{"id":7488,"date":"2014-07-23T16:51:33","date_gmt":"2014-07-23T14:21:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=7488"},"modified":"2014-07-23T16:51:33","modified_gmt":"2014-07-23T14:21:33","slug":"rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/","title":{"rendered":"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA"},"content":{"rendered":"<p>Kuba mu Rwanda\u00a0 rwacu rw\u2019imisozi igihumbi niyo ndoto duhoramo. Twiyemeje kandi tuzi neza ko urwo Rwanda rwacu rwatwibarutse, rufite n\u2019ibibazo igihumbi, ariko twizera kandi twemera ko dushyize hamwe, dushobora kubibonera ibisubizo ibihumbi n\u2019ibihumbagiza.<!--more--><\/p>\n<p>Turambiwe kuba mu bwoba aho umunyarwanda yemera gukora ibitandukanye n\u2019umutimanama we kugirango aramuke.<\/p>\n<p>Turambiwe kubaho utariho, ufite ipfunwe ry\u2019uwo uri we, cyangwa se uko wavutse, cyangwa se aho wavukiye, utinya kugerekwaho icyiswe ingengabitekerezo ya jenoside.<\/p>\n<p>Turambiwe ubutegetsi burigisa abo bushinzwe kurinda, abo butishe bukabategeka kwemera ibyaha batakoze ku ngufu batagejejwe n\u2019imbere y\u2019ubutabera.<\/p>\n<p>Turambiwe no kuyoborwa n\u2019umuyobozi uvuga amagambo yuzuye ubugome n\u2019agasuzuguro; no kwica abanyagihugu hakabura n\u2019umuntu numwe uvuga ko ataribyo ahubwo bakihutira gukoma amashyi ngo batagaragara nabi ibukuru.<\/p>\n<p>Kubera izo mpamvu zose nizindi nyinshi zizwi turarondora ahangaha, twebwe urubyuruko rwa RDI Rwanda Rwiza rutuye muri New England, America, inzira tubona yatugeza kuri ibyo byose ni ukubaka igihugu kizira igitugu n\u2019akarengane, igihugu kigendera ku mategeko kandi kikubahiriza uburenganzira busesuye bw\u2019ikiremwamuntu.<\/p>\n<p>Umutekano twifuza kuri buri munyarwanda niwawundi utuma buri wese abaho akaramuka, kandi akagena ubwe uko imibereho ye y\u2019ejo hazaza yagenda, bidaturutse ku kiboko n\u2019iterabwoba ry\u2019 ubutegetsi bwa leta. Twifuza kandi duharanira ko mu gihugu cyacu, habaho ubutegetsi buha umuturage ijambo mu bikorwa byose bigamije kumuteza imbere kandi ibyifuzo bye bigahabwa agaciro gakomeye.<\/p>\n<p>Twifuza ko buri wese yagira uburenganzira butavogerwa k\u2019umutungo we bwite, kandi mu gihe habaho impamvu y\u2019amajyambere rusange, yatuma umuturage yeguka k\u2019 umutungo we bwite\u00a0 agomba kubanza kubisobanurirwa ,nta guhutazwa kandi agahabwa mbere ya byose ingurane inganya agaciro n\u2019byo ashobora gutakaza byose muri icyo gikorwa. Ntitwemera na gato politiki y\u2019ubushoramari ishingiye ku kwambura abanyarwanda utwabo tugahabwa abatagire b\u2019abanyamahanga hakoreshejwe ubujura, ingufu n\u2019amariganya.<\/p>\n<p>Tubona ko urubyirurko ariyo mizero y\u2019ejo heza h\u2019igihugu cyacu niyo mpamvu dusanga urubyiruko rukwiye kwigishwa no kumenya neza amateka atavangiye y\u2019igihugu cyacu, rukigishwa indangagaciro z\u2019umuco wacu nkuko abakurambere bawuduhayeho umurage, ibyiza tukabikomeza ibyataye agaciro tukabireka, ibyiza bivuye ahandi nabyo tukabyakira ariko tubanje gushishoza kugirango bitabangamira umuco wacu mwiza.<\/p>\n<p>Kwongera ubumenyi mu ngeri zose z\u2019ubuhanga bwatuma tujyana n\u2019ikoranabuhanga rigezweho ku isi. Kwirinda no kurwanya amacakubiri yatatanya ingufu z\u2019abanyarwanda hakoreshejwe irondakoko cyangwa se irondakarere n\u2019ibindi byose bihembera urwikekwe, inzangano n\u2019inzigo hagati y\u2019abana b\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>By\u2019umwihariko, tubona ko ubutegetsi buriho ubu mu Rwanda bwatatiye ibyo byifuzo byacu byose bukaba bwarahawe nigihe gihagije cyo kubikosora ariko bukanangira.<\/p>\n<p>Kubera izo mpamvu tukaba twebwe urubyiruko twiyemeje gukurikira izindi nzira zose zishoboka kugira ngo ibyifuzo byacu byavuzwe haruguru bigerweho.<\/p>\n<p>Twese hamwe nk\u2019urubyiruko duhumuke dukanguke twiyambure umwenda w&#8217; ubwoba maze tugere ikirenge mu cy\u2019abatubanjirije.<\/p>\n<p>Turashimira amashyaka ya politiki n\u2019amashyirahamwe yigenga yakomeje kurwanya akarengane kari kubera mu Rwanda.<\/p>\n<p>Rubyiruko\u00a0 rero ubu igihe kirageze ngo ibibazo by\u2019uRwanda tubigire ibyacu. Nta muntu numwe twatumye kudukorera ibyo twagombye kuba turi gukora. Buri wese niyumve ko bimureba, two guhurira mu tubari, mu tubyiniro, mu birori ngo dusangire inzoga, brochettes, dukine agapira ariko nibiza ku kibazo duhuriyeho twese kubibera mu Rwanda, usange buri wese abyitaza. Duhagarike amarangamutima tuganire mu mahoro ibibazo bitureba twese nk\u2019abanyarwanda tubikemure.<\/p>\n<p>Twese hamwe tuzabiharanira kandi tuzatsinda.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Bikorewe New England, USA kuwa cumi n\u2019icyenda Nyakanga, 2014<\/p>\n<p><strong>Belise Gakwaya<\/strong><\/p>\n<p>Umuyobozi wa Club RDI Rwanda Rwiza New England.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuba mu Rwanda\u00a0 rwacu rw\u2019imisozi igihumbi niyo ndoto duhoramo. Twiyemeje kandi tuzi neza ko urwo Rwanda rwacu rwatwibarutse, rufite n\u2019ibibazo igihumbi, ariko twizera kandi twemera ko dushyize hamwe, dushobora kubibonera ibisubizo ibihumbi n\u2019ibihumbagiza.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7490,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-7488","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuba mu Rwanda\u00a0 rwacu rw\u2019imisozi igihumbi niyo ndoto duhoramo. Twiyemeje kandi tuzi neza ko urwo Rwanda rwacu rwatwibarutse, rufite n\u2019ibibazo igihumbi, ariko twizera kandi twemera ko dushyize hamwe, dushobora kubibonera ibisubizo ibihumbi n\u2019ibihumbagiza.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-07-23T14:21:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"896\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/\",\"name\":\"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg\",\"datePublished\":\"2014-07-23T14:21:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg\",\"width\":896,\"height\":960},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda","og_description":"Kuba mu Rwanda\u00a0 rwacu rw\u2019imisozi igihumbi niyo ndoto duhoramo. Twiyemeje kandi tuzi neza ko urwo Rwanda rwacu rwatwibarutse, rufite n\u2019ibibazo igihumbi, ariko twizera kandi twemera ko dushyize hamwe, dushobora kubibonera ibisubizo ibihumbi n\u2019ibihumbagiza.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-07-23T14:21:33+00:00","og_image":[{"width":896,"height":960,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/","name":"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg","datePublished":"2014-07-23T14:21:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/07\/rdi-2.jpg","width":896,"height":960},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rdi-rwanda-rwiza-twanze-kirazira\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RDI-RWANDA RWIZA TWANZE KIRAZIRA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7488","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=7488"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7488\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7490"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=7488"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=7488"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=7488"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}