Muri iki kiganiro Bombori Bombori, umuhanzi Kizito Mihigo agaragara mu kiganiriro cy’urwenya kijyanye kitwibutsa ibikorwa bye igihe yari akiriho.
Tariki ya 25 Nyakanga 2020, Kizito yari kuba yizihiza isabukuru y’imyaka 39 y’amavuko.
Iki kiganiro tugituye abo mu muryango wa Kizito, abo bakoranye barimo Niyomugabo Gerard n’abandi bazize kuba barifuzaga ubumwe bw’abanyarwanda.