{"id":7090,"date":"2014-05-26T17:56:30","date_gmt":"2014-05-26T15:26:30","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=7090"},"modified":"2014-05-26T17:56:30","modified_gmt":"2014-05-26T15:26:30","slug":"ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/","title":{"rendered":"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda"},"content":{"rendered":"<p>Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye kumenyesha no guhamagarira abakunzi baryo n\u2019Imberakuri by\u2019umwihariko igikorwa giteganyijwe kuwa gatatu taliki ya 04\/06\/2014 cyo kuzafungura Ma\u00eetre Bernard Ntaganda perezida Fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri. Ma\u00eetre Ntaganda Bernard amaze imyaka 4 mu gihome cya gereza yashyizwemo n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda nta cyaha ya koze uretse kuzira ibitekerezo bye byo gushaka imiyoborere Myiza na demokarasi isesuye mu Rwanda.<!--more--><\/p>\n<p>Nubwo ishyaka ry\u2019Imberakuri ryishimira ko Bernard Ntaganda ashobora guhabwa uburenganzira bwe yambuwe nta mpamvu akajya hanze nk\u2019uko igihe yahawe cyo kuba muri gereza kibigena; Imberakuri zifite impungenge ziterwa n\u2019amakinamico atandukanye leta y\u2019 u Rwanda ikomeje gukina ashobora kuba afite imigambi mibi yihishe inyuma; ayo makinamico yagaragajwe n\u2019amakuru y\u2019ibinyoma byagiye bitangazwa na bamwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda bavugaga ko Ma\u00eetre Bernard Ntaganda akora ibikorwa muri gereza birimo kugumura imfungwa n\u2019ibindi!<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ifungwa rya Ma\u00eetre Bernard Ntaganda, leta y\u2019u Rwanda yakomeje ibikorwa bikomeye byo gusenya ishyaka ry\u2019Imberakuri, ibyo bikorwa bikaba byararushijeho gukaza umurego muri iyi minsi twitegura ifungurwa rya Ma\u00eetre Bernard Ntaganda; aho Imberakuri nyinshi mu gihugu zikomeje kunyerezwa no gufungwa n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p id=\"yui_3_5_0_1_1401104599146_17237\"><strong><em>Imberakuri zanyerejwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda\u00a0:<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong>1.Rusangwa Aimable Sibomana<\/strong>: Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa PS Imberakuri.<\/p>\n<p><strong>2.Nigirente James\u00a0<\/strong>: Ushinzwe ubukangurambaga mu mujyi wa Kigali<\/p>\n<p><strong>3.Bazimaziki Damien:<\/strong>\u00a0Umujyanama w\u2019Imberakuri<\/p>\n<p><strong>4.Iyakaremye Jean Damasc\u00e8ne<\/strong>\u00a0washimutiwe muri Uganda akaba afungiwe ahatanzwi mu Rwanda.<\/p>\n<p><strong>5.Nsabimana Valens<\/strong>\u00a0washimutiwe muri Uganda akaba afungiwe ahatanzwi mu Rwanda.<\/p>\n<p><strong>6.Siborurema Eug\u00e8ne<\/strong>\u00a0washimutiwe muri Uganda akaba afungiwe ahatanzwi mu Rwanda.<\/p>\n<p id=\"yui_3_5_0_1_1401104599146_17230\"><em><strong>Imberakuri zifunzwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda:<\/strong><\/em><\/p>\n<p><strong>1.Icyitonderwa Jean Baptiste:<\/strong>\u00a0Umunyamabanga ushinzwe ubukangurambaga, ufungiye muri gereza ya Rwamagana, aho akomeje gucunagurizwa akaba atemerewe no kuvurwa kandi arwaye.<\/p>\n<p><strong>2.Nshimyumuremyi Eric\u00a0<\/strong>: Perezida wa PS Imberakuri ku Kicukiro; afunzwe azira ko yarashwe na polisi y\u2019u Rwanda ku italiki ya 15\/09\/2012 kugeza ubu isasu yarashwe rikaba rikimurimo ndetse rikaba rishobora no kumuhitana!<\/p>\n<p id=\"yui_3_5_0_1_1401104599146_17299\">Uretse abo bayobozi b\u2019Imberakuri bakomeje gutotezwa n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, muri iki gihe ubutegetsi bwa Kigali buri guhiga kuburyo bukomeye abayobozi bandi b\u2019ishyaka ry\u2019Imberakuri kugira ngo bubagirire nabi.<\/p>\n<p id=\"yui_3_5_0_1_1401104599146_17282\"><em><strong>Imberakuri ziri guhigishwa uruhindu n\u2019ubutegetsi bw\u2019i Kigali:<\/strong><\/em><\/p>\n<p><strong>1.Bwana Bakunzibake Alexis:<\/strong>\u00a0Umuyobozi wungirije w\u2019ishyaka ry\u2019Imberakuri.<\/p>\n<p><strong>2.Ndamira Jean Claude<\/strong>: perezida w\u2019Imberakuri mu mujyi wa Kigali<\/p>\n<p>3.Abayobozi b\u2019ishyaka ry\u2019Imberakuri mu karere ka\u00a0<strong>Nyagatare<\/strong>\u00a0na\u00a0<strong>Musanze<\/strong>\u00a0kimwe n\u2019izindi Mberakuri aho ziri hose mu gihugu.<\/p>\n<p>Ni ubwo ibi bikorwa bigayitse bikomeje gukorerwa ishyaka ry\u2019Imberakuri n\u2019ubutegetsi buriho\u00a0; Imberakuri ntizacitse intege, zikaba zikomeje inzira ziyemeje yo gusesekaza demokarasi nyakuri mu Rwanda. Mu gihe Imberakuri ziri mu gikorwa cyo kwitegura kwakira perezida Fondateri Ma\u00eetre Bernard Ntaganda, Ishyaka ry\u2019Imberakuri rihagaze neza mu rugamba ryiyemeje, ubu rikaba rifite imbaraga zikomeje gutera ubwoba abayoboye u Rwanda muri iki gihe, akaba ariyo mpamvu\u00a0 ubutegetsi buri gukorera imberakuri ibikorwa by\u2019iterabwoba kugira ngo ishyaka risenyuke uretseko batazabishobora. Ishyaka ry\u2019Imberakuri ryinjiye mu mpuzamashyaka ya FCLR na CPC zifite ingufu ziteye ubwoba ubutegetsi butubahiriza demokarasi buri mu Rwanda kuburyo ibikorwa bibi ubwo butegetsi buri gukorera abanyarwanda bidatunguranye.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rikomeje kwifuriza abanyarwanda bose demokarasi nziza no kuzarifasha kwakira Ma\u00eetre Bernard Ntaganda mu rugamba rirwana rwo kuzana demokarasi isesuye mu gihugu cyacu.<\/p>\n<p>Mugire ibihe byiza.<\/p>\n<p><strong><em>Bakunzibake Alexis<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Umuyobozi wungirije.<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye kumenyesha no guhamagarira abakunzi baryo n\u2019Imberakuri by\u2019umwihariko igikorwa giteganyijwe kuwa gatatu taliki ya 04\/06\/2014 cyo kuzafungura Ma\u00eetre Bernard Ntaganda perezida Fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri. Ma\u00eetre Ntaganda Bernard amaze imyaka 4 mu gihome cya gereza yashyizwemo n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda nta cyaha ya koze uretse kuzira ibitekerezo bye byo gushaka imiyoborere Myiza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7091,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-7090","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye kumenyesha no guhamagarira abakunzi baryo n\u2019Imberakuri by\u2019umwihariko igikorwa giteganyijwe kuwa gatatu taliki ya 04\/06\/2014 cyo kuzafungura Ma\u00eetre Bernard Ntaganda perezida Fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri. Ma\u00eetre Ntaganda Bernard amaze imyaka 4 mu gihome cya gereza yashyizwemo n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda nta cyaha ya koze uretse kuzira ibitekerezo bye byo gushaka imiyoborere Myiza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-05-26T15:26:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1306\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1465\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/\",\"name\":\"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"datePublished\":\"2014-05-26T15:26:30+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"width\":1306,\"height\":1465,\"caption\":\"Me Bernard Ntaganda na Mme Victoire Ingabire mu 2009\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda","og_description":"Ishyaka PS Imberakuri ryishimiye kumenyesha no guhamagarira abakunzi baryo n\u2019Imberakuri by\u2019umwihariko igikorwa giteganyijwe kuwa gatatu taliki ya 04\/06\/2014 cyo kuzafungura Ma\u00eetre Bernard Ntaganda perezida Fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri. Ma\u00eetre Ntaganda Bernard amaze imyaka 4 mu gihome cya gereza yashyizwemo n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda nta cyaha ya koze uretse kuzira ibitekerezo bye byo gushaka imiyoborere Myiza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-05-26T15:26:30+00:00","og_image":[{"width":1306,"height":1465,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/","name":"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","datePublished":"2014-05-26T15:26:30+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","width":1306,"height":1465,"caption":"Me Bernard Ntaganda na Mme Victoire Ingabire mu 2009"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-iritegura-ifungurwa-rya-perezida-wayo-me-bernard-ntaganda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"PS Imberakuri iritegura ifungurwa rya Perezida wayo Me Bernard Ntaganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7090","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=7090"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7090\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7091"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=7090"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=7090"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=7090"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}