Mu kiganiro Murisanga, umunyamakuru Geoffrey Mutagoma wa Radio Ijwi ry’Amerika, yateguye ikiganiro ku kibazo kijyanye n’umuhanzi Jean Paul Samputu wavuzweho amagambo akarishye agayirwa kwitabira ibikorwa by’umuryango KMP wa Kizito Mihigo.
Hatumiwe:
– Damien Nkaka, umwe mu bumvikanye yibasira Jean Paul Samputu amuziza kwitabira ibyo kwizihiza umunsi w’amavuko wa Kizito Mihigo
-Umuhanzi Masabo Nyangezi
-Umuhanzi Jean Paul Samputu.
Mwakumva ikiganiro cyose hano hasi: