Raporo ya Amerika ku burenganzira bwa muntu yagarutse ku rupfu rwa Me Donat Mutunzi.

Me Donat Mutunzi (ibumoso) igihe yaburaniraga Dr Léon Mugesera

Muri raporo yayo y’ibyabaye mu mwaka wa 2018 ku bijyanye n’ubureganzira bw’ikiremwamuntu, Leta y’Amerika yagarutse ku rupfu rwa Me Mutunzi Donat waguye aho yari afungiye muri station ya polisi, Leta y’u Rwanda ikavuga ko yiyahuye.

Radio Ijwi ry’Amerika yavuze ku bivugwa ku Rwanda muri iyo raporo: