Ibitekerezo Jean Mbanda aragaya imyitwarire ya Rutaremara na Twagiramungu. January 2, 2021 Share on Facebook Tweet on Twitter Jean Daniel Mbanda Jean Mbanda aratabaza ku magambo asa n’asura amahano yakoreshejwe na Tito Rutaremara mu mpera z’uyu mwaka dusoje wa 2020 n’ajya akoreshwa na Twagiramungu Faustin n’abandi.