Abantu banyuranye bakomeje gutanga ibitekerezo bihabanye ku kibazo cy’amoko mu Rwanda; hari abemeza ko hari ibyo umuntu ashobora kwitegereza agahita amenya ubwoko bw’umunyarwanda.
Muri ibyo ngo hakaba harimo nk’ukuntu aba asa (morphologie). Abandi ariko basanga ibyo bitekerezo nta nshingiro bifite.
Bwana Munyamakuru Sebahire,Mukiganiro kizakurikira, muzatubarize cyane cyane kuki abatusi iyo bari ku butegetsi mu Rwanda no mu Burundi, bavuza induru ko abatutsi bakandamizwa kandi bibasiwe… ariko igihe baburiho ( Burundi: 1966-2005, Rwanda depuis1994) bigisha ko aoiko hutu-tutsi ataba ho)?