Police y’u Rwanda iravuga ko uwagonze John Williams Ntwali afungiye ku Kicukiro

Umunyamakuru w’Umunyarwanda, Ntwali John Williams, yitabye Imana. Urupfu rwe rwamenyekanye ejo ku wa kane ntiruvugwaho rumwe.

Polisi y’u Rwanda ivuga ko yazize impanuka. Abanyamakuru bagenzi be, inshuti n’abavandimwe barasaba ubutegetsi gukora iperereza rigaragaza neza iby’urupfu rwe.

Umva inkuru irambuye hano hepfo mu ijwi ry’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa.