{"id":8074,"date":"2014-08-05T22:35:50","date_gmt":"2014-08-05T20:05:50","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=8074"},"modified":"2014-08-05T22:35:50","modified_gmt":"2014-08-05T20:05:50","slug":"groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/","title":{"rendered":"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo"},"content":{"rendered":"<p>Bimaze kugaragara ko u Rwanda rufite impuguke nyinshi mu nzego zinyuranye haba mu banyarwanda baba mu gihugu cyangwa mu mahanga. Izo mpuguke usanga zifite amashuri ahambaye ndetse no mu kazi ugasanga bagakora neza kandi n\u2019umurava. Ariko iyo turebye neza dusanga izo mpuguke zikwiriye gutera indi ntambwe bakanagira uruhare rukomeye mu guteza igihugu imbere batanga ibitekerezo byunganira ibyiza byagezweho mu gihugu ngo birusheho kujya imbere cyangwa banatanga inama ngo ibitagenda bikosorwe.<!--more--><\/p>\n<p>Mu by\u2019ukuri umuganda w\u2019abanyabwenge cyangwa impuguke ukenewe ni uko buri wese yatanga ibitekerezo muri domaine ye azi neza Kandi asobanukiwe bityo umuganda we ukaza wunganira ibyiza bikorwa cyangwa utanga inama ndetse n\u2019icyerekezo mu gukosora ibidakorwa neza. Muri ino minsi usanga abanyabwenge benshi barahariye abanyapolitiki urubuga rwo gukemura ibibazo byose byugarije igihugu kandi nabo bashobora kunganira abo banyapolitiki nabo bagatanga umuganda w\u2019ibitekerezo.<\/p>\n<p>Groupe de r\u00e9flexion itangiye igamije guha urubuga abanyabwenge ndetse n\u2019impuguke ndetse ku buryo bashobora gutanga ibitekerezo batagombeye kuba mu ishyirahamwe runaka cyangwa ishyaka runaka kuko impuguke yose iba ifite ubushobozi ndetse n\u2019ubumenyi buhagije bwo kuba batanga umuganda mu bitekerezo. Iyi Groupe de r\u00e9flexion rero ni urubuga rwiza rwo gutangiramo ibitekerezo ku buryo bunononsoye kandi nta kuniganwa ijambo.<\/p>\n<p><strong>Objectifs za Groupe de r\u00e9flexion\u00a0:<\/strong><\/p>\n<p>Uburyo bwiza bwo guhitisha ibitekerezo bikagera ku bayobozi b\u2019u Rwanda ndetse bikaba byanashyirwa mu bikorwa hagomba kubaho ibi bikurikira\u00a0:<\/p>\n<ul>\n<li>Kubaka ikiraro gihuza abatanga ibitekerezo ndetse n\u2019abayobozi b\u2019igihugu bashinzwe gushyira mu bikorwa ibyo bitekerezo.<\/li>\n<li>Guca urwikekwe no kubaka climat de confiance hagati y\u2019impande zombi<\/li>\n<li>Kwerekana liste y\u2019ibikorwa bikenewe gutangwaho ibitekerezo ngo hatangweho umuganda wo gukosora ibitagenda neza cyangwa gushyigikira ibigenda neza<\/li>\n<li>Gutanga ibitekerezo ndetse n\u2019icyerekezo cyo gukosora cyangwa guteza imbere ibikorwa byigwaho.<\/li>\n<li>Gushyikiriza imyanzuro abayobozi b\u2019u Rwanda no kuganira ku cyerekezo cyatanzwe<\/li>\n<li>Gukurikirana ishyirwa mu bikorwa by\u2019imyanzuro yumvikanyweho.<\/li>\n<\/ul>\n<p><strong>Ibitekerezo bitangwa gute ?<\/strong><\/p>\n<p>Kugirango abitekerezo bitangwa byose bishobore gukurikiranwa mu buryo bworoshye, muri Groupe de r\u00e9flexion hazajya hakirwa gusa inyandiko zikurikije iyi template\u00a0:<\/p>\n<ol>\n<li>Choisir le sujet \u00e0 d\u00e9velopper<\/li>\n<li>Introduction<\/li>\n<li>Faire l\u2019analyse de la situation existante<\/li>\n<li>\u00c9num\u00e9rer les solutions existantes<\/li>\n<li>Limite des solutions existantes<\/li>\n<li>Proposer des nouvelles solutions<\/li>\n<li>Conclusion<\/li>\n<\/ol>\n<p><strong>Ibitekerezo bitangwa bikurikiranwa gute ?<\/strong><\/p>\n<ul>\n<li>Inyandiko zose zitanga ibitekerezo zizajya zishyirwa hamwe hakurikijwe topic yanditsweho nuko zoherezwe ku babishinzwe uko zakabaye nta kintu zihinduweho ku nyandiko ya nyirayo<\/li>\n<li>Uzajya yohereza inyandiko muri Groupe de r\u00e9flexion azajya abona accus\u00e9 de reception ndetse azajya anabona na suivi yaho inyandiko ye igeze<\/li>\n<li>Inyandiko idakurikije template izajya isubizwa nyirayo kugirango ikosorwe.<\/li>\n<li>Topic zikurikije amabwiriza ya template zizakirwa zose<\/li>\n<li>Inyandiko zirimo ibitutsi cyangwa imvugo nyandagazi zizajya zisubizwa nyirazo kandi anamenyeshwe impamvu inyandiko ze zitakiriwe.<\/li>\n<\/ul>\n<p><strong>Ninde ushobora gutanga ibitekerezo muri Groupe de r\u00e9flexion ?<\/strong><\/p>\n<ul>\n<li>Umunyarwanda wese wumva yatanga igitekerezo haba mu gushyigikira igikorwa iki n\u2019iki ngo kirusheho gutera imbere cyangwa byaba mu gutanga inama n\u2019icyerekezo cy\u2019uko ibintu byakosorwa,<\/li>\n<li>Amarembo ya Groupe de r\u00e9flexion arafunguye ku bantu bose<\/li>\n<li>Inyandiko zishobora kwandikwa mu ndimi umuntu ashaka haba mu kinyarwanda, mu gifaransa ndetse no mu cyongereza.<\/li>\n<\/ul>\n<p><strong>Topics 20 zatoranyijwe abantu bashobora gutangaho ibitekerezo\u00a0:<\/strong><\/p>\n<p>Muri Groupe de r\u00e9flexion hatoranyijwe topics 20 za mbere zizatangwaho ibitekerezo. Kuzihitamo byaturutse mu kuganira n\u2019abantu b\u2019ingeri zose baba abo mu bayobozi b\u2019igihugu, baba abo mu mashyaka ya opposition, baba abo muri soci\u00e9t\u00e9 civile. Nizirangira hazakurikiraho izindi topics 20. Dore topics zizatangira abashaka gutanga ibitekerezo bazahitamo\u00a0:<\/p>\n<ol>\n<li>Ivugururwa mu myigishirize y\u2019amashuri abanza, ayisumbuye na kaminuza ryakorwa gute ngo niveau yamanutse cyane yongere izamuke ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki kugirango ikibazo cya chomage y\u2019abanyeshuri barangije Kaminuza gikemuke ?<\/li>\n<li>Ikibazo cy\u2019ubwiyongere bw\u2019abaturage bukabije cyakemuka gute ?<\/li>\n<li>Ikibazo cyisaranganya ry\u2019amasambu n\u2019ubutaka kizakemuka gute ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki ngo abashoramari bo hanze baze ari benshi mu gihugu ? Ni gute kwihangira imirimo byatezwa imbere ku buryo abantu bose batirukira gushaka akazi muri leta ?<\/li>\n<li>Ni zihe ngamba zafatwa ngo hubakwe les institutions fortes zizaba inkingi ya demokarasi mu Rwanda ?<\/li>\n<li>Ni gute abanyarwanda babyaza umusaruro mukuba bari membre wa East African Community ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki ngo u Rwanda rushyireho politiki irambye y\u2019ububanyi n\u2019amahanga hagati y\u2019ibihugu duhana imbibi ndetse n\u2019ibyakure ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki kugirango igihugu cyacu kigendera kuri economie ishingiye ku buhinzi kuri 80% ngo ihinduke ishingire mu gutanga service kuri 80% naho ubuhinzi bugume kuri 20% ?<\/li>\n<li>Ni iki gishobora guhuza abanyarwanda bose batavuga rumwe (\u00e9l\u00e9ment unificateur) twakubakiraho ubumwe n\u2019ubwiyunge ku buryo burambye ?<\/li>\n<li>Ni ubuhe buryo bwihuse bwakoreshwa ngo havugururwe infrastructure harimo gukwirakwiza amashanyarazi, amazi, kubaka imihanda mishya mu gihugu hose ?<\/li>\n<li>Ni iki cyakorwa ngo abanyarwanda batuye hanze y\u2019igihugu muri diaspora batavuga rumwe hagati yabo ngo bashobore guhuriza ingufu hamwe ngo bakorane hamwe ibikorwa bibateza imbere hagati yabo ndetse binateza igihugu imbere ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki ngo abanyarwanda bige kwungurana ibitekerezo badakoresheje imvugo twakwita communication violente bakiga kubaha ibitekerezo bidahuye n\u2019ibyabo ?<\/li>\n<li>Ikibazo cy\u2019impunzi z\u2019abanyarwanda ziri hanze y\u2019igihugu cyakemurwa gute ngo gicike burundu ?<\/li>\n<li>Ni ubuhe buryo bwiza bwakoreshwa ngo abantu bagire ubwisanzure mu bitekerezo, mu kwishyira hamwe ndetse no gushinga amashyaka ya politiki mu gihugu bidashubije u Rwanda mu mwiryane nkuwabaye muri 94 wagejeje igihugu kuri genocide ?<\/li>\n<li>Ni iki cyakorwa ngo inzego eshatu zishobore kwigenga no kwisanzura nta rwego rubangamiye urundi (s\u00e9paration de pouvoir) arizo pouvoir ex\u00e9cutif, pouvoir l\u00e9gislatif na pouvoir judiciaire ?<\/li>\n<li>Hakorwa iki ngo u Rwanda rusabe communaut\u00e9 internationale ngo ihe impozamarira abacitse ku icumu rya g\u00e9nocide tutsi yo muri 94 ?<\/li>\n<li>Ni izihe ngamba zafatwa ngo dusigasire umuco nyarwanda ndetse n\u2019ururimi rwacu rugenda ruta umwimerere ?<\/li>\n<li>Ni izihe ngamba zafatwa ngo sport mu Rwanda itezwe imbere ndetse u Rwanda rube rwazaseruka mu batwara ibikombe ku rwego rwa Afrika ndetse no guseruka mu rwego rw\u2019isi haba muri football, volleyball, basketball, athl\u00e9tisme, etc. ?<\/li>\n<li>Ni gute ICT (Information and Communication Technology) yakoreshwa mu kurwanya ubukene no guteza imbere ubukungu bw\u2019igihugu?<\/li>\n<\/ol>\n<p><strong>Conclusion<\/strong><\/p>\n<p>Muri Groupe de r\u00e9flexion hazakirwa article zijyanye n\u2019izo topics 20 za mbere gusa. Inyandiko zose zizashyirwa hamwe hakurikijwe topic ivuga. Igihe ntarengwa cyo gutanga ibitekerezo ni mu mpera za Novembre 2014. Ibitekerezo byose byatanzwe bizashyikirizwa abayobozi b\u2019u Rwanda muri Decembre 2014. Nyuma hazabaho gukora suivi y\u2019ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibitekerezo byatanzwe. Ibitekerezo byanyu ni ukubigeza kuri\u00a0<a href=\"mailto:%20groupereflexionrwanda@gmail.com\">groupereflexionrwanda@gmail.com<\/a><\/p>\n<p><strong>Alain Patrick Ndengera<\/strong><\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019agateganyo wa Groupe de R\u00e9flexion Rwandais<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bimaze kugaragara ko u Rwanda rufite impuguke nyinshi mu nzego zinyuranye haba mu banyarwanda baba mu gihugu cyangwa mu mahanga. Izo mpuguke usanga zifite amashuri ahambaye ndetse no mu kazi ugasanga bagakora neza kandi n\u2019umurava. Ariko iyo turebye neza dusanga izo mpuguke zikwiriye gutera indi ntambwe bakanagira uruhare rukomeye mu guteza igihugu imbere batanga ibitekerezo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7214,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-8074","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bimaze kugaragara ko u Rwanda rufite impuguke nyinshi mu nzego zinyuranye haba mu banyarwanda baba mu gihugu cyangwa mu mahanga. Izo mpuguke usanga zifite amashuri ahambaye ndetse no mu kazi ugasanga bagakora neza kandi n\u2019umurava. Ariko iyo turebye neza dusanga izo mpuguke zikwiriye gutera indi ntambwe bakanagira uruhare rukomeye mu guteza igihugu imbere batanga ibitekerezo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-08-05T20:05:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"419\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"453\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/\",\"name\":\"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"datePublished\":\"2014-08-05T20:05:50+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg\",\"width\":419,\"height\":453},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda","og_description":"Bimaze kugaragara ko u Rwanda rufite impuguke nyinshi mu nzego zinyuranye haba mu banyarwanda baba mu gihugu cyangwa mu mahanga. Izo mpuguke usanga zifite amashuri ahambaye ndetse no mu kazi ugasanga bagakora neza kandi n\u2019umurava. Ariko iyo turebye neza dusanga izo mpuguke zikwiriye gutera indi ntambwe bakanagira uruhare rukomeye mu guteza igihugu imbere batanga ibitekerezo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-08-05T20:05:50+00:00","og_image":[{"width":419,"height":453,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/","name":"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","datePublished":"2014-08-05T20:05:50+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ndengera.jpg","width":419,"height":453},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/groupe-de-reflexion-rwandais-rwandan-think-tank-urugaga-nyarwanda-mpuzabitekerezo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Groupe de r\u00e9flexion Rwandais \u2013 Rwandan Think Tank \u2013 Urugaga nyarwanda mpuzabitekerezo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8074","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=8074"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8074\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7214"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=8074"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=8074"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=8074"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}