{"id":695,"date":"2012-07-29T03:21:19","date_gmt":"2012-07-29T01:21:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=695"},"modified":"2012-07-29T03:21:19","modified_gmt":"2012-07-29T01:21:19","slug":"u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/","title":{"rendered":"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari"},"content":{"rendered":"<p>Mu minsi ishize u Rwanda rwatangaje ingengo y\u2019imari y\u2019umwaka 2012-2013 bikaba byaragaragaye ko igice kitari gito cy\u2019iyo ngengo y\u2019imari cyagombaga kuva mu nkunga yagombaga kuva mu mahanga aho bisanzwe bizwi ko ibihugu by\u2019Iburayi byiharira igice kinini cy\u2019iyo nkunga.<!--more--> Ibyo bihugu ni nk\u2019Ubwongereza, Ubuholandi, Suwedi, Ububiligi hamwe n\u2019Ubudage. Ibyo bikaba aribyo bihugu byatangaga imfashanyo ifatika mu Rwanda ariko Ubufaransa bwo bwari butaragaragaza uruhare runini muri iyo nkunga nyuma yo gusubukura umubano wabwo n\u2019u Rwanda bigaragara ko uhora urimo ibibazo.<\/p>\n<p>Muri ibi bihugu byatangaga akayabo k\u2019amafaranga mu Rwanda, ubu ikitaratangaza ko gihagaritse iyo mfashanyo ni Ububiligi n\u2019Ubufaransa. Nyamara ku Bufaransa bwo twababwiye ko kugeza magingo aya iby\u2019imfashanyo bisa n\u2019ibigiteye urujijo kuko nta buryo bufatika iki gihugu cyerekanye bwo gufasha u Rwanda. Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nacyo cyatangaje ko gihagaritse inkunga ya gisirikari cyahaga u Rwanda ndetse kinongeraho ko Kagame ashobora gukurikiranwa n\u2019urukiko mpuzamahanga. Igihugu cya Kanada kikaba nacyo cyaratangaje mu minsi yashize ariko mbere y\u2019uko ibibazo bya Kongo byubura, ko u Rwanda rutakibarirwa mu bihugu kigenera imfashanyo. Ababikurikirana bemeza ko impamvu ari uko Kanada itashoboraga gukomeza gutanga amafaranga yayo mu gihugu bigaragara neza ko kiniga ubwisanzure bwa politiki n\u2019itangwa ry\u2019ibitekerezo. Kagame akaba ahora avuga mu madisikuru ko u Rwanda rutagomba guhora ruteze amaboko ak\u2019imuhana.<\/p>\n<p>Iri hagarika ry\u2019imfashanyo kandi rije mu gihe taliki 14 Nyakanga 2012, u Rwanda rwasohoye imishahara mishya y\u2019abakozi bo mu nzego nkuru za leta na za minisiteri, abo mu bigo bya leta, muri za komisiyo, muri za kaminuza no mu mashuri makuru ya leta n\u2019afashwa na leta ndetse n\u2019abo mu mavuriro n\u2019ibigo nderabuzima. Tukaba twarabagejejeho mu nshamake uko iyo mishahara mishya iteye ariko tunagaragaza impungenge z\u2019uko ayo mafaranga ashobora kutazaboneka.<\/p>\n<p>Iri hagarikwa ry\u2019imfashanyo kandi rikaba ryahangayikishije cyane leta ya Kigali yabanje kwihagararaho ikemeza ko amadorari ibihumbi 200 yahagaritswe n\u2019abanyamerika ari ubusa kuri yo ariko yibagirwa ko ibihugu byinshi biyiha imfashanyo hafi ya byose bikorera hamwe. Ubu noneho ikibazo kikaba cyabaye insobe ku buryo u Rwanda ngo rushobora kuzagira ingorane zo kubonera abakozi bose imishahara yabo y\u2019ukwezi kwa Nyakanga 2012 dore ko ari nako kwezi kwa mbere kujyanye n\u2019intangiriro y\u2019ingengo y\u2019imari ya 2012-2013. Ngo n\u2019iyo yaboneka kandi ngo byagorana kubona ay\u2019amezi akurikiyeho. Abazi ibya politiki bemeza ko Kagame ashobora kuba asigaranye amahirwe make cyane yo kuguma ku butegetsi dore ko amakuru amwe anavuga ko yari yarahawe\u00a0 na Amerika igihe cyo kwitegura kuva ku butegetsi ndetse anemererwa ubuhungiro muri Amerika hamwe n\u2019umuryango we ariko icyo gihe kigeze yavuniye ibiti mu matwi ahubwo ahiramo kwigira muri Kongo none nabyo ntibimuhiriye. Ababikurikiranira hafi banemeza ko Kagame asigaranye amahirwe amwe gusa yo kwisunga abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwe ariko nanone iyi nzira ngo iragoye cyane kuko ngo amazi ashobora kuba yararenze inkombe dore ko bamwe yabishe abandi akabafunga.<\/p>\n<p>Kuba Kagame aho yambariye inkindi ahambarira ibicocero ni ikimenyetso cy\u2019uko ubutegetsi bwe abantu babuhaze baba abanyamahanga baba n\u2019abanyarwanda ubwabo dore ko ubu ngo abenshi bahura bakabwirana felicitation bishatse kuvuga ko bishimiye ko umunyagitugu agenda ashiramo imbaraga bityo ngo na we ntazongera kubona imbaraga zo kubarimbura nk\u2019uko yari asanzwe abigenza.<\/p>\n<p>Burya koko ngo uguhiga ubutwari muratabarana kandi ngo akagabo gahimba akandi kataraza.<\/p>\n<p><strong><em>Umusomyi wa RLP<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Nyagatare\/Muburasirazuba<\/em><\/strong><\/p>\n<p><em>Source: <a href=\"http:\/\/rwanda-in-liberation.blogvie.com\/2012\/07\/29\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-y%E2%80%99umwaka-w%E2%80%99ingengo-y%E2%80%99imari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-y%E2%80%99imari\/\">Rwanda in Liberation Process<\/a><\/em><\/p>\n<h1><\/h1>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu minsi ishize u Rwanda rwatangaje ingengo y\u2019imari y\u2019umwaka 2012-2013 bikaba byaragaragaye ko igice kitari gito cy\u2019iyo ngengo y\u2019imari cyagombaga kuva mu nkunga yagombaga kuva mu mahanga aho bisanzwe bizwi ko ibihugu by\u2019Iburayi byiharira igice kinini cy\u2019iyo nkunga.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":696,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62,69],"tags":[],"class_list":["post-695","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu minsi ishize u Rwanda rwatangaje ingengo y\u2019imari y\u2019umwaka 2012-2013 bikaba byaragaragaye ko igice kitari gito cy\u2019iyo ngengo y\u2019imari cyagombaga kuva mu nkunga yagombaga kuva mu mahanga aho bisanzwe bizwi ko ibihugu by\u2019Iburayi byiharira igice kinini cy\u2019iyo nkunga.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-29T01:21:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/\",\"name\":\"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-29T01:21:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"600\",\"height\":\"400\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda","og_description":"Mu minsi ishize u Rwanda rwatangaje ingengo y\u2019imari y\u2019umwaka 2012-2013 bikaba byaragaragaye ko igice kitari gito cy\u2019iyo ngengo y\u2019imari cyagombaga kuva mu nkunga yagombaga kuva mu mahanga aho bisanzwe bizwi ko ibihugu by\u2019Iburayi byiharira igice kinini cy\u2019iyo nkunga.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-29T01:21:19+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/","name":"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-29T01:21:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"600","height":"400"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ruhagarikiwe-imfashanyo-mu-ntangiriro-yumwaka-wingengo-yimari-mu-gihe-rwari-rwongereye-iyo-ngengo-yimari\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ruhagarikiwe imfashanyo mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u2019ingengo y\u2019imari mu gihe rwari rwongereye iyo ngengo y\u2019imari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/695","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=695"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/695\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=695"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=695"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=695"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}