Mu muhango wo kwibuka Col. Patrick Karegeya bati: “ikivi watangiye tuzacyusa”

Kuwa gatandatu tariki ya 17 Gashyantare 2018 i Buruseli mu Bubiligi, hahuriye abanyarwanda bo mu bihugu byo ku mugabane w’i Burayi mu rwego rwo kwibuka Col. Patrick Karegeya.

Batuye igitambo cya misa, nyuma banaganira ku mibereho y’igihugu cyabo muri iki gihe.

Bavuze ko hari byinshi Col. Karegeya yakoze agamije impinduramatwara nziza ku banyarwanda, bityo bakaba basanga ikivi yatangiye bagomba kucyesa.

Muri iyi vidéo murabona incamake z’ibuavugiwe muri iyo mihango.