Rudasingwa yamwirukanye ku kazi no mu nzu amuziza kuba diplomate wanze iyicwa ry’impunzi muri Congo

Marianne Baziruwiha yagiye mu nama ambassador Theogene Rudasingwa aganira na leta y’abanyamerika bategura gutera inkambi z’impunzi muri Kongo. Amaze kubyanga Rudasingwa yamwirukanye muri ambassade no mu nzu we n’abana bane babura aho baba bajya kuba hanze. Ubuhamya bwe muri iyi video.