Rwanda/Jenoside: Ni bande Jambo Asbl igiye kujyana mu rukiko? Kubera izihe mpamvu?

Gustave Mbonyumutwa Mutware

Ibisubizo ni muri iki kiganiro twagiranye na Perezida w’Inama y’ubuyobozi ya Jambo Asbl, Gustave Mutware Mbonyumutwa, kuwa gatanu tariki ya 07/09/2018.

Arasobanura ko hari abakomeje gukwiza ibinyoma bashinja Jambo Asbl ko ihakana jenoside yakorewe abatutsi, mu gihe iri shyirahamwe ryo riyayihakana nk’uko ryabigaragarje mu nyandiko no mu biganiro bakora.

Gustave Mbonyumutwa aravuga ko bagiye kujyana mu rukiko abo bayishinja ibyo binyoma kuko uretse n’uburemere bwabyo, ngo bimaze kuba akamenyero ko kubisubiramo.