{"id":887,"date":"2012-08-08T11:34:42","date_gmt":"2012-08-08T09:34:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=887"},"modified":"2012-08-08T11:35:35","modified_gmt":"2012-08-08T09:35:35","slug":"karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/","title":{"rendered":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70%"},"content":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Karibwende Vital yatangaje ko atari agamije kugirira nabi Minisitiri w\u2019Intebe<!--more--> ahubwo ngo yari agamije kumenyekanisha ibikorwa bye ndetse no gutanga umuganura wa mbere w\u2019umuco n\u2019amateka bya Nkombo.<\/p>\n<p>Karibwende yashatse kwegera Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Pierre Damien Habumuremyi, ubwo yari mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru w\u2019umuganura mu karere ka Nyanza kandi bitari biteganijwe muri gahunda.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko yabyanditse mu butumwa yoherereje umunyamakuru wa Kigali Today kuri internet, Karibwende avuga ko yari agamije kurebwa n\u2019abantu benshi ngo abe yamamaje ibikorwa bye, no kubona uburyo atanga umuganura wa mbere w\u2019umuco n\u2019amateka bya Nkombo.<\/p>\n<p>Ngo yahagurutse mu karere ka Nyamasheke tariki 03\/08\/2012 yerekeza i Nyanza mu muhango wo gutanga umuganura yitwaje ibitabo bye yanditse n\u2019inzoga iri mu gicuma cyitwa \u00abUDAPFUYE ARARAMA\u00bb kugira ngo umushyitsi mukuru agisome aganure undi musaruro waturutse hirya no hino mu gihugu.<\/p>\n<p>Karibwende yagiye muri uwo munsi mukuru yashananitse imyenda ifite ibara ry\u2019ingwe, ikamba rya cyami, akanagerekaho agapira kariho ibirango by\u2019ingobyi ya Nkombo\u201d, icumu n\u2019ingabo mu kuboko kw\u2019iburyo, ibitabo bivuga ku muco n\u2019amateka bya Nkombo mu kuboko kw\u2019ibumoso ndetse n\u2019ikarita iranga akazi nk\u2019umuyobozi w\u2019ingobyi ya Nkombo.<\/p>\n<p><strong>Karibwende ngo bimwe mu byo yari agamije yabizeho<\/strong><\/p>\n<p>Kimwe mu byari byajyanye Karibwende mu birori by\u2019umuganura i Nyanza ngo harimo no kumenyekanisha ibikorwa bye, aha agasanga yarabashije kubigeraho kuko yarebwe n\u2019abantu benshi, ndetse mbere y\u2019uko umushyitsi mukuru ahagera yabonye umwanya wo gusobanuzwa ibikorwa bye n\u2019abari bitabiriye ibirori.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko hari abifuje kugura ibitabo bye ariko umubare w\u2019ibyo yari yatwaye ntiwamwemereraga kubigurisha.<\/p>\n<p>Gusa ariko ngo ntiyabashije kugeza umuganura we kuri Minisitiri w\u2019Intebe kuko igihe yabigerageje yakumiriwe n\u2019umuntu atabashije kumenya, akanamutwara ibiganurwa yari yateguye.<\/p>\n<p>Ngo mbere yari yagerageje kubaza inzira yanyuramo ngo igikorwa cyari gisigaye cyo gushyikiriza abashyitsi bakuru umuganura akigereho maze ngo bamubwira ko ibyateguwe ari ibyo nta kindi cyakorwa.<\/p>\n<p>Mu butumwa Karibwende yohereje kuri internet, avuga ko itorero ryari riri gususurutsa ibirori ryaje kuririmba indirimbo yigana umuco w\u2019iwabo ku Nkombo bakaza no kuririmba indirimbo yahanze we ubwe maze akajya kubafasha kubyina, akanaboneraho gushaka gutanga wa muganura we n\u2019ubwo yakumiriwe.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019igihe gito akumiriwe agasubira kwicara, ngo nibwo Karibwende yahagurukijwe mu mwanya yari yicayemo n\u2019umugabo atibuka neza ngo akeneye kugira icyo amubaza, maze Karibwende aramukurikira nko muri metero 100 abashinzwe umutekano batangira kumuhata ibibazo ari nako abasubiza.<\/p>\n<p>Nyuma ngo baje kumujyana ku biro bya polisi aho yisobanuye, bakanagerageza kumufunga ariko bakabura icyaha bandika ku rupapuro rumufunga bakaza kumurekura.<\/p>\n<p>Kubera ibihuha byari bitangiye kuvugwa by\u2019uko yafunzwe, Karibwende ngo yihutiye gutaha adashoje uruzinduko rwe yari yageneye iminsi umunani asura uturere dutandukanye tw\u2019Intara y\u2019Amajyepfo (udusozi tw\u2019amateka).<\/p>\n<p>N\u2019ubwo uyu mugabo avuga ko hari ibyo atishimiye muri uyu muhango nko kuba itorero ryararirimbye indirimbo zitari izaryo, nta n\u2019uburenganzira rifite, ngo yishimiye ko inzego z\u2019umutekano z\u2019u Rwanda zigerageza kumva ibitekerezo by\u2019uwo zikurikiranye zitamuhutaje no kuba yarageze ku nshuro ya mbere mu rugo rw\u2019umwami.<\/p>\n<p>Karibwende uvuka mu murenge wa Nkombo, akagari ka Rwinje ariko akaba atuye mu karere ka Nyamasheke, umurenge wa Kanjongo, akagari ka Kibogora, ngo yifuza ko mu minsi mikuru y\u2019Umuganura yo mu gihe kiri imbere bazagira uwo bizihiriza ku kirwa cya Nkombo.<\/p>\n<p>Emmanuel Nshimiyimana<\/p>\n<p>Source:Kigali today<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Karibwende Vital yatangaje ko atari agamije kugirira nabi Minisitiri w\u2019Intebe<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":823,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-887","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugabo witwa Karibwende Vital yatangaje ko atari agamije kugirira nabi Minisitiri w\u2019Intebe\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-08T09:34:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-08T09:35:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70%\",\"datePublished\":\"2012-08-08T09:34:42+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-08T09:35:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/\"},\"wordCount\":548,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/\",\"name\":\"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-08T09:34:42+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-08T09:35:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"491\",\"height\":\"260\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70%\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda","og_description":"Umugabo witwa Karibwende Vital yatangaje ko atari agamije kugirira nabi Minisitiri w\u2019Intebe","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-08T09:34:42+00:00","article_modified_time":"2012-08-08T09:35:35+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70%","datePublished":"2012-08-08T09:34:42+00:00","dateModified":"2012-08-08T09:35:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/"},"wordCount":548,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/","name":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70% - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-08T09:34:42+00:00","dateModified":"2012-08-08T09:35:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"491","height":"260"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karibwende-vital-ngo-yashakaga-kumenyekanisa-ibikorwa-bye-kandi-ngo-yabigezeho-70\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karibwende Vital ngo yashakaga kumenyekanisha ibikorwa bye kandi ngo yabigezeho 70%"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/887","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=887"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/887\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=887"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=887"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=887"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}