{"id":925,"date":"2012-08-09T22:44:12","date_gmt":"2012-08-09T20:44:12","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=925"},"modified":"2012-08-09T22:44:12","modified_gmt":"2012-08-09T20:44:12","slug":"congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/","title":{"rendered":"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza (Reuters) aravuga ko Leta ya Congo yanze ko ingabo z\u2019ibihugu bituranye na Congo birimo n\u2019u Rwanda zajya mu mutwe w\u2019ingabo zidafite aho zibogamiye<!--more--> zigomba gushyirwaho ngo zigenzure umupaka w\u2019u Rwanda na Congo ndetse zinarwanye imitwe y\u2019inyeshyamba nka M23 na FDLR.<\/p>\n<p>Abakuru b\u2019ibihugu bigize inama mpuzamahanga y\u2019ibiyaga bigari (CIRGL) ntabwo bashoboye kumvikana hagati yo gushyiraho ingabo z\u2019akarere gusa cyangwa ingabo mpuzamahanga.<\/p>\n<p>U Rwanda na Uganda, byari byasabwe n\u2019amahanga kureka guha inkunga inyeshyamba za M23, byifuzaga ko hajyaho ingabo zo mu karere. Ariko icyo cyifuzo Congo yaracyanze, isaba ko ahubwo ingabo za MONUSCO ziri muri Congo zakongererwa inshingano.<\/p>\n<p>Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Congo, Raymond Tshibanda yatangaje ko igihugu cye kizemera ingabo mpuzamahanga ariko iz\u2019u Rwanda n\u2019ibindi bihugu bituranye na Congo atavuze amazina ntabwo Congo izazemera.<\/p>\n<p>Kuri Raymond Tshibanda ngo icyoroshe kandi kihuse n\u2019ugukoresha uburyo n\u2019ubundi busanzwe muri Congo. Ngo ingabo zidafite aho zibogamiye ntizishobora kubamo u Rwanda, ngo kuko u Rwanda ubwarwo ruri muri icyo kibazo. Ngo ingabo zitera Congo ziva mu bihugu bituranye na Congo rero ni ibintu byumvikana ko ibyo bihugu bitaba muri izo ngabo.<\/p>\n<p>Ikindi Leta ya Congo yahakanye n\u2019uko itazagirana imishyikirano n\u2019inyeshyamba za M23. Ngo Leta ya Congo ntabwo ishaka ko M23 ikomeza kubaho nk\u2019umutwe, nk\u2019ingengabitekerezo, kandi ntabwo ishaka ko ibikorwa bya M23 bikomeza.<\/p>\n<p>Amakuru ava mu karere ka Rutshuru muri Kivu y\u2019amajyaruguru aravuga ko inyeshyamba za M23 zirimo gushyiraho ubutegetsi bw\u2019ibanze mu turere turi mu maboko yayo, ibyo bikaba biteye impungenge kuko hari ababibonamo gushaka gushinga akarere kigenga.<\/p>\n<p>Ibi byiyongereyeho kuba amahanga ashaka ko inyeshyamba za M23 zakwamburwa intwaro abakuru bazo bagashyikirizwa ubutabera nk\u2019uko byavuzwe n\u2019umunyamabanga wa Leta y\u2019Amerika ndetse no kuba abakuru b\u2019ibihugu bananiwe kumvikana bishobora gutuma imirwano yubura ifite ubukana kubera impamvu 2:<\/p>\n<p>-Ingabo za Congo kubera igitutu cy\u2019abaturage no kubona amahanga ayishyigikiye zishobora gutera zishaka kwisubiza uduce twafashwe n\u2019inyeshyamba za M23.<\/p>\n<p>&#8211; Inyeshyamba za M23 nk\u2019uko bigaragara zitangiye gushinga ubutegetsi bwayo zishobora gushaka gufata uduce tundi kugira ngo igitutu ku mahanga na Leta ya Congo kiyongere.<\/p>\n<p>Kuba Leta y\u2019u Rwanda irimo gushaka kuvugira M23 kandi akaba ari yo yayishinze ikanayishora mu ntambara, nihafatwa icyemezo cyo kuyirwanya n\u2019ingufu nyinshi z\u2019amahanga bishobora kugora u Rwanda kuko abantu ba M23 ntabwo bashobora kwemera guhura n\u2019ingorane bonyine ku buryo ibihugu bibafasha bishobora kwisanga amabanga yabyo yashyizwe hanze n\u2019ingaruka zajyana nabyo zirimo ubutabera mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Igitangaje nk&#8217;uko tubikesha BBC Gahuza Miryango n&#8217;uko umuvugizi w&#8217;inyeshyamba za M23, colonel JMV Kazarama yatangaje ko imyanzuro y&#8217;inama y&#8217;i Kampala muri M23 bayakiriye neza kuri we ngo M23 bayikuye mu mitwe y&#8217;inyeshyamba iteza umutekano muke muri Congo. Ntawamenya aho uyu muvugizi yabivanye kuko ntabwo bigaragara mu nyandiko y&#8217;isoza inama yashyizwe ahagaragara. Bibaye ari byo byaba biteye kwibaza icyo ingabo z&#8217;amahanga zaba zimaze mu gihe M23 yaba itagomaba kurwanywa kandi ikibazo nyamukuru kiri muri Kivu y&#8217;amajyaruguru ari M23 giturukaho.<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza (Reuters) aravuga ko Leta ya Congo yanze ko ingabo z\u2019ibihugu bituranye na Congo birimo n\u2019u Rwanda zajya mu mutwe w\u2019ingabo zidafite aho zibogamiye<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":926,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-925","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru atangazwa n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza (Reuters) aravuga ko Leta ya Congo yanze ko ingabo z\u2019ibihugu bituranye na Congo birimo n\u2019u Rwanda zajya mu mutwe w\u2019ingabo zidafite aho zibogamiye\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-09T20:44:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/\",\"name\":\"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-09T20:44:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"680\",\"height\":\"450\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru atangazwa n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza (Reuters) aravuga ko Leta ya Congo yanze ko ingabo z\u2019ibihugu bituranye na Congo birimo n\u2019u Rwanda zajya mu mutwe w\u2019ingabo zidafite aho zibogamiye","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-09T20:44:12+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/","name":"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-09T20:44:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"680","height":"450"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/congo-ntabwo-ishaka-u-rwanda-mu-ngabo-zidafite-aho-zibogamiye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Congo ntabwo ishaka u Rwanda mu ngabo zidafite aho zibogamiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/925","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=925"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/925\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=925"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=925"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=925"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}