{"id":9867,"date":"2015-03-21T19:42:28","date_gmt":"2015-03-21T17:12:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=9867"},"modified":"2015-03-21T19:42:53","modified_gmt":"2015-03-21T17:12:53","slug":"usenya-urwe-bamutiza-umuhoro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/","title":{"rendered":"Usenya urwe bamutiza umuhoro"},"content":{"rendered":"<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Banyarwanda, banyarwandakazi, bavandimwe, mbifurije amahoro, ihirwe n\u2019uburumbuke. Mbere ariko yo gukomeza mbagezaho igitekerezo cyanjye numva rwose ko ari n\u2019umuganda ngomba gutanga muri iki gihe igihugu\u00a0 cyanjye kandi cyacu u Rwanda, kigeze mu ikorosi rigoye, ndabanza nisegure kuri uwo wese\u00a0 ushobora kwitirirwa ibyo ngiye kuvuga kubera isano cyangwa umubano dufitanye\u00a0;\u00a0 amateka yacu adusaba kutareka ibintu bigera kure kandi byashoboraga kugira igaruriro. Ariko kandi sinabura no gushishikariza buri wese gushyiraho ake , ngo iri korosi ritazatunanira kurikata maze tukorama. Nimureke dutinyuke tubwizanye ukuri.<!--more--><\/p>\n<p><b>ISESENGURA<\/b><\/p>\n<p>Umutwe w\u2019iyi nyandiko nawuhisemo maze kumva ikiganiro\u00a0\u00ab\u00a0<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=oZQiglI39dU\">SOBANUKIRWA<\/a>\u00a0\u00bb cyahise kuri\u00a0 RTV muminsi ishize\u00a0; maze kucyumva nagize impungenge\u00a0 cyane\u00a0 kandi numva ndababaye.<\/p>\n<p>Ese ninde ugomba gusobanukirwa\u00a0? Ni perezida\u00a0 Paul KAGAME, ni umunyamategeko nka Evode UWIZEYIMANA\u00a0? Cyangwa umudepite nka Christine MUHONGAYIRE\u00a0? Ni umunyamakuru se nka Th\u00e9odore NTALINDWA dore ko Cl\u00e9ophas BARORE we nubwo ari we witwako ayoboye ikiganiro uhita wumva neza ko we yibereye mu rujijo yabuze uko asobanura\u00a0? Cyangwa wenda barashaka kumvisha wa muturage wirebera\u00a0 RTV n\u2019ubwo ari we barenga bakitirira ibivugwa\u00a0? Birababaje nyamara\u00a0! Ibivugwamo ni ukubeshyera gusa abaturage ariko ni no gushaka kuyobya\u00a0 perezida Paul KAGAME ngo yoreke u Rwanda.<\/p>\n<p>Mbere na mbere ku ikubitiro wumva ko umunyamakuru Cl\u00e9ophas BARORE yabuze aho ahera\u00a0 akagira n\u2019ingorane zo kubona amagambo abimbura ikiganiro. Aribaza inyito akwiye kugiha akayoberwa,\u00a0 ati\u00a0: amakuru adasanzwe kandi amakuru asanzwe (ibi kandi byumvikanisha ko atari ibitekerezo bya BARORE kuko\u00a0 tuzi neza ko BARORE afite uburambe buhagije mu itangazamakuru.) Arongera agashakisha ati ese ni impaka\u00a0? Ese ni icyifuzo\u00a0? Turabyita dute\u00a0?<\/p>\n<p>Mu kugitegura ntashingiro bagihaye kuburyo umunyamakuru abura n\u2019uko agitangiza. Ariko ku bwanjye nta n\u2019ishingiro\u00a0 gifite muri rusange. Mu kanya ngo hari ikibazo k\u2019irangira rya manda ya perezida\u00a0; mu kandi ngo ni ikibazo cyo kubungabunga ibyo tumaze kugeraho, \u00a0nyuma\u00a0 bakongera ngo barasaba guhindura itegeko nshinga, ibyo bintu kubibumbira hamwe ni ugushakisha.<\/p>\n<p><b>Kumenya igihugu n\u2019imikorere y\u2019inzego<\/b><\/p>\n<p>Ese niba abaturage babona ko ntamutekano bafite bakagerekaho\u00a0 no kwibeshya ko Paul KAGAME\u00a0 ari we ushinzwe kubarinda ntibigaragaza gusa ubujiji bwabo kandi ko batazi uko ibintu bikwiriye kugenda\u00a0? Ubwo murumva\u00a0 abo baturage hari aho babona uruhare rw\u2019inzego z\u2019ubuyobozi (institutions), cyangwa bahumwe amaso n\u2019abategetsi b\u2019ibikatu (les hommes forts)\u00a0bababeshya ko aribo mizero y\u2019igihugu kandi bazagenda ariko igihugu kigakomeza\u00a0? Ubwo se twibagiwe vuba impanuro twahawe, ko igihugu kiyobowe neza kigomba kurangwa n\u2019inzego nziza zihamye\u00a0 aho gushingira ku bategetsi bakanganye\u00a0!<\/p>\n<p>Nanone se niba manda ya Perezida irangiye akaba ataravuzeko ashaka gukomeza(wenda ngo azibarizwe)\u00a0 ndetse n\u2019ishyaka arimo rikaba ntacyo ryavuze (n\u2019ubwo nabyo atari impamvu yo gusenya igihugu\u00a0; kuko burya erega, niba twumva neza n\u2019ibyo turimo, itegeko nshinga ni ryo shingiro ry\u2019igihugu\u00a0!) mwumva niba hari abaturage babivuga atari ugushyanuka\u00a0? Nyamara unarebye abaturage bavugisha muri kiriya kiganiro usanga ari agakipe kamwe kandi gato (nirinze kuvuga agatsiko) ku buryo ubona ko nta gucukumbura (sondage) byabaye\u00a0 kandi si n\u2019imyigaragambyo bakoze\u00a0 ku buryo ku mugani wa\u00a0 BARORE umuntu atabura no kwibaza niba ari abo baturage\u00a0 bageze ku itangazamakuru cyangwa ari ryo ryabagezeho. Muri make bashatse abantu babavugisha\u00a0 ibyo\u00a0 bishakiye\u00a0 babigambiriye. Muri sous-titre handitse ngo \u00ab\u00a0Itegekonshinga\u00a0:icyo barivugaho n\u2019icyo rivuga\u00a0\u00bb\u00a0;aho kubanza kumva icyo rivuga bo bashatse kurivugisha ngo barihe igisobanuro bishakiye\u00a0!<\/p>\n<p>Nimutega amatwi neza muzasanga depite\u00a0 Christine aho kuba intumwa ya rubanda ahubwo avuga nk\u2019intumwa ya Leta\u00a0; aho ubundi yakagombye gutanga ubutumwa mu nteko ahubwo ashaka we ubwe kumvisha abantu ko rwose bikwiye guhindura itegeko nshinga\u00a0 inteko akoreramo itarabyigaho .Nabyo birababaje nyamara.<\/p>\n<p>Mu ijwi rya Th\u00e9odore bwo twumvako bishyushye kandi ko byatangiwe n\u2019umukuru w\u2019ishyaka\u00a0 PDI bwana MUSA Fazili . Mbere na mbere nabyo ni ugushyanuka no gusuzugura abayoboke b\u2019 ishyaka Perezida aturukamo ku buryo numva niba ritayobowe nabi nta kuntu ritamwiyama. \u00a0Byongeye uwo mugabo\u00a0 MUSA Fazili ni na we Ministiri w\u2019umutekano mu gihugu\u00a0. Ubwo se niyo abaturage babivuga hari uwatubuza kuvuga mu kinyarwanda ko umwera uturutse ibukuru bucya wakwiriye hose\u00a0?<\/p>\n<p>Ntakomeje gutinda ku magambo ya buri wese ngirango nabo ubwabo bagiye bumvikanisha ko hari impamvu nyinshi zituma itegeko nshinga rigomba gusumba kure amarangamutima n\u2019ibitekerezo abantu bamwe bifitiye ku giti cyabo.<\/p>\n<p><b>Perezida n\u2019inshingano ze<\/b><\/p>\n<p>Bityo rero nkaba nsaba Perezida\u00a0 Paul KAGAME\u00a0 ngo mu bushake n\u2019ubushishozi, yirinde kugwa mu mutego w\u2019abamushuka bashyushya rubanda imitwe,maze yamagane abo bose bamwoshya\u00a0 ngo ahungabanye itegeko we ubwe yarahiriyeho. Byaba ari ugusubira inyuma mu ijambo kandi nta mugabo ubigira.<\/p>\n<p>Ariko nanone niba muri biriya byose hihishemo n\u2019ubushake bwa Perezida bwo kugundira ubutegetsi\u00a0 nk\u2019uko bivugwa, namubwira nabwo ngo asigeho ntiyishinge abamukeza kuko ngo usenya urwe bamutiza umuhoro. Rwose ntarangazwe n\u2019abamutaka bamubeshya bakanamuvuga ibitaribyo. Wenda umuntu yamwibeshyaho , ariko Paul KAGAME siwe wenyine washobora kuyobora\u00a0 u\u00a0 RWANDA\u00a0; yewe si na we wenyine waruyobora neza kurusha abandi kandi rwose n\u2019ubwo ntako wenda atagize, ntitwavuga ko yanaruyoboye neza.<\/p>\n<p>Nanone birababaje muri iki gihe kumva hari abamugira igatangaza, nka Evode, bigatuma ageza n\u2019aho atinyuka gutukanira kuri Televiziyo y\u2019igihugu. Rwose ntagusebanya kurimo,\u00a0 mu Banyapolitike hafi ya bose Paul KAGAME siwe ufite parcours nziza\u00a0 kurusha abandi\u00a0. Niba\u00a0 Evode wenda atarabikurikiye neza\u00a0 dusanga mu mwirondoro wa Kagame uvugwa kandi wandikwa hari imyaka itaboneka neza\u00a0 ku buryo utayigereranya n\u2019umuntu warangije amashuli yisumbuye agakomeza muri kaminuza .Kuri ibyo rero hakaba n\u2019abavuga ko Evode ari we yaba yaranacaga imigani ngo <b>\u00ab\u00a0aventurier \u00bb<\/b> kuko ngo\u00a0\u00ab\u00a0 abo yavuze bose bashobora kuba baratambutse cyane\u00a0 KAGAME mu burere no mu mashuli\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p><b>Inama isumba izindi<\/b><\/p>\n<p>Iyo numva rero bariya bose bakora iyo bwabaga ngo bumvikanishe ko itegekonshinga ryahinduka ngo KAGAME\u00a0 akomeze abe Perezida , njye mba numva ari ukwanga kuvuga ukuri nkana .<\/p>\n<p>Wumvise Th\u00e9odore we, wumva ko uretse kubura uko agira ubundi yatanze ibisobanuro byose ndetse n\u2019ubwo yerekana ko yivuguruje ahubwo yatsindagiye\u00a0 ibyo yemera maze yibutsa abanyarwanda ko KAGAME yarambiranye , ku buryo n\u2019abaturanyi n\u2019inshuti bahisemo kumureka bakigira ku ruhande rw\u2019abamurwanya (ese koko niba umututsi ageze aho ashyigikira abavugwa ko bamwishe akanabahungiramo nk\u2019uko benshi babifungiye cyangwa twumva bivugwa,ubwo ibintu bigeze he\u00a0! ). Depite Christine we avugira mu kirere yabona byanze ngo amagambo azaharirwe nankana,\u00a0 ati ni ibya rubanda kandi ngo na KAGAME yivugiye ko atagira intwali yigana (id\u00e9al) , ahubwo ngo we arebera ku muturage\u00a0! Bigatuma rero umuntu yibaza ukuntu tuzasohoka muri iyo\u00a0\u00a0 muzunga\u00a0 (cercle vicieux)aho uwitwa umuyobozi ngo ariwe ahubwo uyoborwa (maze ngo n\u2019abayobozi bandi ntacyo yabigiraho) . Nizereko bitazaba byabindi bavuga ngo \u00ab\u00a0 le chasseur est devenu lui-m\u00eame le gibier\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Evode we n\u2019ubwo ashaka kwerekana ko itegeko rigomba rwose guhinduka asigamo ka mugobeko ngo ingaruka niziba mbi azabone uko azibukira akuremo ake karenge (ngo afite no kwisubirira muri Canada) nuko,\u00a0 ati <b>\u00ab\u00a0nakureka ugategeka uko ushaka ariko igihe cyagera abaturage bakakwamurura\u00a0\u00bb<\/b>\u00a0; cyane cyane ko n\u2019ariya mategeko ashaka guhuza usanga adahura neza. Hano ho yabeshye ko ari we wenyine waba yarasomye itegeko nshinga\u00a0; ariko usanga yaba yararisomye gusa mu kinyarwanda, ariko\u00a0 aha noneho ntazashake no kubeshya abazungu, kuko\u00a0 mu ndimi zabo ho bisobanutse neza\u00ab\u00a0En aucun cas, nul ne peut exercer plus de deux mandats pr\u00e9sidentiels\u00a0\u00bb umubare wa manda nturi mu mpamvu zishobora\u00a0 guhindura itegeko nshinga\u00a0.<\/p>\n<p>Ijambo ku ijambo muri kiriya kiganiro harimo byinshi bigaragaza ko\u00a0 abavugaga,\u00a0 bagenderaga\u00a0 gusa kubigezweho bakaba bagusha Perezida Paul KAGAME mu mutego\u00a0 maze na duke yabashije kugeraho\u00a0 tukayoka, \u00a0akazasiga isura mbi n\u2019igihugu akagisiga ahabi, bakajya bavuga ngo n\u2019ubundi ntaho yari kukigeza\u00a0!<\/p>\n<p>Ku bwanjye\u00a0\u00a0 numva\u00a0 ko Paul KAGAME atavukanye imbuto\u00a0 kandi ndizera ko\u00a0 na we\u00a0 abyumva kimwe nanjye\u00a0, bitabaye ibyo yaharira\u00a0 umwami KIGELI agasubiza iminsi inyuma. Niba hari ibyo KAGAME yabashije kugeraho no gukora ku buryo butangaje, ni uko yabimaraniye ku buryo bwose. Ariko KAGAME siwe musirikare mwiza\u00a0 mu Rwanda, siwe mutegetsi mwiza mu Rwanda, siwe munyarwanda mwiza kurusha abandi, n\u2019ibindi , n\u2019ibindi\u00a0\u2026Ubwo rero ataguye mu mutego w\u2019abamwoshya, yasezera neza,\u00a0 haba\u00a0 hari ibyo ashimirwa agashimwa ,haba ibyo agomba kubazwa akabibazwa (accountability) aho kugira ngo ibyo yatangiye abe ari na we ubisenya.<\/p>\n<p>Kuvuga gutya kandi si ugukabya . Ubuse afashe ubwo butegetsi kugeza ngo apfuye ,yaba yubahirije za ndangagaciro z\u2019ubuyobozi yarwaniye akarinda asiga ibitambo bingana kuriya inyuma ye\u00a0! Naho se kumwita umushoborabyose cyangwa umuziranenge\u00a0 we ntiyiyumvisha ko bihishe ikindi kintu\u00a0? Ubwo se ntibwaba ari uburyo bwo gufungirana abaturage muri bwa bujiji bwa kera (KAGAME atarubaka za kaminuza nyinshi), aho bavugaga ko abantu batareshya, ngo hari abagomba gutegeka n\u2019abagomba gutegekwa ndetse ngo hakaba n\u2019abavukanye imbuto kuburyo undi wabitekereza\u00a0 yabaga\u00a0 atagomba kubaho\u00a0 ngo kuko yabaga\u00a0 ari inkunguzi\u00a0! Birababaje nyamara\u00a0!<\/p>\n<p><b>Umwanzuro<\/b><\/p>\n<p>Maze rero bavandimwe Banyarwanda, Banyarwandakazi, ubu sindangije umuganda wanjye ahubwo\u00a0 ntuye ikivi .Gusa twibuke ko u Rwanda ari igihugu (une nation) gituwe n\u2019abaturage bakeneye kubaho, bakishyira bakizana iwabo, bakagira ijabo ribahesha n\u2019ijambo hose\u00a0. Ni igihugu kigomba guseruka mu ruhando rw\u2019amahanga kirangwa n\u2019umuco utari umucezo, ahubwo umuco uboneye uburenganzira bwa buri wese n\u2019indangagaciro nziza ziha buri munyarwanda\u00a0 kumva yizeye ejo hazaza,\u00a0 ashobora gutera imbere ku buryo\u00a0 bibaye\u00a0 ngombwa yanaserukira igihugu, akaba yanakiyobora\u00a0 nta shiti, nta rwikekwe, nta n\u2019izindi mpungenge izo arizo\u00a0 zose.<\/p>\n<p>Harakabaho RWANDA nziza\u00a0; harakabaho Demokarasi mu Rwanda, maze Imana irutahemo.<\/p>\n<p><strong>\u00a0P.\u00a0 Athanase MUTARAMBIRWA.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp; Banyarwanda, banyarwandakazi, bavandimwe, mbifurije amahoro, ihirwe n\u2019uburumbuke. Mbere ariko yo gukomeza mbagezaho igitekerezo cyanjye numva rwose ko ari n\u2019umuganda ngomba gutanga muri iki gihe igihugu\u00a0 cyanjye kandi cyacu u Rwanda, kigeze mu ikorosi rigoye, ndabanza nisegure kuri uwo wese\u00a0 ushobora kwitirirwa ibyo ngiye kuvuga kubera isano cyangwa umubano dufitanye\u00a0;\u00a0 amateka yacu adusaba kutareka ibintu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":9870,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-9867","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"&nbsp; Banyarwanda, banyarwandakazi, bavandimwe, mbifurije amahoro, ihirwe n\u2019uburumbuke. Mbere ariko yo gukomeza mbagezaho igitekerezo cyanjye numva rwose ko ari n\u2019umuganda ngomba gutanga muri iki gihe igihugu\u00a0 cyanjye kandi cyacu u Rwanda, kigeze mu ikorosi rigoye, ndabanza nisegure kuri uwo wese\u00a0 ushobora kwitirirwa ibyo ngiye kuvuga kubera isano cyangwa umubano dufitanye\u00a0;\u00a0 amateka yacu adusaba kutareka ibintu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-03-21T17:12:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2015-03-21T17:12:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"420\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"351\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/\",\"name\":\"Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg\",\"datePublished\":\"2015-03-21T17:12:28+00:00\",\"dateModified\":\"2015-03-21T17:12:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg\",\"width\":420,\"height\":351},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Usenya urwe bamutiza umuhoro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda","og_description":"&nbsp; Banyarwanda, banyarwandakazi, bavandimwe, mbifurije amahoro, ihirwe n\u2019uburumbuke. Mbere ariko yo gukomeza mbagezaho igitekerezo cyanjye numva rwose ko ari n\u2019umuganda ngomba gutanga muri iki gihe igihugu\u00a0 cyanjye kandi cyacu u Rwanda, kigeze mu ikorosi rigoye, ndabanza nisegure kuri uwo wese\u00a0 ushobora kwitirirwa ibyo ngiye kuvuga kubera isano cyangwa umubano dufitanye\u00a0;\u00a0 amateka yacu adusaba kutareka ibintu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-03-21T17:12:28+00:00","article_modified_time":"2015-03-21T17:12:53+00:00","og_image":[{"width":420,"height":351,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/","name":"Usenya urwe bamutiza umuhoro - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg","datePublished":"2015-03-21T17:12:28+00:00","dateModified":"2015-03-21T17:12:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/03\/kagame.jpg","width":420,"height":351},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usenya-urwe-bamutiza-umuhoro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Usenya urwe bamutiza umuhoro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9867","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=9867"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/9867\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9870"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=9867"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=9867"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=9867"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}