{"id":657,"date":"2012-07-28T02:26:14","date_gmt":"2012-07-28T00:26:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=657"},"modified":"2012-07-28T09:04:05","modified_gmt":"2012-07-28T07:04:05","slug":"amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/","title":{"rendered":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019igihugu cy\u2019u Buhorandi cyahagaritse imfashanyo ingana na Miliyoni 5 z\u2019amayero cyahaga u Rwanda yo gufasha mu ngengo y\u2019imali ya buri mwaka na Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika zahagaritse inkunga ya gisirikare y\u2019amadolari ibihumbi 200, noneho u Bwongereza nabwo igihugu gisanzwe gicuditse cyane n\u2019u Rwanda cyavuze ko kigiye kuba kiretse gutanga miliyoni 16 z\u2019amafaranga akoreshwa mu Bwongereza (Pound) cyari gutanga muri uku kwezi. Ngo u Bwongereza ngo bwabaye buretse gutanga iyo mfashanyo ngo burebe niba u Rwanda rwujuje ibigenderwaho mu guhambwa imfashanyo.<!--more--><\/p>\n<p>U Bwongereza nibwo buha inkunga nini u Rwanda kurusha abandi igera kuri Miriyoni 75 z\u2019amafaranga akoreshwa mu Bwongereza (Pound), bwari bwabanje guseta ibirenge mu gufatira ibyemezo nyuma habaho kwisubiraho kuri uyu wa gatanu.<\/p>\n<p>Ibihugu byo mu majyaruguru y\u2019u Burayi (Les pays scandinaves) igihe byari mu nama y\u2019ubutegetsi ya Banki nyafurika itsura amajyambere byashyizeho igitutu bituma miliyoni 39 z\u2019amadolari zagombaga kujya mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ziba ziretse gutangwa kugeza muri Nzeri uyu mwaka.<\/p>\n<p>U Buhorandi nicyo gihugu cya mbere cy\u2019i Burayi cyafashe icyemezo cyo guhagarikira u Rwanda imfashanyo kubera ibirego bikubiye muri cyegeranyo cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye byo gufasha inyeshyamba za M23 zo muri Congo. Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Buhorandi yatangaje ko bahagaritse imfashanyo ya Miriyoni 5 z\u2019amayero ijya mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda buri mwaka mu rwego rwo gufasha ubutabera ariko ko izindi mfashanyo zica mu miryango itagengwa na Leta zizakomeza gutangwa.<\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda yo mu ijwi rya Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga akaba n\u2019umuvugizi wa Leta y\u2019u Rwanda Louise Mushikiwabo ikomeje guhakana ibyo iregwa ikavuga ko bibabaje kuba ibihugu byose bishingira ku cyegeranyo yita ko kirimo ibinyoma mu guhagarikira u Rwanda imfashanyo kandi ngo u Rwanda batabanje kurubaza ngo rwisobanure.<\/p>\n<p>Ministre Mushikiwabo yagiranye inama n\u2019izo mpuguke zakoze kiriya cyegeranyo gishinja u Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Nyakanga 2012 ngo aziha ibisobanuro ngo binyomoza ibikubiye mu cyegeranyo zakoze.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019inama Mushikiwabo ndetse na bamwe mu bayobozi muri Leta y\u2019u Rwanda bagiranye n\u2019izi mpuguke za Loni yagize ati <em>\u201cUbu dushoje ibiganiro twagiranaga n\u2019itsinda ry\u2019impunguke ndetse mu buryo bufatika twanyomoje buri kimwe mu bishinjwa u Rwanda tunatanga ibimenyetso simusiga. Nitumara kugeza ibi bimenyetso ku bafatanyabikorwa bacu, turizera ko biri bubafashe kubona ukuri bifuza kubirebana n\u2019uru rugamba ruri gucishwa mu itangazamakuru n\u2019abanyapolitiki hagamijwe kugereka iki ikibazo (intambara muri Congo) ku Rwanda.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje agira ati <em>\u201cU Rwanda rurangajwe imbere no kugubanya ubukene, iterambere ry\u2019ubukungu no kwihaza muri byose. Aba bantu ntibashobora kwiha umwanya wo kutuyobya bene aka kageni.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Uyu mudamu ariko yiyibagiza ko ibi bihano amahanga abifashe atinzeho imyaka myinshi, kuko yagombye kuba yarabifatiye u Rwanda kuva muri 1996 ubwo rwateraga Congo ikitwa Za\u00efre naho Uganda yo yagombye kuba yarabifatiwe mu 1990 ubwo yakomezaga gufasha FPR gutera u Rwanda kugeza aho FPR ifatiye ubutegetsi. Bigaragare ko ari U Rwanda ari Uganda byari bimaze kugira akamenyero kabi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame we mu muhango wo gutaha ishuri rya gisirikare rya Nyakinama, yavuze ko ibihumbi 200 by\u2019amadolari abanyamerika bari bamaze guhagarika ntacyo bivuze, uretse ko n\u2019ubundi ayo madolari ari make cyane ku buryo benshi babonye ko icyo cyemezo cya Leta y\u2019Amerika ari nko kwiyerurutsa, ariko mu rwego rwa politiki na diplomasi ni intambwe ikomeye kuba byibura Leta y\u2019Amerika yemera amafuti ya Leta ya Kagame.<\/p>\n<p>Ubu umuntu yakwibaza niba noneho Perezida Kagame ashobora gutinyuka kongera kwigerezaho ngo avuge ko inkunga ibihugu byamuhagarikiye ntacyo bimubwiye nk\u2019uko yabivugiye i Nyakinama mu gihe azi neza ko 1\/3 cy\u2019ingengo y\u2019imari kiva mu baterankunga.<\/p>\n<p>Ibi byemezo biragaragara ko ibihugu byose cyane cyane ibitera u Rwanda inkunga byahagurukiye ikibazo cya Congo n\u2019ubwo bwose ibi byemezo bije bitinze ugereranije n\u2019igihe Kagame na bagenzi be bamaze bayogoza akarere k\u2019ibiyaga bigari ntawe ubatunga agatoki, uko kutabatunga agatoki no kubakingira ikibaba byakomeje gutuma bitwara nk\u2019abari hejuru y\u2019amategeko bashaka guhindura Congo ndetse n&#8217;akarere kose k&#8217;ibiyaga bigari akarima kabo.<\/p>\n<p>Ikindi ariko amahanga yagombye kwitaho ni akababaro k\u2019abanyarwanda baheze mu gihirahiro kubera ubutegetsi bw\u2019igitugu bubica umusubizo bwizeye ko ntacyo amahanga ashobora gukora. Nta kintu kibabaje nko kubona amafaranga ava mu misoro y\u2019abaturage b\u2019abahorandi harimo n\u2019umuryango n\u2019inshuti za Madame Victoire Ingabire ari yo yoherezwa agakoreshwa mu guhemba abirirwa bagaraguza agati Madame Ingabire ngo baramucira imanza. Amahanga yagombye guhagurukira ikibazo cya demokarasi n\u2019umuco mubi wo kudahana wokamye abayobozi ba FPR kuko kudahanwa aribyo bituma bakomeza kwishora mu bikorwa byo gutsemba imbaga. Kandi u Rwanda rugendeye ku butegetsi bufite demokarasi ntabwo rwajya kwanduranya n\u2019ibihugu by\u2019abaturanyi.<\/p>\n<p>Ese ibi byaba ari intangiriro y&#8217;iherezo ry&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igitugu? Reka tubitege amaso.<\/p>\n<p><strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019igihugu cy\u2019u Buhorandi cyahagaritse imfashanyo ingana na Miliyoni 5 z\u2019amayero cyahaga u Rwanda yo gufasha mu ngengo y\u2019imali ya buri mwaka na Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika zahagaritse inkunga ya gisirikare y\u2019amadolari ibihumbi 200, noneho u Bwongereza nabwo igihugu gisanzwe gicuditse cyane n\u2019u Rwanda cyavuze ko kigiye kuba kiretse gutanga miliyoni 16 z\u2019amafaranga akoreshwa mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":658,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,62,69],"tags":[],"class_list":["post-657","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-politiki","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019igihugu cy\u2019u Buhorandi cyahagaritse imfashanyo ingana na Miliyoni 5 z\u2019amayero cyahaga u Rwanda yo gufasha mu ngengo y\u2019imali ya buri mwaka na Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika zahagaritse inkunga ya gisirikare y\u2019amadolari ibihumbi 200, noneho u Bwongereza nabwo igihugu gisanzwe gicuditse cyane n\u2019u Rwanda cyavuze ko kigiye kuba kiretse gutanga miliyoni 16 z\u2019amafaranga akoreshwa mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-28T00:26:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-07-28T07:04:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo\",\"datePublished\":\"2012-07-28T00:26:14+00:00\",\"dateModified\":\"2012-07-28T07:04:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/\"},\"wordCount\":770,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Politiki\",\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/\",\"name\":\"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-28T00:26:14+00:00\",\"dateModified\":\"2012-07-28T07:04:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"464\",\"height\":\"321\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019igihugu cy\u2019u Buhorandi cyahagaritse imfashanyo ingana na Miliyoni 5 z\u2019amayero cyahaga u Rwanda yo gufasha mu ngengo y\u2019imali ya buri mwaka na Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika zahagaritse inkunga ya gisirikare y\u2019amadolari ibihumbi 200, noneho u Bwongereza nabwo igihugu gisanzwe gicuditse cyane n\u2019u Rwanda cyavuze ko kigiye kuba kiretse gutanga miliyoni 16 z\u2019amafaranga akoreshwa mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-28T00:26:14+00:00","article_modified_time":"2012-07-28T07:04:05+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo","datePublished":"2012-07-28T00:26:14+00:00","dateModified":"2012-07-28T07:04:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/"},"wordCount":770,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru","Politiki","Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/","name":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-28T00:26:14+00:00","dateModified":"2012-07-28T07:04:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"464","height":"321"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amahanga-akomeje-guhagarikira-u-rwanda-imfashanyo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amahanga akomeje guhagarikira u Rwanda imfashanyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/657","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=657"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/657\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=657"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=657"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=657"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}