Ese Leta y’u Rwanda ntiyaba igize Covid 19 umugozi inigisha abanyamakuru

Obed Ndahayo

Kuva icyorezo cya Corona virus cyatangira, Leta y’u Rwanda imaze gushyira muli gereza abanyamakuru batandatu.

Icyita rusange ni amakuru bajyaga bakora avuga akarengane k’abaturage n’uko bahaga ijambo abatagendera mu murongo umwe na FPR, ishyaka rifite ubutegetsi