Nyuma y’itangazo z’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rivuga ko Major Callixte Sankara ari mu maboko y’urwo rwego, Ministre w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Dr Richard Sezibera yahaye ikiganiro abanyamakuru yemeza ko Major Callixte Sankara yafashwe ari mu maboko ya Leta y’u Rwanda ngo kugira ngo afatwe hakoreshejwe inzira za diplomasi.
Ikiganiro Dr Sezibera yahaye itangazamakuru wacyumva hano hasi: