Trending Now
Guverineri yatawe muri yombi nyuma yo guhagarikwa ku kazi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) ruvuga ko ku wa gatatu rwataye muri yombi uwari umukuru w'intara y'uburasirazuba, nyuma yuko ahagaritswe kuri uwo mwanya.
Mbere yaho...
Nzizera Aimable avuga ko asabira imbabazi umunyamakuru Manirakiza
Umunyamakuru Theogene Manirakiza arasaba urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge gusesa icyemezo kimufunga by’agateganyo ku cyaha cyo...
Emmanuel Gasana aremera ko ashobora kuba yarakoze amakosa ariko ko bitaba icyaha
Ubushinjacyaha mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare mu ntara y’uburasirazuba bwashyikirije urukiko Emmanuel Gasana wahoze ayiyobora...
Dr Christopher Kayumba yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri isubitse
Urukiko rukuru mu Rwanda rwahanishije Dr Christopher Kayumba igifungo cy’imyaka ibiri isubitse kandi gifite agaciro...
Munyenyezi ararega ubushinjacyaha gukoresha inyandiko mpimbano
Mu Rwanda, urukiko rwisumbuye rwa Huye rwemeje ko Béatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya jenoside yabaye...
Théogène Manirakiza w’Ukwezi TV yatunguwe no kuregwa icyaha cyo gukangisha gusebanya atari cyo yafatiwe
Ubushinjacyaha mu rukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali bwasabiye umunyamakuru Théogène Manirakiza gufungwa...
POLITIKI MU BUHUNGIRO – IZI NDA ZIZAFATA NTANGARE !
Mperutse kumva ikiganiro kuri radiyo yitwa TheRock, naragishimye ariko kuko nta byera ngo de, nifuje kugira icyo nganiriza abantu ngihereyeho. Icyo kiganiro ni igifite...
FPR-Inkotanyi ngo zazanye demokarasi
Kuri FPR Inkotanyi gushyira mu bikorwa ibyo yemereye abaturage ni ibintu bihabanye cyane. Yitwaje ibinyoma n’akalimi gasize umunyu, ibeshya amahanga, ibeshya abanyarwanda, ko igamije...
IBYO TWABASOMEYE
Kazungu Ukekwa Kwica Abantu Akabata mu Cyobo mu Nzu
Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda ruremeza amakuru y’ubwicanyi bukekwa k’uwitwa Denis Kazungu aho yicaga abantu akabataba mu cyobo yari yaracukuye mu nzu yakodeshaga. Ni nyuma...
Exercise Hard Punch 4
Ku nshuro ya kane yari ikozwe n’igisirikare cy’u Rwanda, iyi myitozo isozwa n’imyiyereko iba yitabiriwe n’abakuru b’ingabo ndetse n’umugaba wazo w’ikirenga ari we perezida...