ESE KOKO HARI IBINTU WAREBA UGAHITA UMENYA UBWOKO BW’UMUNYARWANDA?

Abantu banyuranye bakomeje gutanga ibitekerezo bihabanye ku kibazo cy’amoko mu Rwanda; hari abemeza ko hari ibyo umuntu ashobora kwitegereza agahita amenya ubwoko bw’umunyarwanda.

Muri ibyo ngo hakaba harimo nk’ukuntu aba asa (morphologie). Abandi ariko basanga ibyo bitekerezo nta nshingiro bifite.

1 COMMENT

  1. Bwana Munyamakuru Sebahire,Mukiganiro kizakurikira, muzatubarize cyane cyane kuki abatusi iyo bari ku butegetsi mu Rwanda no mu Burundi, bavuza induru ko abatutsi bakandamizwa kandi bibasiwe… ariko igihe baburiho ( Burundi: 1966-2005, Rwanda depuis1994) bigisha ko aoiko hutu-tutsi ataba ho)?

Comments are closed.