Police y’u Rwanda yasabye imbabazi ku rupfu rwa Ngaboyamahina.

Flavier Ngaboyamahina

Nyuma y’inkuru yatangajwe na The Rwandan ku rupfu rw’umusore Flavier Ngaboyamahina wazize gukubitwa na police, twashoboye kubona ubuhamya burambuye bw’uko Flavier Ngaboyamahina yapfuye n’ibyakurikiye urupfu rwe birimo ubufasha Police yahaye umuryango we mu ihambwa rye ndetse n’imbabazi zasabwe umuryango wa Nyakwigendera.

Mwakumva ubwo buhamya bwose hano hasi:

.