{"id":7270,"date":"2014-06-13T18:41:46","date_gmt":"2014-06-13T16:11:46","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=7270"},"modified":"2014-06-13T18:41:46","modified_gmt":"2014-06-13T16:11:46","slug":"ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/","title":{"rendered":"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi"},"content":{"rendered":"<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_16576\">Maze <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-mu-mayira-abiri-muri-2017-alain-patrick-ndengera\/\">gusoma inyandiko zinyuranye ku bitekerezo byatanzwe na <\/a>Bwana <span style=\"text-decoration: underline\">Alain Patrick Ndengera<\/span>\u00a0bintera kwibaza. Kuki amateka nta somo yigeze aduha? Kuki tutavuga ibyo tubona? Politiki ntabwo iva mu ijuru. Ni ibisobanuro bifatika by&#8217;imibereho yacu ya buri munsi. Abo bwana Kayijamahe yita &#8220;abazehe&#8221; ni bo bishyitsi by&#8217;amateka. Nk&#8217;uko Kigali ishaka kubatandukanya &#8220;n&#8217;abubu&#8221;\u00a0na Tito Kayijamahe ni byo akeneye kugeraho. (Sans la relation interg\u00e9n\u00e9rationnelle, la g\u00e9n\u00e9ration montante sera coup\u00e9e de la source sous risque de se retrouver sans identit\u00e9, sans \u00e2me non plus). Amahoro yo ni ikindi kibazo.<!--more--><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_16582\"><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_16584\">Amahoro yubakwa n&#8217;impande zose zisanzwe zibangikanye. Zose kandi zikayashyiramo ubushake bungana. Intambara yo ikururwa kandi ikiruruka kubera ubushake buke bw&#8217;umwe mu bagombye kubakana amohoro.<\/div>\n<div><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_16587\">Ku bibazo rusange bya politiki, ibyifuzo bya Bwana Kayijamahe bizashyirwa mu bikorwa n&#8217;umutwe uri ku ntebe gusa. Abari ku ubutegetsi, nk&#8217;uko bafite ububasha bwo gukoresha imbaraga (le droit de la violence l\u00e9gitime) ni ko bazafata ibyemezo n&#8217;ingamba (des d\u00e9cisions et des prospectives).\u00a0Ibyo\u00a0Tito Kayijamahe abwira abadafite uko bigira yagombye kubibwira inshuti ze zifite ubutegetsi i Kigali zikabishyira mu bikorwa. Mu ubuhungiro ntacyo byazatugezaho na gito !!!<\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_17395\"><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_17391\">Muri politiki kandi, agatsiko kafashe ubutegetsi ku ngufu ( \u00e0 l&#8217;instar du Fpr) gategekesha igitugu. Inkota mu kaboko k&#8217;iburyo, inkoni mu k&#8217;ibumoso n&#8217;amategeko mu kanwa. Imyaka 20 irashize ari uko i Kigali bimeze. Na Kanjogera ( \u00e0 qui Paul Kagame s&#8217;identifie) ni ko yategetse. Amaze gusesa Mdr (2002), Polo Kagame yaratubwiye ati:\u00a0&#8221;\u00a0 Twafashe igihugu bemere tubategeke abadashaka barebe iyo bajya.&#8221;\u00a0Abwirwa benshi akumvwa na bene yo! Mu matora ya 2003 yangeraho aya magambo:\u00a0&#8220;Twiyubakiye inzu ntawe muntu\u00a0n&#8217;umwe\u00a0tuzayugamishamo. Ntibishabako, ntibishoboka.&#8221;\u00a0Ubwo abapolisi ba Fpr bapfungiraga i Gisenyi mu iyamamaza ly&#8217;abadepite mu mpera za kanama 2003 na bo barambwije ukuri kwabo bati:\u00a0&#8221; Twafashe igihugu ku uruhembe ry&#8217;umuheto. Niba muri abagabo mufate imbinda turwane. Un point un trait. Iyo demokarasi muzayibwire abandi.&#8221;\u00a0Yaba uyu Polo Kagame, baba aba bapolisi, ntacyo bahishe. Ikibazo: babwira intumva. Opposition isaba ibiganiro n&#8217;imishyikirano ni abapfayongo. Mu myumvire bwite ijyana n&#8217;intambara, igihe cyose uwo muhanganye ugasabye intambara murarwana. Iyo umweretse ko utinye kurwana, arakwica akakurandurana n&#8217;imizi. Na we kandi iyo uzi neza ko nta ngufu ufite, wirinda gushoza intambara.<\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_21292\"><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_21294\">Mugire amahoro<\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_21296\"><\/div>\n<div id=\"yui_3_16_0_1_1402676166487_21298\">Seif-Omar.<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Maze gusoma inyandiko zinyuranye ku bitekerezo byatanzwe na Bwana Alain Patrick Ndengera\u00a0bintera kwibaza. Kuki amateka nta somo yigeze aduha? Kuki tutavuga ibyo tubona? Politiki ntabwo iva mu ijuru. Ni ibisobanuro bifatika by&#8217;imibereho yacu ya buri munsi. Abo bwana Kayijamahe yita &#8220;abazehe&#8221; ni bo bishyitsi by&#8217;amateka. Nk&#8217;uko Kigali ishaka kubatandukanya &#8220;n&#8217;abubu&#8221;\u00a0na Tito Kayijamahe ni byo akeneye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7214,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-7270","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Maze gusoma inyandiko zinyuranye ku bitekerezo byatanzwe na Bwana Alain Patrick Ndengera\u00a0bintera kwibaza. Kuki amateka nta somo yigeze aduha? Kuki tutavuga ibyo tubona? Politiki ntabwo iva mu ijuru. Ni ibisobanuro bifatika by&#8217;imibereho yacu ya buri munsi. Abo bwana Kayijamahe yita &#8220;abazehe&#8221; ni bo bishyitsi by&#8217;amateka. Nk&#8217;uko Kigali ishaka kubatandukanya &#8220;n&#8217;abubu&#8221;\u00a0na Tito Kayijamahe ni byo akeneye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-06-13T16:11:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"419\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"453\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/\",\"name\":\"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"datePublished\":\"2014-06-13T16:11:46+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"width\":419,\"height\":453},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda","og_description":"Maze gusoma inyandiko zinyuranye ku bitekerezo byatanzwe na Bwana Alain Patrick Ndengera\u00a0bintera kwibaza. Kuki amateka nta somo yigeze aduha? Kuki tutavuga ibyo tubona? Politiki ntabwo iva mu ijuru. Ni ibisobanuro bifatika by&#8217;imibereho yacu ya buri munsi. Abo bwana Kayijamahe yita &#8220;abazehe&#8221; ni bo bishyitsi by&#8217;amateka. Nk&#8217;uko Kigali ishaka kubatandukanya &#8220;n&#8217;abubu&#8221;\u00a0na Tito Kayijamahe ni byo akeneye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-06-13T16:11:46+00:00","og_image":[{"width":419,"height":453,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/","name":"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","datePublished":"2014-06-13T16:11:46+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","width":419,"height":453},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndengera-igitekerezo-yatanze-yagombye-kugiha-inshuti-ze-ziri-i-kigali-ku-butegetsi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndengera igitekerezo yatanze yagombye kugiha inshuti ze ziri i Kigali ku butegetsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7270","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=7270"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7270\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7214"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=7270"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=7270"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=7270"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}