{"id":49342,"date":"2026-02-24T16:06:55","date_gmt":"2026-02-24T14:06:55","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=49342"},"modified":"2026-03-01T16:34:30","modified_gmt":"2026-03-01T14:34:30","slug":"akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/","title":{"rendered":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA"},"content":{"rendered":"<p>Ku mbuga nkoranya mbaga hasigaye hagaragaraho ubutumwa butandukanye buvuga ibibera mu Rwanda cyane cyane urubyiruko aho rugenda rugaragaza ibibazo bitandukanye biterwa na leta y\u2019u Rwanda n\u2019imiyoborere mibi yayo.<\/p>\n<p>Aha twavuga ubukene, ubushomeri, kuvutsa umudendezo, ndetse n\u2019ubwicanyi byose bikorerwa\u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 abanyarwanda.<\/p>\n<p><strong>Ubukene bw\u2019akarande <\/strong><\/p>\n<p>Ikintu gitera abanyarwanda kwibaza byinshi ni uburyo ubuzima bugenda burushaho guhenda kandi muri viziyo yatangiye yitwa 2020 ikaza guhinduka 2050 leta iyobowe na FPR bavugaga ko izaba yarataye Singapour aho abanyarwanda bose bazaba ari abakire, ndabona bihabanye n\u2019ibyo tubona.<\/p>\n<p>Ibintu byose byarahenze kurya kabiri byahindutse umugani inzara iranuma mu gihugu hose.<\/p>\n<p><strong>Ubushomeri bukabije<\/strong><\/p>\n<p>Ku munyarwanda kuba umushomeri byari bimenyerewe ku bantu batageze mu ishuri cyangwa se badafite ubushake bwo gukora ; gusa ubu byarahindutse abashomeri barangije kwiga na za kaminuza nibo benshi, aha umuntu akibaza icyo leta y\u2019u Rwanda ishize imbere kurusha abaturage kandi aribo bari imbere mu bihe byo kurwanya Leta ya Perezida Habyarimana.<\/p>\n<p><strong>Igitugu<\/strong><\/p>\n<p>N\u2019ubwo abanyarwanda bari mu bibazo baterwa na leta iyobowe na FPR, nta n\u2019umwe wemerewe kuvuga ndetse n\u2019ugeregeje kuvuga agerekwaho ibyaha byinshi iyo ataburiwe irengero ; ariko bitangiye kuzamu mitwe y\u2019abanyarwanda kuko urubyiruko rwinshi rutangiye gutinyuka rukavuga.<\/p>\n<p>Inkuru igezweho ni iy\u2019uwitwa Mupende Ramadhan wahoze azwi mu myidagaduro mu Rwanda nka <em>Badrama<\/em> watoboye akavuga ko mu Rwanda, FPR yabeshye abanyarwanda ahubwo ko yaje ije kubica urubozo mu buryo bwose ;aha ntawigeze ahakana ko ibyo avuga atari byo ahubwo habayeho igisa nko kuyobya uburari batangira kumwita amazina yose abaho, baramuharabika ndetse banemeza ko atameze neza mu mutwe, ko ari urumogi rwabimuteye kandi ko agomba guhita asaba imbabazi byihuse.<\/p>\n<p>Aha abanyarwanda uyu mutego ntibawugwemo kuko birasanzwe ko iyo uvuze ibitagenda kuri FPR bakwita umusazi, twarabibonye kwa Barafinda, Kizito bamuhitana bati yiyahuje ishuka ari muri gereza.<\/p>\n<p>Banyarwanda, banyarwandakazi mutere ikirenge mu cya Badrama muri benshi ubutumwa yabutanze ibindi ni ukuyobya uburari, yatanze urugero rwiza n\u2019abandi babonereho bahaguruke batsinde ubwoba barwanire ukuri kandi abishyize hamwe ntakibananira.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku mbuga nkoranya mbaga hasigaye hagaragaraho ubutumwa butandukanye buvuga ibibera mu Rwanda cyane cyane urubyiruko aho rugenda rugaragaza ibibazo bitandukanye biterwa na leta y\u2019u Rwanda n\u2019imiyoborere mibi yayo. Aha twavuga ubukene, ubushomeri, kuvutsa umudendezo, ndetse n\u2019ubwicanyi byose bikorerwa\u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 abanyarwanda. Ubukene bw\u2019akarande Ikintu gitera abanyarwanda kwibaza byinshi ni uburyo ubuzima bugenda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":49343,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-49342","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku mbuga nkoranya mbaga hasigaye hagaragaraho ubutumwa butandukanye buvuga ibibera mu Rwanda cyane cyane urubyiruko aho rugenda rugaragaza ibibazo bitandukanye biterwa na leta y\u2019u Rwanda n\u2019imiyoborere mibi yayo. Aha twavuga ubukene, ubushomeri, kuvutsa umudendezo, ndetse n\u2019ubwicanyi byose bikorerwa\u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 abanyarwanda. Ubukene bw\u2019akarande Ikintu gitera abanyarwanda kwibaza byinshi ni uburyo ubuzima bugenda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-02-24T14:06:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-03-01T14:34:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"860\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"633\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA\",\"datePublished\":\"2026-02-24T14:06:55+00:00\",\"dateModified\":\"2026-03-01T14:34:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/\"},\"wordCount\":324,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2026\\\/03\\\/IMG_6975.jpeg\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/\",\"name\":\"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2026\\\/03\\\/IMG_6975.jpeg\",\"datePublished\":\"2026-02-24T14:06:55+00:00\",\"dateModified\":\"2026-03-01T14:34:30+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2026\\\/03\\\/IMG_6975.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2026\\\/03\\\/IMG_6975.jpeg\",\"width\":860,\"height\":633},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda","og_description":"Ku mbuga nkoranya mbaga hasigaye hagaragaraho ubutumwa butandukanye buvuga ibibera mu Rwanda cyane cyane urubyiruko aho rugenda rugaragaza ibibazo bitandukanye biterwa na leta y\u2019u Rwanda n\u2019imiyoborere mibi yayo. Aha twavuga ubukene, ubushomeri, kuvutsa umudendezo, ndetse n\u2019ubwicanyi byose bikorerwa\u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0 abanyarwanda. Ubukene bw\u2019akarande Ikintu gitera abanyarwanda kwibaza byinshi ni uburyo ubuzima bugenda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2026-02-24T14:06:55+00:00","article_modified_time":"2026-03-01T14:34:30+00:00","og_image":[{"width":860,"height":633,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA","datePublished":"2026-02-24T14:06:55+00:00","dateModified":"2026-03-01T14:34:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/"},"wordCount":324,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/","name":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg","datePublished":"2026-02-24T14:06:55+00:00","dateModified":"2026-03-01T14:34:30+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/03\/IMG_6975.jpeg","width":860,"height":633},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/akuzuye-mu-mitima-yabanyarwanda-gatangiye-gusesekara-ku-munwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"AKUZUYE MU MITIMA Y\u2019ABANYARWANDA GATANGIYE GUSESEKARA KU MUNWA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49342","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=49342"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49342\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":49344,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/49342\/revisions\/49344"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/49343"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=49342"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=49342"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=49342"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}