Leta y’u Rwanda yatangiye igikorwa cyo guha bamwe mu baturage batishoboye ibiribwa ifatanyije na bamwe mu baturage biyemeje gufasha bagenzi babo.
Ariko bamwe mu baturage baravuga ko inkunga idahagije bakumva ko hari ibirenzeho byagombye gukorwa.
Leta y’u Rwanda yatangiye igikorwa cyo guha bamwe mu baturage batishoboye ibiribwa ifatanyije na bamwe mu baturage biyemeje gufasha bagenzi babo.
Ariko bamwe mu baturage baravuga ko inkunga idahagije bakumva ko hari ibirenzeho byagombye gukorwa.