AmakuruBisa n'ukuri Gutinyuka kuvuga ibitagenda mu Rwanda ni ukwikoraho October 8, 2017 Share on Facebook Tweet on Twitter Kuvuga ibitagenda mu Rwanda no gushaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika bimeze nko kwikoraho. Uurgero ni Diane Rwigara n'umuryango we bakomeje kugaraguzwa agati.