{"id":9028,"date":"2014-12-07T02:17:51","date_gmt":"2014-12-06T23:47:51","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=9028"},"modified":"2014-12-07T02:17:51","modified_gmt":"2014-12-06T23:47:51","slug":"imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/","title":{"rendered":"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko kuwa 28 Ugushyingo 2014 urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa rutangiye amabwiriza yo kubuza imfungwa zose gutunga radiyo,maze abayobozi b\u2019amagereza bagatangira kubishira mu bikorwa; ishyaka ry\u2019Imberakuri ritangaje ibi bikurikira :<!--more--><\/p>\n<p>Urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa rukimara gushyiraho amabwiriza ategeka abayobozi b\u2019amagereza kubuza imfungwa zose gutunga radiyo imfungwa zari zisanzwe zikoresha zumva BBC,RFI,Impala nizindi ziha ijambo abarwanya ubutegetsi bwa leta ya Kigali,abayobozi b\u2019amagereza bahise batangira kubishyira mu bikorwa cyane muri gereza ya Nyarugenge,Gasabo,Muhanga nahandi\u2026 amanama aterubwoba bikomeye imfungwa niyo arimo kubera mu magereza atandukanye. Byabaye akarusho aho kuri uyu wa 01 Ukuboza umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge yakoresheje inama agaragaza umujinya mwinshi abwira imfungwa ko nta radiyo n\u2019imwe bashaka muri gereza ndetse ko nta na televisiyo yindi izongera kurebwa dore ko muri iyi gereza abagororwa bifite bohererezwaga n\u2019imiryango yabo ikarita ibafasha kureba amasheni mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi akaba yabwiye imfungwa ko itariki ntarengwa yo kuba radiyo ya nyuma izaba yasohokeyeho ari kuwa 03 Ukuboza 2014 nyuma yaho uzayifatanwa akazahura n\u2019ibyago bikomeye. Kuba urwego rw\u2019amagereza rwafashe iki cyemezo ruzi neza ko radiyo na televisiyo byatumaga abafungwa bava mu bwigunge ndetse bakanabasha gukurikirana aho isi igeze bigaragaza kwivuguruza gukomeye dore ko n\u2019ubusanzwe imfungwa zo mu Rwanda nta burenganzira zisanzwe zigira ukurikije amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwagiye rushyiraho umukono.<\/p>\n<p>Uko kwivuguruza nta kundi usibye kuba leta ihora ibeshya abanyamahanga ko u Rwanda rudafunga ahubwo rugorora abazataha bakagira ibyo bamarira igihugu,umuntu akaba atabura kwibaza icyo bazaba bakimaze mu gihe abazafungurwa bazaba batazi naho isi igeze.<\/p>\n<p>Mu nama bwana MUGISHA James umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge yakoresheje yongeye kugaruka ku bantu basanzwe bagemurirwa kubera impamvu z\u2019uburwayi maze ashimangira ko ugemurirwa wese azajya agemurirwa muri porte \u00e0 manger nto,ibi bikaba bibangamiye cyane imiryango isanzwe igemura kuko kugemura ibiryo byinshi byatumaga bagabanya iminsi bahora kuri gereza na cyane ko abenshi banaturuka kure.Aha twabibutsa ko kuwa 28 Ugushyingo imfungwa zigemurirwa kubera impamvu z\u2019uburwayi zaburaye kubera kuba zari zagemuriwe mu buryo busanzwe badakoresheje porte \u00e0 manger .<\/p>\n<p>Muriyi nama kandi MUGISHA James yagarutse ku buryo bukomeye abantu batangamo amakuru y\u2019ibivugirwa muri gereza ndetse bimwe muri byo arabibasomera,aha yirengagije ko Imberakuri ziri ku isi yose ndetse no mubo avuga ko ayobora Imberakuri zirimo.<\/p>\n<p>Kuba na none urwego rw\u2019amagereza rwafashe icyemezo cyo guca amaradiyo mu magereza kugiranga imfungwa zitumva ibyo abanenga leta bavuga bikaza bikurikirwa n\u2019uko uru rwego rwananiwe kwishyurira abafungwa ubwisungane mu kwivuza bakaba bageze aho basigaye bapfira mu magereza kubera kutajyanwa kwa muganga(RUGWABIZA Evariste wavaga muri Butamwa,akarere ka Nyarugenge,umugi wa Kigali yapfiriye muri gereza ya Nyarugenge azira kutajyanwa kwa muganga) birashimangira umugambi leta ifite wo kumara abanyarwanda cyane imfungwa zifungiye mu magereza yose yo mu gihugu.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri ntirizahwema kwifatanya n\u2019abababaye ribatabariza,ari nayo mpamvu ryongeye gusaba urwego rw\u2019amagereza guha uburenganzira buteganwa n\u2019amategeko imfungwa zose maze rukirinda gutanga amabwiriza ya hato na hato abangamira imfungwa. Ishyaka PS Imberakuri kandi riboneyeho umwanya wo gusaba imiryango mpuzamahanga yita ku burenganzira bwa muntu kwita ku bibazo by\u2019imfungwa ziri mu magereze atandukanye mu Rwanda.<\/p>\n<p><strong>Alexis BAKUNZIBAKE <\/strong><\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije<\/p>\n<p>PS Imberakuri.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko kuwa 28 Ugushyingo 2014 urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa rutangiye amabwiriza yo kubuza imfungwa zose gutunga radiyo,maze abayobozi b\u2019amagereza bagatangira kubishira mu bikorwa; ishyaka ry\u2019Imberakuri ritangaje ibi bikurikira :<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":8959,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-9028","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO  - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO  - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko kuwa 28 Ugushyingo 2014 urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa rutangiye amabwiriza yo kubuza imfungwa zose gutunga radiyo,maze abayobozi b\u2019amagereza bagatangira kubishira mu bikorwa; ishyaka ry\u2019Imberakuri ritangaje ibi bikurikira :\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-12-06T23:47:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"425\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/\",\"name\":\"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg\",\"datePublished\":\"2014-12-06T23:47:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg\",\"width\":640,\"height\":425},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO  - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO  - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019uko kuwa 28 Ugushyingo 2014 urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa rutangiye amabwiriza yo kubuza imfungwa zose gutunga radiyo,maze abayobozi b\u2019amagereza bagatangira kubishira mu bikorwa; ishyaka ry\u2019Imberakuri ritangaje ibi bikurikira :","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-12-06T23:47:51+00:00","og_image":[{"width":640,"height":425,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/","name":"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg","datePublished":"2014-12-06T23:47:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/Gereza-ya-Kigali.jpg","width":640,"height":425},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zifungiye-mu-magereza-atandukanye-mu-rwanda-zikomeje-gucurwa-bufuni-na-buhoro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IMFUNGWA ZIFUNGIYE MU MAGEREZA ATANDUKANYE MU RWANDA ZIKOMEJE GUCURWA BUFUNI NA BUHORO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9028","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=9028"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9028\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8959"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=9028"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=9028"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=9028"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}