{"id":8663,"date":"2014-10-01T10:46:42","date_gmt":"2014-10-01T08:16:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=8663"},"modified":"2014-10-01T10:46:42","modified_gmt":"2014-10-01T08:16:42","slug":"charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/","title":{"rendered":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha"},"content":{"rendered":"<p><em>Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Charles Bandora urengwa n\u2019ubushinjacyaha kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 30 Nzeri, umutangabuhamya wo ku ruhande rw\u2019Ubushinjacyaha yumvikanye ashinjura uregwa atangaza ko kuba ubuhamya yatanze mbere bwaramushinjaga ari uko yabutanze ku gahato nyuma yo kwizezwa kuzagabanyirizwa ibihano.<\/em><!--more--><\/p>\n<p>Kuva kuwa mbere tariki 29 Nzeri, Urukiko rukuru rwatangiye kumva ubuhamya bw\u2019uwitwa Hakizimana Degaule nk\u2019umutangabuhamya wa Gatatu mu bashinja Charles Bandora ibyaha birimo Gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n\u2019ibyaha byibasiye inyokomuntu\u00a0 akurikiranyweho.<\/p>\n<p>Ubusanzwe bizwi ko umutangabuhamya watanzwe n\u2019Ubushinjacyaha aba ari uwo kubwunganira mu gushinja uregwa no kumuhamya ibyaha dore ko buba bwamutanze nk\u2019uzi neza ibyaha yakoze, aho yabikoreye n\u2019uko yabikoze.<\/p>\n<p>Hakizimana Degaule we yashinjuye uregwa (Bandora), nk\u2019uko byumvikana mu buhamya yatanze kuva ku munsi w\u2019ejo anatangaza ko kuba yaremeye kumushinja na mbere hose ari uko yotswaga igitutu n\u2019Ubujyenzacyaha n\u2019ubushinjacyaha ngo hakaba hari ibintu yizezwaga na we arabyemera kuko yumvaga ko uwo ashinja atakiba mu Rwanda ndetse ko atazanagaruka.<\/p>\n<p>Mu buhamya yatanze kuva mu mwaka wa 2011; Hakizimana Degaule yagaragazaga uruhare Bandora yagize mu itegurwa no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019inyandikomvugo yakoreshejwe n\u2019Ubugenzacyaha aho yagaragazaga ko Bandora yitabiraga inama zo gutegura Jenoside no gutanga ibikoresho byakoreshejwe.<\/p>\n<p>Abajijwe niba hari uruhare yaba azi kuri Bandora ku bwicanyi bwabereye ahahoze ari muri Komini Ngenda by\u2019umwihariko kuri paruwasi ya Ruhuha (Bugesera), umutangabuhamya yasubije ko nubwo yajyaga mu bikorwa by\u2019ubwicanyi nta na rimwe yigeze abikorana na Bandora cyangwa se ngo abe yaramubonye muri ibi bikorwa.<\/p>\n<p>Gusa yemeza ko imwe mu modoka ze (Bandora) ariyo yakoreshwaga mu bikorwa by\u2019ubwicanyi ariko atangaza ko nabwo yajyanywe n\u2019abasirikare ku gahato.<\/p>\n<p>Ibi bitandukanye cyane n\u2019ibikubiye mu nyandikomvugo yatanze mbere ubwo yabazwaga n\u2019Ubugenzacyaha, nk\u2019iyo kuwa 10 Mutarama 2011 aho yatangaje ko kuwa 07 Mata 1994, Bandora yari umwe mu bacuruzi bo ku Ruhuha bavuze ko bemeye gutanga imipanga yo kujya gukoreshwa mu bwicanyi bwakorerwe Abatutsi bari barahungiye kuri Paruwasi ya Ruhuha.<\/p>\n<p>Abajijwe impamvu akomeje kunyuranya n\u2019ubuhamya yatanze mbere, Umutangabuhamya yavuze ko inyandikomvugo yakoreshejwe muri iki gihe zose yazikoreshwaga ku Gitugu n\u2019Ubugenzacyaha ndetse bukanamwizeza kuzagabanyirizwa igihano kugera kuri \u00bc cy\u2019igifungo yakatiwe n\u2019inkiko Gacaca.<\/p>\n<p>Asobanura igitutu yokejwe n\u2019Ubugenzacyaha; yagize ati\u00a0<em>\u201c Rwose iyo umuntu aguhoza ku nkeke nawe ugera aho ukemera icyo agusaba uko cyaba kimeze kose.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Perezida w\u2019inteko y\u2019Urukiko iburanisha uru rubanza yahise amubaza ibigomba gufatwa nk\u2019ukuri, amusubiza agira ati\u00a0<em>\u201cJye ntabwo nca imanza ariko ibyo mvugiye aha nibyo by\u2019ukuri kuko nta na rimwe nigeze nkorana ibyaha na Bandora ahubwo ambabarire naramubeshyeye.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Umwe mu bunganira Bandora yabajije uyu mutangabuhamya uwaba yaramushyizeho igitugu cyo kuzashinja uregwa. Yifashishije amarenga,\u00a0 yasubije yerekana umwe mu bashinjacyaha babiri bahanganye n\u2019uregwa agira ati\u00a0<em>\u201c Uriya niwe wanyirukanseho inshuro nyinshi aho mfungiye muri Gereza.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yanavuze ko yasabwe inshuro nyinshi zigera mu 10 ngo azashinje Bandora aho yabisabwaga n\u2019abantu batandukanye barimo ngo n\u2019abifuzaga kuzasigarana imitungo ye.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bumubajije ibimenyetso byaba bigaragaraza ko yokejwe igitutu, Hakizimana yavuze ko mu mwaka wa 2008 hari ibaruwa yandikiye Minisitiri w\u2019Ubutabera amumenyesha iki kibazo ndetse n\u2019inshuro nyinshi yasanzwe muri Gereza asabwa kuzashinja Bandora.<\/p>\n<p>Charles Bandora woherejwe n\u2019igihugu cya Norvege ngo aze kuburanishwa n\u2019Inkiko zo mu Rwanda, akurikiranyweho ibyaha birimo gucura no Gushyira mu bikorwa umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi, kurema no gutunganya umutwe w\u2019abagizi ba nabi ndetse n\u2019ibyaha byibasiye inyokomuntu.<\/p>\n<p>Hakizimana Degaule nk\u2019umutangabuhamya watanzwe n\u2019Ubushinjacyaha, abaye uwa Gatatu mu batangabuhamya 14 bagomba kuzashinja Bandora kuri ibi byaha akurikiranyweho mu gihe uruhande rw\u2019uregwa rwo kugeza ubu rumaze gutanga urutonde rw\u2019abantu 20 bazamushinjura.<\/p>\n<p>Urubanza rukazasubukurwa kuwa 13 Ukwakira humvwa undi mutangabuhamya wo ku ruhande rw\u2019Ubushinjacyaha.<\/p>\n<p><strong>Martin NIYONKURU<\/strong><strong><br \/>\n<strong>UMUSEKE.RW<\/strong><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Charles Bandora urengwa n\u2019ubushinjacyaha kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 30 Nzeri, umutangabuhamya wo ku ruhande rw\u2019Ubushinjacyaha yumvikanye ashinjura uregwa atangaza ko kuba ubuhamya yatanze mbere bwaramushinjaga ari uko yabutanze ku gahato nyuma yo kwizezwa kuzagabanyirizwa ibihano.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":8664,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-8663","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Charles Bandora urengwa n\u2019ubushinjacyaha kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 30 Nzeri, umutangabuhamya wo ku ruhande rw\u2019Ubushinjacyaha yumvikanye ashinjura uregwa atangaza ko kuba ubuhamya yatanze mbere bwaramushinjaga ari uko yabutanze ku gahato nyuma yo kwizezwa kuzagabanyirizwa ibihano.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-10-01T08:16:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"420\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"340\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha\",\"datePublished\":\"2014-10-01T08:16:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/\"},\"wordCount\":613,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/10\\\/Charles-Bandora.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/\",\"name\":\"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/10\\\/Charles-Bandora.jpg\",\"datePublished\":\"2014-10-01T08:16:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/10\\\/Charles-Bandora.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/10\\\/Charles-Bandora.jpg\",\"width\":420,\"height\":340},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda","og_description":"Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Charles Bandora urengwa n\u2019ubushinjacyaha kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 30 Nzeri, umutangabuhamya wo ku ruhande rw\u2019Ubushinjacyaha yumvikanye ashinjura uregwa atangaza ko kuba ubuhamya yatanze mbere bwaramushinjaga ari uko yabutanze ku gahato nyuma yo kwizezwa kuzagabanyirizwa ibihano.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-10-01T08:16:42+00:00","og_image":[{"width":420,"height":340,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha","datePublished":"2014-10-01T08:16:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/"},"wordCount":613,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/","name":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg","datePublished":"2014-10-01T08:16:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/10\/Charles-Bandora.jpg","width":420,"height":340},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/charles-bandora-yashinjuwe-numutangabuhamya-wubushinjacyaha\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Charles Bandora yashinjuwe n\u2019umutangabuhamya w\u2019Ubushinjacyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8663","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=8663"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8663\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8664"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=8663"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=8663"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=8663"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}