-08-05T14:04:55","date_gmt":"2025-08-05T12:04:55","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=49285"},"modified":"2025-08-05T17:16:32","modified_gmt":"2025-08-05T15:16:32","slug":"leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI"},"content":{"rendered":"<p><strong>Uburezi bumeze bute mu Rwanda ?<\/strong><\/p>\n<p>Muri iki gihe haravugwa impinduka nyinshi mu burezi kandi si iza none kuko zatangiye kuva genocide yakorewe abatutsi 1994 irangiye kugeza iyumunsi wa none nta musaruro ubona bitanga ni minisiteri imaze kuyoborwa n,abaminisitiri 17 kuva 1994 kugeza ubu, nukuvuga ko buri myaka ibiri iyoborwa n\u2019umuminisitiri umwe.<\/p>\n<p>Kuva 1994 mu kwezi kwa karindwi amashuli abanza yaratangiye icyo gihe atangirana abarimu bake bari barize uburezi kubera abandi bari barapfuye abandi barahunze.<\/p>\n<p>Icyo gihe abana bigiraga benshi munsi y\u2019ibiti kandi abenshi bakanigishwa n\u2019abarimu batize uburezi,nyuma uko abarimu bagiye baboneka n\u2019ubukungu bw\u2019igihugu bukiyongera ntacyo byakemuye ku ireme ry\u2019uburezi rikemangwa kugeza nubu hanubatswe ibyumba by\u2019amashuli ariko bitabujije ikibazo cy\u2019ingutu gihari kugeza ubu cy\u2019ubucucike mu ishuli gukomeza kubaho nkaho ubona abana bari hagati ya 60 na 70 mu ishuli hari naho bagera 90. Ubu usanga abana bimurwa mu byo bise \u00abEducation fall all\u00bb abana barabimura na wawundi wabonye 15 ku ijana bakamwimura aho umwana usanga agera mu mwaka wa gatandatu w\u2019amashuli abanza atazi gusoma! Ibaze ministeri ifite aba ministiri babiri (minisitiri n\u2019umunyamabanga wa leta) hari n\u2019ibindi bigo bishamikiye kuri izo ministeri nka REB, HEC, NESA n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Ubona ireme ry\u2019uburezi rikemangwa bituma nabarangije badakemura ibibazo biri hanze aha kuko nta bumenyi bafite buhagije. Ese uwo mwana urangije afite cumi ku ijana (15\/100) ashobora kujya hanze agatanga uwuhe musaruro ku gihugu?<\/p>\n<p>Hari bibazo byinshi muri iyi miniteri; Hagataho harimo uburezi buraremerewe kandi ntawubona uwo mutwaro aho umwarimu aba atuye Nyagatare akigisha karongi kandi<br \/>\nasanzwe n\u2019umushahara we ari intica ntikize kubona, mutation ngo yegere aho atuye byarananiranye, ukibaza icyo miniteri ikora idafasha abarimu icyo kibazo? Hari ibibazo byinshi; Twavuga ibikoresho mu mashuli bidahagije, mu bigo by\u2019amashuli abanza n\u2019ayisumbuye usanga imiyoborere yabyo idahwitse umuntu yaragize ikigo akarima ke, abarimu batize uburezi bakiri mu mashuli abanza nay\u2019isumbuye kandi leta idasiba gusohora abarimu muri za kaminuza zuzuye hirya no hino mugihugu ndetse hari n\u2019izigenga zisohora izo ntiti zaminuje mu burezi zidashaka kujya gukorera iyo ntica ntikize y\u2019umushahara zitinya gusonzerayo, ikibabaje kuruta nuko abayobozi bahitamo kohereza abana babo mubigo byigenga aho abarimu bahembwa neza hari n\u2019ibikoresho ndetse abandi babohereza kwiga mu<br \/>\nmahanga i burayi n\u2019Amerika bo basa nabatarebwa n\u2019ibibazo by\u2019uburezi. Usanga leta ihora iririmba ngo imibereho ya mwalimu kandi ntacyo ikora ngo iteze imbere umwarimu kigaragara tuvuge nk\u2019iyo ufashe umushara wa Mwalimu n\u2019abandi bakozi ba leta usanga yarasigaye inyuma nkuko bigaragara mu igazeti ya leta:<\/p>\n<p>Iri teka rikaba rigena ko umushaharafatizo w&#8217;aba bayobozi uba hagati ya miliyoni eshatu (3.000.000) na miliyoni esheshatu z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda (6.000.000 Frw) buri kwezi. Aba bayobozi kandi bagenerwa buri kwezi andi mafaranga aruta umushahara wabo, uretse aba Minisitiri. Aba bo bahabwa icyarimwe miliyoni eshanu zo kugura ibikoresho byo mu nzu kandi buri kwezi bagahabwa ibihumbi magana atanu (500.000 Frw) byo kwishyura inzu. Aba bayobozi bakuru bose b&#8217;igihugu nanone bemerewe ibindi bintu byishyurwa na Leta nk&#8217;imodoka, ibikoresho binyuranye by&#8217;itumanaho rigezweho, amazi n&#8217;amashanyarazi. Iryo teka Perezida wa Repubulika yasinye riteganya ko iyi mishahara izajya izamurwaho 10% buri myaka itatu(3). Reka dukore igereranya ry\u2019iyi mishahara n&#8217;iyo mu zindi nzego za Leta nk&#8217;Uburezi, Ubuzima, Ubutabera, Ingabo z&#8217;igihugu, Polisi y&#8217;igihugu n&#8217;Ubuyobozi bw&#8217;inzego z&#8217;ibanze za Leta:<\/p>\n<p>-Umwarimu A2 Umushahara Fatizo ni 27.154 Frw, ay\u2019urugendo (Transport) ni 3.327Frw, ay\u2019icumbi (Logement) ni 5.324 Frw, ibindi birimo agahimbazamusyi ni 16.233 Frw. Amafaranga yose ahembwa buri kwezi (salaire net) ni 44.032 Frw, tubariyemo n\u2019ayo akatwa kubera ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>-Umusirikari muto P6: Ayo abona kuri Konti ye buri kwezi ni 30.000 Frw, Ibindi yemerewe: Ifunguro ni 22.000 Frw, Amenshi yemerewe yose hamwe (salaire net) ni 52.000 Frw<br \/>\ntubariyemo n\u2019ayo akatwa kubere ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>-Umupolisi muto S3: amenshi yemerewe yose hamwe buri kwezi (salaire net) ni 60.000 Frw tubariyemo n\u2019ayo akatwa kubere ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>-Gitifu w&#8217;akagari A2: amenshi yemerewe yose hamwe buri kwezi (salaire net) ni 120.000 Frw tubariyemo n\u2019ayo akatwa kubere ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>-Umukozi wo mu buzima A2: Umushahara fatizo ni 97.750 Frw, ay\u2019urugendo ni 13.964 Frw,<br \/>\nay\u2019icumbi ni 13.964 Frw, Ayo ahabwa kuri Konti ni 92.315 Frw, agahimbazamusyi ni 64.500 Frw, amenshi yemerewe yose hamwe (salaire net) ni 156.815 Frw tubariyemo n\u2019ayo akatwa kubera ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>&#8211; Umukozi wo mu bucamanza A2 : amenshi yemerewe yose hamwe (salaire net) ni 232.000 Frw tubariyemo n\u2019ayo akatwa kubera ubwishingizi, imisoro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>Igereranya ry\u2019iyi mishahara y&#8217;ababayobozi bakuru n\u2019iy\u2019abakozi bato bose bakorera Leta imwe rigaragaza ko hari ubusumbane bukabije mu mishahara yo mu gihugu cyacu. Ibi bikaba bituma kugabanya ubusumbane mu baturage bitoroha uhereye no ku bakozi ba Leta.<\/p>\n<p>Kagame na FPR ye bakagombye kuzamura imibereho ya mwarimu niba koko yifuriza ejo hazaza heza h\u2019abanyarwanda kuko birazwi ko nta terambere ryabaho ntaburezi.<\/p>\n<p>Umwanditsi<br \/>\n<strong>NIYITEGEKA Faustin<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uburezi bumeze bute mu Rwanda ? Muri iki gihe haravugwa impinduka nyinshi mu burezi kandi si iza none kuko zatangiye kuva genocide yakorewe abatutsi 1994 irangiye kugeza iyumunsi wa none nta musaruro ubona bitanga ni minisiteri imaze kuyoborwa n,abaminisitiri 17 kuva 1994 kugeza ubu, nukuvuga ko buri myaka ibiri iyoborwa n\u2019umuminisitiri umwe. Kuva 1994 mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":49287,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-49285","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uburezi bumeze bute mu Rwanda ? Muri iki gihe haravugwa impinduka nyinshi mu burezi kandi si iza none kuko zatangiye kuva genocide yakorewe abatutsi 1994 irangiye kugeza iyumunsi wa none nta musaruro ubona bitanga ni minisiteri imaze kuyoborwa n,abaminisitiri 17 kuva 1994 kugeza ubu, nukuvuga ko buri myaka ibiri iyoborwa n\u2019umuminisitiri umwe. Kuva 1994 mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2025-08-05T12:04:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-08-05T15:16:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"576\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1312\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI\",\"datePublished\":\"2025-08-05T12:04:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-08-05T15:16:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":775,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2025\\\/08\\\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2025\\\/08\\\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg\",\"datePublished\":\"2025-08-05T12:04:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-08-05T15:16:32+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2025\\\/08\\\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2025\\\/08\\\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg\",\"width\":576,\"height\":1312},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda","og_description":"Uburezi bumeze bute mu Rwanda ? Muri iki gihe haravugwa impinduka nyinshi mu burezi kandi si iza none kuko zatangiye kuva genocide yakorewe abatutsi 1994 irangiye kugeza iyumunsi wa none nta musaruro ubona bitanga ni minisiteri imaze kuyoborwa n,abaminisitiri 17 kuva 1994 kugeza ubu, nukuvuga ko buri myaka ibiri iyoborwa n\u2019umuminisitiri umwe. Kuva 1994 mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2025-08-05T12:04:55+00:00","article_modified_time":"2025-08-05T15:16:32+00:00","og_image":[{"width":576,"height":1312,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI","datePublished":"2025-08-05T12:04:55+00:00","dateModified":"2025-08-05T15:16:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/"},"wordCount":775,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/","name":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg","datePublished":"2025-08-05T12:04:55+00:00","dateModified":"2025-08-05T15:16:32+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/bd240a67-f685-4258-be3a-a9d49e655a99.jpeg","width":576,"height":1312},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-ikomeje-gutsikamira-uburezi-uburezi-bumeze-bute-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"LETA Y\u2019U RWANDA IKOMEJE GUTSIKAMIRA UBUREZI"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49285","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=49285"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49285\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":49294,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49285\/revisions\/49294"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/49287"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=49285"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=49285"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=49285"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}