{"id":9547,"date":"2015-02-09T17:40:18","date_gmt":"2015-02-09T15:10:18","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=9547"},"modified":"2015-02-09T18:03:18","modified_gmt":"2015-02-09T15:33:18","slug":"ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/","title":{"rendered":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera"},"content":{"rendered":"<p>Mbere na mbere ndagira ngo nshimire Alain Patrick ndengera ku nyandiko ye aherutse gusohora avuga ku rugendo aherukamo mu Rwanda. Impamvu mushimira ni uko inyandiko ze zo hambere\u00a0\u00a0iyo nabonaga iyanditswe n\u2019uwitwa Tito Kayijamahe nabaga niteguye gusoma inkuru zikura umutima abantu; zimwe bita <strong>byacitse<\/strong> ariko noneho inzandiko ze za none zirahumuriza, n\u2019iz\u2019amahoro uretse ko hataburamo ibitari ukuri, <strong>yaribeshye se cyangwa se yarabeshywe nk\u2019umuntu utaba mu gihugu?<\/strong><!--more--><\/p>\n<p>Nanjye ku giti cyanjye nifuzaga kukubwira uko mbizi nguhe n\u2019urugero rumwe\u00a0\u00a0nubwo bwose nta munzani upima ukuri ngo umenye niba ibyo nanjye nkubwiye\u00a0\u00a0ari ukuri cyangwa se ibinyoma.<\/p>\n<p>Mu nyandiko yawe harimo ingingo 3 uvugamo, ebyiri zibanza ntacyo nzivugaho kuko umutima wanjye wemeranya nawe kuko icyo umuturage uri mu Rwanda akeneye ni imibereho myiza mu buzima bwe bwa buri munsi.\u00a0\u00a0Ndashaka kwibanda ku ngingo\u00a0\u00a0ya gatatu aho uvuga ku rubyiruko n\u2019ubushomeri.<\/p>\n<p>Iyo uvuga ku kibazo cy\u2019ubushomeri\u00a0\u00a0wumvikanisha <strong>ko giterwa na bamwe mu banyeshuri babonye dipl\u00f4me zitagira valeur basanga kubona akazi bibagoye.<\/strong> <strong>Naho wabaha examen ngo bahatane ntibayitsinda kuko iyo gahunda yo kumenya ntayo bagize ahubwo baharaniye kugira dipl\u00f4me gusa. Uyu munyeshuri urangije uzamusaba kwihangira imirimo ahere hehe ntacyo azi mu by\u2019ukuri?\u00a0Urakomeza ukivuguruza uti:Kwihangira imirimo bisaba igishoro, kubona igishoro bisaba kugana banki ngo ikugurize, kugira ngo banki ikugurize bisaba ingwate, iyo ngwate uwo munyeshuri ntayo afite.<\/strong><\/p>\n<p>Ndagira ngo ngusobanurire ko kuba umushomeri muri iki gihugu bidaterwa n\u2019 ubumenyi buke no kugira dipl\u00f4me zidafite valeur nk\u2019uko ubikeka ahubwo biterwa na\u00a0<b>ruswa\u00a0<\/b>n\u2019<b>icyenewabo\u00a0<\/b>biri mu itangwa<b>\u00a0<\/b>ry\u2019akazi<b>.\u00a0<\/b>Ikimenyane cyo si cyane kuko usanga hari ubwo umuntu aba aziranye n\u2019abakomeye batanga n\u2019akazi ariko ntibimubuze kuba umushomeri kuko barakubwira ngo\u00a0<b>Umugabo arigira yakwibura agapfa\u00a0<\/b>nuko bigasekwa nk\u2019urwenya ariko akazi ntukabone kandi muziranye ahubwo akaba yakugurira byeri igifu kikuzura ariko ntaguhe akazi kuko hari umusaruro we ku giti cye ateganya kukabyaza.<\/p>\n<p>Ndashaka kuguha urugero rw\u2019ikigo kimwe muri iki gihugu cyari gikomeye, cyunguka ariko kikaba kigeze aharindimuka kubera ruswa n\u2019icyenewabo.\u00a0<b>Banki y\u2019Abarurage y\u2019u Rwanda (BPR Ltd).\u00a0<\/b>Nyuma y\u2019aho Banki z\u2019abaturage zihindutse banki y\u2019ubucuruzi ikitwa Banki y\u2019Abaturage y\u2019u Rwanda, amategeko agenga koperative yabuzaga abafitanye isano mu kazi yakuweho, recruitments zakorerwaga mu ma banki\u00a0y\u2019abaturage atandukanye zikurwaho ahubwo zose zikorwa au niveau central ni ukuvuha Kigali gusa.\u00a0\u00a0Nibwo habonetse icyuho cya ruswa n\u2019icyenewabo. Abaturage bafitemo amafaranga n\u2019imigabane bagenda batakaza ijambo kugeza na n\u2019ubu ho bisa n\u2019ibyabaye burundu uretse siyasa.<\/p>\n<p>Ubwo nibwo uwari Chief Network Officer\u00a0\u00a0Dieudonn\u00e9\u00a0MUREKEZI yarwanaga no kwinjizamo benewabo\u00a0<i>(from Congo)\u00a0<\/i>mu myanya ikomeye ndetse aboneramo na ruswa nyinshi mu ishyirwaho rya ba branch managers imyanya yari mishya kandi ihemba neza naho mugenzi we James KANSIIME\u00a0\u00a0wari Head of Human Resource department nawe arwana no kwinjizamo benewabo\u00a0<i>(from Uganda)<\/i>\u00a0ubwo ni nako amanyanga yakorwaga impande zose birangira bose bavuyemo uretse ko iyo mbuto babibye na n\u2019uyu munsi ikirimo yananiranye kuyirandura\u00a0<b>ahubwo yarafumbiwe, iravomerwa uyu munsi ni umushishe<\/b>\u00a0cyangwa se yabaye inganzamarumbo. Hano icyo nshaka kukubwira ni uko muri icyo gihe abinjiye mu kazi ari bashya bagahita bafata ya myanya ikomeye n\u2019abahawe ama promotions, ni\u00a0\u00a0ba bandi ahubwo bafite za dipl\u00f4me wavugaga zidafite valeur ba bandi usanga bafite ababakorera akazi ntacyo bazi mu gihe abafite ubwenge aribo bashomeri cyangwa se bari mu myanya isuzuguritse muri BPR\u00a0\u00a0kuko nta ruswa, nta na benewabo bakomeye bisangaho bafite. Ibi ni ikinyuranyo cy\u2019ibyo wavuze.<\/p>\n<p>Impamvu ntanze uru rugero si ukwikoma institution imwe (BPR), ahubwo ni urugero rumwe nibandaho ngo byumvikane neza kuko naguha ingero z\u2019indi institutions zigera muri eshatu, ariko reka ndangize urwo natangiye nkurikije amakuru umuntu agenda akura mu bantu batandukanye bakurikirana ubuzima bwa BPR umunsi ku wundi.<\/p>\n<p>Kuva yahabwa kuyobora Human Resources Department, Madame Claire KARIGIRWA ZANINKA, yarabihuhuye ndetse arusha n\u2019abamubanjirije. Kugira ngo\u00a0\u00a0bamwe babone promotions bashyiraga\u00a0\u00a0kuri konti ye amafaranga hagati ya Rwf 400,000 na Rwf 700,000 bitewe n\u2019umwanya ushaka uwo ariwe, abantu imitima irakuka, hakubitiraho ibitutsi byavaga mu kanwa ke n\u2019uburere buke yisanganiwe n\u2019uri mu mwanya ukomeye atagize icyo atanga akumva ko aho bucyera yirukanwa, ihakirizwa kuri bamwe rihabwa umwanya ukomeye kurusha gukora akazi ushinzwe. Ibi byaramenyekanye hose ku bazi BPR ariko nta muntu wigeze agira icyo abikoraho.<\/p>\n<p>Ndetse na CEO mushya ubwo yajyagaho muri 2013, abamuzi nk\u2019umugabo uri s\u00e9rieux ukunda umurimo bumvaga ko agiye kubikoraho, amanyanga agacibwa ariko nyuma y\u2019igihe gito abuze umufasha we, yaje kwisanga mu rukundo na Claire noneho icyari icyizere ko ibintu bigiye kujya mu buryo kiba kirarangiye burundu, ndetse na indemnit\u00e9s de caisse zafashaga\u00a0\u00a0abakora kuri guichets kwishyura ibihombo bagira azikuraho nk\u2019aho aribo bahembwa menshi.<\/p>\n<p>Muri 2014, hagiyeho Chief of H.R nawe bemezaga ko nta manyanga yareberera ndetse adashobora gukora nka Claire mbese ibintu byose muri H.R bigiye gukorwa mu mucyo kuburyo internal na external recruitments ari nta makemwa ariko si uko byagenze. Mu gihe gito gishize habaye external recruitment bashakaga aba Cashiers 7, mu bantu bagera kuri 2000 bari muri salle bakora exam, nta surveillance, bahamagarana kuri telephone babaza abantu batandukanye. Examen irangiye batashye nta cyizere bafite ko bakosorwa ahubwo bavuga ngo buriya barafata abo bashaka kuko iriya exam yari formalit\u00e9! Uyu munsi uwababaza amanota\u00a0\u00a0y\u2019abakoze examen ntibayabona.<\/p>\n<p>Nibarize\u00a0<b>Alain Patrick Ndengera:<\/b>\u00a0\u201cKo nyuma y\u2019igihe gito cyane hahamagawe abajya muri interview ubwo twakwizera ko abatsinze ari abahanga cyangwa se contrairement ni ba bandi uvuga bafite dipl\u00f4me sans valeur ariko bafite benewabo bakomeye muri BPR cyangwa se ababatangiye ruswa\u201d? Ndashaka kuguhamiriza ko abatsinze, nyuma y\u2019igihe gito uzabasanga mu myanya ikomeye muri bank barahawe promotion mbese ikibatindiye ni ukurangiza igihe cy\u2019igeragezwa! Ngicyo ikibazo urubyiruko rufite, ntabwo ubushomeri buterwa n\u2019ubuswa\u00a0<b>nubwo koko\u00a0\u00a0harimo abaswa bafite izo dipl<\/b><b>\u00f4me<\/b>\u00a0ariko ikibazo ni cash zo gutanga ngo ubone aho umenera cyangwa se ngo ubone uko unayatanga nawe ngo\u00a0\u00a0uzamuke, ku bamaze kukabona.<\/p>\n<p>Ngiyo impamvu nyamukuru banki y\u2019abaturage ihora mu gihombo ndetse nibinakomeza gutya izafunga imiryango nk\u2019ibindi bigo by\u2019imari byafunze. Reka kandi ihombe buri wese areba inyungu ze bose wagira ngo barasahuranwa n\u2019iminsi. Iyo unarebye ubusumbane buri mu mishahara nibwo uhita ubona ko abayishinzwe nta rukundo bayifitiye! Jyewe ku bwanjye\u00a0\u00a0BPR nayigereranya na Congo\u00a0<i>(DRC)<\/i>\u00a0ifite umutungo kamere uhagije ariko abaturage bayo ugasanga barakennye kurusha abandi ku isi kubera imiyoborere mibi na ruswa byayimunze.<\/p>\n<p><b>Mu gusoza<\/b>\u00a0, reka nkubwire; negereye umuntu umwe w\u2019inshuti yanjye ukora muri BPR ndamuganiriza nti ese sha wowe kuki utajya uzamuka ngo ubone promotion kandi uri umuhanga? Ati ntaho namenera. Nuko muha ingero z\u2019abantu batandukanye binjiye muri BPR nyuma ye nti ese bo bameneye he? Arandeba ati : Ko unzi neza n\u2019igisekuru hari ubwo waba uzi ko naturutse Congo\u00a0<i>(from Congo)<\/i>\u00a0noneho nkabona promotion nk\u2019abandi ko ari bo bari mu nyanya ikomeye ifata ibyemezo? Nuko arakomeza ati;\u00a0\u00a0abandi nabo baba bafite icyo batanze. Nanjye nti: Kuki se wowe utagitanga n\u2019imyaka yose umaze ukora? Nuko azunguza umutwen\u2019agahinda kenshi ati:\u00a0\u00a0Agashahara mpembwa ninkigomwa ngo nanjye ngire icyo ntanga, hanyuma bakakagaya bakantanga nkambara amapingu ngo ntanze ruswa bakanyuza kuri televiziyo si byo bibi kurushaho? Nanjye nti kuki abandi bo batabatanga? Nawe ati: Uzabanze umenye impamvu abashoferi bahaye abapolisi ruswa ya 2000-5000Frw aribo bafatwa! Kuki batajya berekana uwatanze ruswa ya menshi yenda nka 300,000Frw kuzamura. Ni uko se idatangwa? Nuko ndumirwa mbura icyo ndenzaho.<\/p>\n<p>Mugire umwaka mwiza wa 2015 n\u2019imishinga yubaka, itarangwamo akarengane na ruswa!<\/p>\n<p><b>Umusomyi wa The Rwandan!<\/b><\/p>\n<p><strong>Kigali<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbere na mbere ndagira ngo nshimire Alain Patrick ndengera ku nyandiko ye aherutse gusohora avuga ku rugendo aherukamo mu Rwanda. Impamvu mushimira ni uko inyandiko ze zo hambere\u00a0\u00a0iyo nabonaga iyanditswe n\u2019uwitwa Tito Kayijamahe nabaga niteguye gusoma inkuru zikura umutima abantu; zimwe bita byacitse ariko noneho inzandiko ze za none zirahumuriza, n\u2019iz\u2019amahoro uretse ko hataburamo ibitari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":9548,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-9547","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbere na mbere ndagira ngo nshimire Alain Patrick ndengera ku nyandiko ye aherutse gusohora avuga ku rugendo aherukamo mu Rwanda. Impamvu mushimira ni uko inyandiko ze zo hambere\u00a0\u00a0iyo nabonaga iyanditswe n\u2019uwitwa Tito Kayijamahe nabaga niteguye gusoma inkuru zikura umutima abantu; zimwe bita byacitse ariko noneho inzandiko ze za none zirahumuriza, n\u2019iz\u2019amahoro uretse ko hataburamo ibitari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-02-09T15:10:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2015-02-09T15:33:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"198\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"244\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera\",\"datePublished\":\"2015-02-09T15:10:18+00:00\",\"dateModified\":\"2015-02-09T15:33:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/\"},\"wordCount\":1220,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/02\\\/ndengera.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/\",\"name\":\"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/02\\\/ndengera.jpg\",\"datePublished\":\"2015-02-09T15:10:18+00:00\",\"dateModified\":\"2015-02-09T15:33:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/02\\\/ndengera.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/02\\\/ndengera.jpg\",\"width\":198,\"height\":244},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda","og_description":"Mbere na mbere ndagira ngo nshimire Alain Patrick ndengera ku nyandiko ye aherutse gusohora avuga ku rugendo aherukamo mu Rwanda. Impamvu mushimira ni uko inyandiko ze zo hambere\u00a0\u00a0iyo nabonaga iyanditswe n\u2019uwitwa Tito Kayijamahe nabaga niteguye gusoma inkuru zikura umutima abantu; zimwe bita byacitse ariko noneho inzandiko ze za none zirahumuriza, n\u2019iz\u2019amahoro uretse ko hataburamo ibitari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-02-09T15:10:18+00:00","article_modified_time":"2015-02-09T15:33:18+00:00","og_image":[{"width":198,"height":244,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera","datePublished":"2015-02-09T15:10:18+00:00","dateModified":"2015-02-09T15:33:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/"},"wordCount":1220,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg","articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/","name":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg","datePublished":"2015-02-09T15:10:18+00:00","dateModified":"2015-02-09T15:33:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/ndengera.jpg","width":198,"height":244},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ndasubiza-bwana-alain-patrick-ndengera\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndasubiza Bwana Alain Patrick Ndengera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9547","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=9547"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9547\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9548"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=9547"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=9547"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=9547"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}