{"id":8448,"date":"2014-09-11T19:04:37","date_gmt":"2014-09-11T16:34:37","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=8448"},"modified":"2014-09-11T19:06:26","modified_gmt":"2014-09-11T16:36:26","slug":"ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/","title":{"rendered":"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y&#8217;AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56573\">Inama y&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora yateranye ku wa kabili taliki ya 09 Nzeri 2014 ifata ibyemezo bikurikira:<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56579\"><b id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56578\">1. Ku nyandiko y&#8217;umuyobozi wa Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe isaba gusubika kongere.<\/b><\/p>\n<p>Akanama Gashinzwe Amatora gashingiye ku byemezo byafaitiwe muri kongere yabereye i Breda muri Mata 2014 yemeje ko kongere igomba kuba mu ntangiriro za Nzeri kuyimurira ku wundi munsi nyuma ya 14 Nzeri binyuranye n&#8217;ibyemezo by&#8217;urwego rukuru rw&#8217;ishyaka kuko byaba bitakiri mu ntangiriro yo Nzeri. Kubera ko nta muntu ku giti cye cyangwa urwego rundi rushobora gufata ibyemezo bivuguruza ibya kongere, bikubitiyeho kandi ko Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe kuva muri Mata 2014 iri mu nzibacyuho bivuga ko ifite uruhushya rwo gukora \u201caffaires courantes\u201d gusa, Akanama Gashinzwe Amatora karasanga ububasha umuyobozi wa Komite-Mpuzabikorwa yihaye bwo gusubika kongere nta shingiro bufite cyane cyane ko nta n&#8217;urwego na rumwe ruzwi mu ishyaka rwabigiyeho inama mbere. Bityo Akanama Gashinzwe Amatora karakomeza gushimangira ko kongere izaba uko biteganyijwe ku ya 13-14 Nzeri 2014.<!--more--><\/p>\n<p><b>2. Adresse izaberaho Kongere.<\/b><\/p>\n<p>Kongere yo ku ya 13-14 Nzeri 2014 izateranira kuri adresse ikurikira:<\/p>\n<p>ONTMOETINGSHUIS DE BRUB<\/p>\n<p>HERTSHAPE 11-19<\/p>\n<p>9300 AALST<\/p>\n<p>BELGIUM<\/p>\n<p><b>3. Gahunda ya kongere.<\/b><\/p>\n<p>Inama y&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora yo ku wa 1 Nzeri yari yemeje ko Perezida wa Komite-Mpuzabikorwa akusanya ibyifizo by&#8217;abagize iyo komite byashyirwa kuri gahunda y&#8217;ibyigwa na kongere. Ibyo ntibyakozwe uko byasabwe ndetse n&#8217;umukuru w&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora ntiyongera kugira icyo asubiza abo bakorana muri ako kanama. Icyakora habonetse icyifuzo cy&#8217;umwe mubagize iyo komite. Hifashishijwe icyo cyifuzo, hakurikijwe kandi ibyemezo bya kongere yo muri yo muri Mata 2014 bisaba ko kongere yo muri Nzeri iba igamije itora, hashingiwe kandi ko Akanama Gashinzwe Amatora gahabwa n&#8217;itegeko ububasha bwo gutanga gahunda ya kongere iberamo itora, hemejwe ko umunsi wa mbere wa kongere uteganyirijwe itora naho uwa kabili ukagenerwa ishyirwaho ry&#8217;inzego z&#8217;ishyaka. Hakurikijwe cyane cyane ingingo za 17, 19 na 20 z&#8217;Amategeko Agenga Amatora iyo gahunda mu buryo burambuye iteye itya:<\/p>\n<p><b>GAHUNDA YO KU WA 6 TALIKI YA 13 NZERI<\/b><\/p>\n<p>10H00 \u2013 10H15: Ijambo rifungura Inama<\/p>\n<p>10H15 \u2013 11H00: Kwerekana abafite ububasha bwo gutora, kwemera abatumwe (procurations) n&#8217;indorerezi.<\/p>\n<p>11H15 \u2013 11H30: Kwemeza gahunda ya kongere<\/p>\n<p>11H30 \u2013 12H00: Akaruhuko<\/p>\n<p>12H00 \u2013 13H00:<\/p>\n<p>a)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Kwemeza inyandiko-mvugo ya kongere y&#8217;i Breda.<\/p>\n<p>b)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Kujurira ku byemezo byafashwe na AGA no kwakira ubujurire uko ingingo ya 20 y&#8217;Amategeko Agenga Amatora ibiteganya<\/p>\n<p>c)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Kwiga ku bibazo byaba bitarabonewe ibisubizo hashingiwe ku mategeko angenga ishyaka.<\/p>\n<p>13H00 \u2013 14H00: Ikiruhuko<\/p>\n<p>14H00 \u2013 15H00: Kwivuga ibigwi by&#8217;abiyamamaza<\/p>\n<p>15H00 \u2013 16H00: Gutora, kubarura no gutangaza amajwi<\/p>\n<p>16H00 \u2013 16H30: Akaruhuko<\/p>\n<p>16H30 \u2013 16H45: Ijambo ry&#8217;uhagarariye abatzinze itora<\/p>\n<p>16h45 &#8211; 17H00: Kurangiza umunsi ku ba kongeresite bazanzwe<\/p>\n<p>17H00 \u2013 19H00: Kwiherera kwa Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe na Liste yatsinze amatora (VP2) bagakora remise &amp; reprise (grands dossiers, etc..), kuvugana n&#8217;abayobozi b&#8217;ishyaka mu Rwanda nabo bategura ikipi yabo ku ruhande rwa VP1, kuvugana na liste itatsinze, gushyira abantu (komiseri) mu myanya, etc&#8230;<\/p>\n<p><b>GAHUNDA YO KU CYUMWERU TALIKI YA 14 NZERI<\/b><\/p>\n<p>10H00 \u2013 10H15: Gutangaza ubuyobozi bukuru bushya (Bureau executif na comite directeur) bw&#8217;ishyaka.<\/p>\n<p>10H15 \u2013 11H15: Kwemeza uko inzego zindi ziteganyijwe n&#8217;Amategeko-Ngengamikorere y&#8217;ishyaka zizajyaho.<\/p>\n<p>11H15 &#8211; 11H30: Ijambo ry&#8217;uhagarariye abatowe(VP2)<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56556\">11H30 &#8211; 12H00: Gusoza no gusabana<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56553\"><b id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56552\">Bikozwe kuwa kabili taliki ya 09\/09\/2014<\/b><\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56550\"><b>\u00a0<\/b><\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56549\">Gratien Nsabiyaremeye, Visi-Prezida<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56547\">Eric Bahembera, Umwanditsi-mubitsi<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56545\">Ndahayo Dismas, umujyanama<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1410448870157_56538\">Marcel Sebatware, umujyanama<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; Inama y&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora yateranye ku wa kabili taliki ya 09 Nzeri 2014 ifata ibyemezo bikurikira: 1. Ku nyandiko y&#8217;umuyobozi wa Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe isaba gusubika kongere. Akanama Gashinzwe Amatora gashingiye ku byemezo byafaitiwe muri kongere yabereye i Breda muri Mata 2014 yemeje ko kongere igomba kuba mu ntangiriro za Nzeri kuyimurira ku wundi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":6840,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[],"tags":[],"class_list":["post-8448","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y&#039;AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y&#039;AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"&nbsp; Inama y&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora yateranye ku wa kabili taliki ya 09 Nzeri 2014 ifata ibyemezo bikurikira: 1. Ku nyandiko y&#8217;umuyobozi wa Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe isaba gusubika kongere. Akanama Gashinzwe Amatora gashingiye ku byemezo byafaitiwe muri kongere yabereye i Breda muri Mata 2014 yemeje ko kongere igomba kuba mu ntangiriro za Nzeri kuyimurira ku wundi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-09-11T16:34:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2014-09-11T16:36:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"180\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"106\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/\",\"name\":\"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y'AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg\",\"datePublished\":\"2014-09-11T16:34:37+00:00\",\"dateModified\":\"2014-09-11T16:36:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg\",\"width\":180,\"height\":106},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y&#8217;AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y'AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y'AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda","og_description":"&nbsp; Inama y&#8217;Akanama Gashinzwe Amatora yateranye ku wa kabili taliki ya 09 Nzeri 2014 ifata ibyemezo bikurikira: 1. Ku nyandiko y&#8217;umuyobozi wa Komite-Mpuzabikorwa icyuye igihe isaba gusubika kongere. Akanama Gashinzwe Amatora gashingiye ku byemezo byafaitiwe muri kongere yabereye i Breda muri Mata 2014 yemeje ko kongere igomba kuba mu ntangiriro za Nzeri kuyimurira ku wundi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-09-11T16:34:37+00:00","article_modified_time":"2014-09-11T16:36:26+00:00","og_image":[{"width":180,"height":106,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/","name":"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y'AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg","datePublished":"2014-09-11T16:34:37+00:00","dateModified":"2014-09-11T16:36:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/04\/FDU-Logo.jpg","width":180,"height":106},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibyemezo-byafatiwe-mu-nama-yakanama-gasinzwe-amatora-yateranye-ku-ya-09-nzeri-2014\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IBYEMEZO BYAFATIWE MU NAMA Y&#8217;AKANAMA GASHINZWE AMATORA YATERANYE KU YA 09 NZERI 2014"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8448","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=8448"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8448\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/6840"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=8448"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=8448"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=8448"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}