{"id":9138,"date":"2014-12-22T03:33:53","date_gmt":"2014-12-22T01:03:53","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=9138"},"modified":"2014-12-22T03:36:34","modified_gmt":"2014-12-22T01:06:34","slug":"u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/","title":{"rendered":"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Igihugu cy&#8217;u Bubiligi cyafashe icyemezo cyo kutarekura amafaranga agera kuri miliyoni 40 z&#8217;amayero cyari cyarageneye u Rwanda. Aya mafaranga yari agenewe inkunga mu iterambere akaba yagombaga gutangwa nyuma y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda igaragaje kuzuza ibyangombwa mu bijyanye n&#8217;imiyoborere myiza ndetse no gutanga ubwisanzure ku itangazamakuru.<!--more--><\/p>\n<p>Ministre w&#8217;ubutwererane w&#8217;u Bubiligi \u00a0Alexander De Croo yafashe icyemezo cyo kudatanga iyo nkunga nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;<a href=\"http:\/\/www.dhnet.be\/dernieres-depeches\/belga\/le-rwanda-prive-de-40-millions-d-euros-de-soutien-conditionnel-de-la-belgique-5496de05357028b5e9906f7c\">ibinyamakuru byo mu gihugu cy&#8217;u Bubiligi<\/a>.<\/p>\n<p>Inkunga y&#8217;iterambere u Bubiligi bwageneye \u00a0u Rwanda mu kiringo cya 2011-2014 ingana na Miliyoni 160 z&#8217;amayero. Iruhande rw&#8217;iyo nkunga kandi hari izi Miliyoni 40 zahagaritswe zishoboraga gutangwa mu gihe Leta y&#8217;u Rwanda yagaragaza ibikorwa bifatika mu biganiro byo gukemura amakimbirane mu rwego rwa politiki, imiyoborere myiza, iterambere ry&#8217;ubwisanzure bw&#8217;itangazamkuru.. ku bayobozi b&#8217;u Bubiligi ngo ibi ntabwo byagezweho mbese nta bikorwa bifatika Leta y&#8217;u Rwanda yagaragaje kuri izi ngingo tuvuze haruguru nk&#8217;uko\u00a0ministre De Croo yabitangaje.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Ministre w&#8217;ubutwererane mu Bubiligi ntabwo yatangaje byinshi kuri aya makuru ariko yavuze ko iki cyemezo cyafashwe hashize ukwezi nyuma y&#8217;isesengura ry&#8217;uko byifashe mu Rwanda ryakorewe muri iyo ministeri y&#8217;ubutwererane.<\/p>\n<p>Bivugwa ko imiryango idashamikiye kuri Leta y&#8217;abafurama yiganje cyane mu bikorwa by&#8217;ubutwererane mu iterambere ari yo yasabye ko iyo nkunga yahagarikwa. Umukuru w&#8217;urugaga rw&#8217;iyo miryango y&#8217;amafurama itegamiye kuri Leta, Bogdan Vanden Berghe yatangaje ko iki gikorwa ari ubutumwa bukomeye bugenewe abayobozi b&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p><strong>JP Muhawe<\/strong><\/p>\n<p><strong>The Rwandan\/ Belgique<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihugu cy&#8217;u Bubiligi cyafashe icyemezo cyo kutarekura amafaranga agera kuri miliyoni 40 z&#8217;amayero cyari cyarageneye u Rwanda. Aya mafaranga yari agenewe inkunga mu iterambere akaba yagombaga gutangwa nyuma y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda igaragaje kuzuza ibyangombwa mu bijyanye n&#8217;imiyoborere myiza ndetse no gutanga ubwisanzure ku itangazamakuru.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":9139,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-9138","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igihugu cy&#8217;u Bubiligi cyafashe icyemezo cyo kutarekura amafaranga agera kuri miliyoni 40 z&#8217;amayero cyari cyarageneye u Rwanda. Aya mafaranga yari agenewe inkunga mu iterambere akaba yagombaga gutangwa nyuma y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda igaragaje kuzuza ibyangombwa mu bijyanye n&#8217;imiyoborere myiza ndetse no gutanga ubwisanzure ku itangazamakuru.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-12-22T01:03:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2014-12-22T01:06:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"426\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/\",\"name\":\"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg\",\"datePublished\":\"2014-12-22T01:03:53+00:00\",\"dateModified\":\"2014-12-22T01:06:34+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg\",\"width\":426,\"height\":640},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Igihugu cy&#8217;u Bubiligi cyafashe icyemezo cyo kutarekura amafaranga agera kuri miliyoni 40 z&#8217;amayero cyari cyarageneye u Rwanda. Aya mafaranga yari agenewe inkunga mu iterambere akaba yagombaga gutangwa nyuma y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda igaragaje kuzuza ibyangombwa mu bijyanye n&#8217;imiyoborere myiza ndetse no gutanga ubwisanzure ku itangazamakuru.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-12-22T01:03:53+00:00","article_modified_time":"2014-12-22T01:06:34+00:00","og_image":[{"width":426,"height":640,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/","name":"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg","datePublished":"2014-12-22T01:03:53+00:00","dateModified":"2014-12-22T01:06:34+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/DeCroo-jpg.jpg","width":426,"height":640},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bubiligi-bwiyemeje-guhagarika-inkunga-ya-miliyoni-40-rwagombaga-guha-u-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bubiligi bwiyemeje guhagarika inkunga ya Miliyoni 40 rwagombaga guha u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9138","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=9138"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9138\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9139"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=9138"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=9138"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=9138"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}