INAMA MPUZAMAHANGA KU RUHARE RW’UMURYANGO W’ABIBUMBYE MU RWANDA.

Jonathan Musonera Prezida wa Komite y'Ubuyobozi bwa KOMISIYO UKURI RWANDA

Rwanda Truth Commission (Komisiyo Ukuri Rwanda)

Irarikiye ababyifuza mwese kuzaza mu nama mpuzamahanga ku ruhare
rw’umuryango w’abibumbye ku gihugu cy’u Rwanda.

Iyo nama izabera I Buruseli mu Bubiligi

Ku wa 07 Mata 2018

Amasaha: 10:00 – 16:00

Ibizaganirwaho:

-LONI (ONU) yitwaye ite ku kibazo cy’u Rwanda kuva muri 1945 kugez’ubu?

-Ubutabera ku byaha byakozwe na FPR Inkotanyi

Kwinjira ni ubuntu.

Kwiyandikisha bizarangira ku wa 31.03. 2018

Kwiyandikisha ni kuri email: [email protected]

Icyumba cy’inama kizamenyeshwa abaziyandikisha mu minsi ya vuba.

 

Bikorewe I Buruseli ku wa 5 Gashyantare 2018.

The Rwanda Truth Commission
Jonathan Musonera
Prezida wa Komite Nshingwabikorwa