Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nyakanga 2019 mu rubanza rw’ubujurire rwitiriwe Lt Joel Mutabazi na bagenzi be, uwitwa Innocent Kalisa nawe wahoze mu barında Perezida Kagame akana n’umuvandimwe na Camir Nkurunziza umaze imini yiciwe muri Afrika y’Epfo yemeye ibyaha byose aregwa aranapfukama azamura amaboko mu rukiko asaba imbabazi ari nako ashinja Lt Joel Mutabazi.
Mushobora kumva uko urubanza rwagenze kuri micro ya Eric Bagiruwubusa umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika i Kigali wari mu rukiko: