{"id":644,"date":"2012-07-27T08:33:05","date_gmt":"2012-07-27T06:33:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=644"},"modified":"2012-07-27T08:34:10","modified_gmt":"2012-07-27T06:34:10","slug":"ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/","title":{"rendered":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali"},"content":{"rendered":"<p>Mu buzima bwanjye sinzibagirwa nyakwigendera Professeur Bagambiki Emmanuel. Uwamwishe muragije Imana kuko yavukije igihugu umuhanga.<!--more--> Ubwo yatwigishaga \u201c Gestion de la Production et des Op\u00e9rations\u201d yatubwiye ko adakunda kujya mu misa ngo ariko iyo agiyeyo nko ku munsi w\u2019amakwe ashishikazwa buri gihe no kureba ubuhanga buhanitse za Kiliziya zubakanye.<\/p>\n<p>Ikindi kandi sinzibagirwa umusaza twakundaga gusangira agatama. Buri gihe yakundaga kumbwira ko buri gihe ngiye mu bukwe njye nywa inzoga nke ahubwo nkurikirane ibiganiro. Ku ya 01-07-2012, nari nabukereye ngo niyumvire. Ibyo nakenguje nibyo mbasangiza.<\/p>\n<p><strong>Kwizihiza Ubwigenge<\/strong><\/p>\n<p>Ubundi mu kwizihiza umunsi nk\u2019uyu, abawuharaniye bahabwa ijambo bakavuga uko babigenje. Nta n\u2019umwe wahawe ijambo i Kigali. Bari kutubwira uko bakoresheje ibuye rimwe bishe inyoni eshatu. Abenshi bitabye Imana. Ababo bakwira imishwaro n\u2019abari bahari nta mwanya wo gukopfora bahawe.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/parmehutu.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignright  wp-image-646\" title=\"parmehutu\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/parmehutu.jpg\" alt=\"\" width=\"497\" height=\"362\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/parmehutu.jpg 621w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/parmehutu-300x218.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 497px) 100vw, 497px\" \/><\/a>Mu bana b\u2019abarwanashaka baharaniye Ubwigenge hari S\u00e9nateri Makuza Bernard. Ntacyo yavuze ariko ibiganiro yagiranye na nyakwigendera Perezida Mbonyumutwa byaduha isura y\u2019ibyo yari ari gutekereza. Avuka nyuma gato y\u2019ubwigenge Nyakwigendera yamuhaye akazina ka Turatsinze. Nyakwigendera yitaba Imana, S\u00e9nateur Bernard Makuza yanditse mu gitabo cy\u2019abashyitsi ko batazigera bibagirwa ubutwari bagize bageza u Rwanda ku bwigenge. Uyu nyakwigendera yaje gutabururwa aho yari yarashyinguwe mu cyubahiro cye nka Perezida wa mbere w\u2019 u Rwanda rwigenga, S\u00e9nateur Makuza ari Minisitiri w\u2019Intebe. Ibaruwa imwambura icyo cyubahiro niwe wayanditse. Mfite amatsiko yo kuzasura aho yari ashinguwe n\u2019aho bamwerekeje.<\/p>\n<p>Abandi bo sinakubwira ariko ndahamya ko nabo buriya ntibaryama ngo basinzire. Barota buri gihe kongera kwihesha agaciro. Umuntu ni nk\u2019undi kandi ngo na nyina w\u2019undi abyara umuhungu. Abasaza babizi neza batubwira ko Perezida Kayibanda n\u2019abagenzi be bazengurutse u Rwanda inshuro nyinshi ku maguru. Revolution ariryo buye navuze haruguru ihitana inyoni eshatu arizo Ingoma ya Cyami, ingoyi ya gihake na gikolonize maze babona Ubwigenge bushingiye kuri Demokarasi na Repubulika. Ikintu cyatuma hatabaho undi Kayibanda ni kimwe gusa. Gukora ku buryo akaga kamuzengurukije u Rwanda inshuro nyinshi ku maguru katazongera kubaho i Rwanda. Naho ubundi byaba kwirengagiza ihame ry\u2019amateka ya yandi ahora yisubiramo.<\/p>\n<p><strong>Kwizihiza kwibohora ( Lib\u00e9ration).<\/strong><\/p>\n<p>Burya ngo abanyarwanda bakunze kumvikanisha ikibarya ku mutima mu mazina. Muri FPR nta lib\u00e9ration irimo ariko muri FDLR ijambo lib\u00e9ration ririmo. Ikibazo rero umuntu yakwibaza ni ukumenya niba kwibohora kwizihijwe atari ukuboha abandi? Aha ndavuga abanyarwanda bari muri FDLR bagihatanira kwibohora. Abo muri FDRL ntacyo bavuze numvise. Ariko iyo M23 nabayishigikiye bavugishijwe bavuga ko FDRL badashobora kuyireka ngo ivuge burya iba yavuze bihagije.<\/p>\n<p>Ikindi nazirikanyeho gitangaje ni umubare munini wabakotanye na Kagame ubu bakuyemo akarenge. Ndazirikana cyane Kayumba na bagenzi be muri Rwanda Briefing. Ndibuka neza ko imvugo kwibohora isimbujwe vuba aha Intsinzi. Ubwo Kayumba aherutse kuvuga kuri iyi ntsinzi yavuze ko nta ntsinzi yabayeho kuko batatsinze abanyamahanga. Gutsinda undi munyarwanda nkawe ni ukwitsinda. Aba bamaze gushyira ubwenge ku gihe. Gusa ikibazo nibaza ni ukumenya ku bantu batangije FPR Kagame yaba asigaranye na bangahe?<\/p>\n<p>Kagame yari ashagawe n\u2019abantu benshi bagiye muri FPR bajyanywe n\u2019amaramuko harimo nabavuye muri FDLR ariko badashobora gukopfora. Abashyitsi nabo ntabwo bari benshi. Ibirori nabyo birangizwa vuba na bwangu nka kwa kundi imvura y\u2019amahindu ikubita abantu batangiye gushyira igitaka kumva bashyingura. Ibirori nta gaciro bigira iyo bitagereranijwe n\u2019ibindi.<\/p>\n<p><strong><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/3200703burundi5.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft size-full wp-image-647\" title=\"3200703burundi5\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/3200703burundi5.jpg\" alt=\"\" width=\"500\" height=\"333\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/3200703burundi5.jpg 500w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/3200703burundi5-300x199.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 500px) 100vw, 500px\" \/><\/a>Ahandi hizihijwe ubwigenge<\/strong><\/p>\n<p>Ibirori birangiye i Kigali vuba na bwangu nerekeje ijisho i Bujumbura kuko abarundi n\u2019abanyarwanda baherewe ubwigenge umunsi umwe. Natangajwe no kumva ko bo ibirori byimuriwe ku ya 02-07-2012. Mpamvu ki? None Nkurunziza yaba ahaye Kagame rugari? Ibyo sinabimenya gusa nari mfite intimba. Kuki abaperezida bacu batubeshya? Mu kanya bati turifuza Leta Zunze Ubumwe z\u2019Afurika. Ubundi bati tujye twembi muri EAC. Ariko bakaba badashobora kwizihiriza hamwe umunsi mukuru w\u2019ubwigenge baboneye umunsi umwe. Rimwe bakabikorera i Butare. Ubukurikiyeho bakazawizihiriza mu Cibitoki. Gusa ibi ntabwo byashoboka kubera ko abaperezida bacu barimo kureba mu mpande zitandukanye.<br \/>\nNkurunziza arareba i Pretoria kwa Mandela maze ku mfungwa 10,000 z\u2019abarundi akababarira imfungwa 7,500. Nabo ngo ubwigenge bubagereho. Naho Kagame arareba i Tripoli kwa Kaddafi. Nta mfungwa n\u2019imwe yababariwe na wa mudamu Ingabire, waretse ibye byose ngo aje kwitangira demokarasi, wari gusomerwa kuwa 29-06-2012, ugusomwa kwimuriwe mu kwa cyenda ku mpamvu zizwi gusa n\u2019abacamanza ba Kagame. Kuri Kagame kwibohora nyako ni ukuboha ugakomeza abajinga b\u2019ibipinga batazi kubahiriza gahunda ya Leta.<br \/>\nMu gihe mu Rwanda kwizihiza ubwigenge byamaze amasaha nk\u2019atandatu. Mu Burundi bizamara ukwezi kose kwa Nyakanga. Naho muri Aligeriya babwizihiza kuya 05-07-2012 bo bazamara umwaka wose. Imyaka 50 y\u2019ubwigenge ntabwo ikwiye gukinishwa.<\/p>\n<p><strong>Umwanzuro<\/strong><\/p>\n<p>Uburyo Kagame yijihije ibirori byo kuwa 01-07-2012 yari ameze nk\u2019umugabo w\u2019umwinjira wananiranwe n\u2019uwo yinjiye akarumusigamo ariko na none akaba yarananiranwe n\u2019uwo yarushakiyemo. Umwinjira akaba ari umugabo ukwiye gutabarwa atarandagara.<br \/>\nMu myiteguro y\u2019umunsi mukuru nashimye amwe mu magambo yavuzwe n\u2019umusaza Mpyisi aho yavuzeko ko ubwigenge bw\u2019u Rwanda ari ikibazo. Uwasabye ubwigenge siwe wabuhawe. Uwabuhawe nawe ntashobora kubwizihiza. Ikibazo kirakomeye kikaba gikwiye kwicarirwa mu nama Nkuru Ngarukira Gihugu. Bitaba ibyo u Rwanda rukazahora rucura imiborogo. Ubwigenge ni nk\u2019igisu gityaye ku mpande zombi. Repubulika na demokarasi byazanywe n\u2019ubwigenge nta na kimwe gikwiye gukinishwa. Bikwiye gufatwa uko biri cyangwa bigahitana nyiri ukubikinisha.<\/p>\n<p><strong>Nahayo Luc<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu buzima bwanjye sinzibagirwa nyakwigendera Professeur Bagambiki Emmanuel. Uwamwishe muragije Imana kuko yavukije igihugu umuhanga.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":645,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[61,62],"tags":[],"class_list":["post-644","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amateka","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu buzima bwanjye sinzibagirwa nyakwigendera Professeur Bagambiki Emmanuel. Uwamwishe muragije Imana kuko yavukije igihugu umuhanga.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-27T06:33:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-07-27T06:34:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali\",\"datePublished\":\"2012-07-27T06:33:05+00:00\",\"dateModified\":\"2012-07-27T06:34:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/\"},\"wordCount\":854,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amateka\",\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/\",\"name\":\"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-27T06:33:05+00:00\",\"dateModified\":\"2012-07-27T06:34:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"1024\",\"height\":\"681\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda","og_description":"Mu buzima bwanjye sinzibagirwa nyakwigendera Professeur Bagambiki Emmanuel. Uwamwishe muragije Imana kuko yavukije igihugu umuhanga.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-27T06:33:05+00:00","article_modified_time":"2012-07-27T06:34:10+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali","datePublished":"2012-07-27T06:33:05+00:00","dateModified":"2012-07-27T06:34:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/"},"wordCount":854,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amateka","Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/","name":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-27T06:33:05+00:00","dateModified":"2012-07-27T06:34:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"1024","height":"681"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibirori-byo-kuwa-01-07-2012-byasize-byambitse-ubusa-ubutegetsi-bwa-kigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibirori byo kuwa 01-07-2012 byasize byambitse ubusa ubutegetsi bwa Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/644","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=644"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/644\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=644"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=644"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=644"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}