Col Byabagamba yavuze ko atanga Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Nzeli 2019, i Kigali mu rukiko rw’ubujurire hakomeje ukwiregura kwa Col Tom Byabagamba mu rubanza areganwamo na muramu we Gen Frank Rusagara.

Kuri uyu munsi Col Byabagamba yahanganye n’ubushinjacyaha avuga ku batangabuhamya biganjemo abasirikare bagenzi be bamushinje amagambo yavuze mu bihe bitandukanye ayo magambo ngo akaba afatwa nko gushishikariza abantu kwanga ubutegetsi buriho mu Rwanda no kubwivumburaho.

Ni mu nkuru y’umunyamakuru Eric Bagiruwubusa wa Radio Ijwi ry’Amerika wari mu rukiko: